• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
October 17, 2025
in Imyidagaduro
0
5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga
0
SHARES
56
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umunyarwenya, Iryamukuru Etienne, uzwi cyane ku izina rya 5k Etienne, ari mu byishimo bikomeye nyuma yo gusoza amasomo ye yโ€™icyiciro cya kabiri cya kaminuza (Bachelorโ€™s Degree) muri Mount Kenya University. Ku munsi wejo hashize ku wa kane taliki ya 16 Ukwakira nibwo yasoje amasomo ye mu ishami rya Business and ICT, aho yari amaze imyaka itatu yiga ahuza ubucuruzi nโ€™ikoranabuhanga. Ni urugendo avuga ko rwari rurerure ariko rufite isomo rikomeye ryโ€™ubwitange, kwihangana no kwizera kwejo hazaza he.

Mu gusoza amasomo ye, Iryamukuru yamuritse umushinga udasanzwe yise โ€œPlayer Injury and Medical Assistance Linkage, A Case Study of Rwanda Premier League.โ€ Uyu mushinga ugamije gufasha mu gukurikirana amakuru ajyanye nโ€™imvune zโ€™abakinnyi bโ€™umupira wโ€™amaguru mu Rwanda, ukazahuza amakuru yโ€™abaganga, amakipe ndetse nโ€™abakinnyi ubwabo binyuze mu ikoranabuhanga.

Nkโ€™uko yabivuze mu biganiro yagiranye nโ€™inshuti ze ku mbuga nkoranyambaga, Iryamukuru yavuze ko iki gitekerezo cyaturutse ku rukundo afitiye ruhago nyarwanda, no kubona ko hari icyuho mu buryo amakuru yโ€™imvune atangwa cyangwa abikwa.

Yavuze ati: โ€œNifuzaga uburyo amakuru ajyanye nโ€™imvune zโ€™abakinnyi yabikwa neza, abakozi bโ€™ubuvuzi bakayabona byihuse, nโ€™amakipe akabasha gutegura gahunda zโ€™ubuvuzi zinoze.โ€

Abakurikira uyu musore bamusabiye imigisha, benshi bamushima ku bwโ€™umuhate we wo kwiga atabivanga nโ€™akazi ke kโ€™urwenya nโ€™itangazamakuru.

Uretse kuba umunyarwenya ukora ibintu bitandukanye byiganjemo ibitwenge nโ€™ubuvanganzo, Iryamukuru azwi kandi nkโ€™umusore ukunda ikoranabuhanga no gutekereza ku mishinga ifite inyungu muri rusange.

Uyu mushinga we ushobora kuzagira uruhare rukomeye mu guteza imbere uburyo amakuru ajyanye nโ€™imvune nโ€™ubuvuzi bwโ€™abakinnyi akurikiranwa mu Rwanda, ukaba ugaragaza ko ubumenyi bwo muri kaminuza bushobora no kuba igisubizo cyโ€™ibibazo biboneka mu mikorere yโ€™ikipe cyangwa se muri ruhago nyarwanda uko ifatwa mu mikino.

Ni intambwe nshya mu rugendo rwโ€™umusore watangiye nkโ€™umunyarwenya ariko ubu ukomeje kwagura imipaka mu buhanga nโ€™iterambere ryโ€™ikoranabuhanga kugeza ubu.

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

Next Post

Rwamagana: Umusore arakekwaho kwica umukunzi we amukase ijosi

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Rwamagana: Umusore arakekwaho kwica umukunzi we amukase ijosi

Rwamagana: Umusore arakekwaho kwica umukunzi we amukase ijosi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026

Recent News

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

ยฉ 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

ยฉ 2024 KasukuMedia.com