• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Abakunzi b’umupira w’amaguru bahora bibaza uko byari kugenda iyo Pogba yerekeza i Madrid

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
February 2, 2026
in Imikino
0
Abakunzi b’umupira w’amaguru bahora bibaza uko byari kugenda iyo Pogba yerekeza i Madrid
0
SHARES
6
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Paul Pogba yongeye gukurura amarangamutima y’abakunzi b’umupira w’amaguru nyuma yo gutangaza ko mu 2016 yari hafi kwerekeza muri Real Madrid, ariko umutima we ukamuganisha kongera gusubira muri Manchester United. Ibi yabitangaje mu kiganiro Beyond the Pitch podcast, aho yavuze ko Real Madrid yamwifuzaga bikomeye, ndetse we ubwe akaba yarabitekerezagaho cyane.

Pogba yagize ati: “Real Madrid kuri njye natekerezaga kujyayo, ariko nanone ntekereza Manchester United. Umutima wanjye wambwiye gusubira i Manchester. Sinzi impamvu nyayo, ariko ni ho nahisemo, kandi sinabyicuza na rimwe.” Aya magambo agaragaza ko icyemezo cye kitari gishingiye gusa ku mafaranga cyangwa ku bikombe, ahubwo yari impamvu y’umutima nama we.

Icyakora, abakunzi b’umupira bagifite amatsiko yo kwibaza uko byari kugenda iyo Pogba ajya muri Real Madrid. Tekereza hagati mu kibuga hari Pogba afatanya na Luka Modrić na Toni Kroos ubuhanga, imbaraga n’uburambe byose bigahurira hamwe. Byari kuba ari amateka adasanzwe mu mupira w’i Burayi.

Uyu munsi, amateka yongeye guhura n’ukuri. Pogba, ubu ukinira ikipe ya AS Monaco, ari buze gusura Santiago Bernabéu ahura na Real Madrid. Ni umukino ufite igisobanuro gikomeye, wibutsa amahirwe yigeze kubaho ariko ntagerweho. Nubwo atigeze yambara umwambaro w’i Madrid, izina rya Pogba riracyafite umwihariko mu mateka y’umupira w’amaguru, kandi amahitamo ye akomeza kuba isomo ku bakinnyi benshi akizamuka.

Abakunzi b’umupira w’amaguru bahora bafite amatsiko yo kwibaza uko byari kugenda iyo Pogba ajya muri Real Madrid icyo gihe

ADVERTISEMENT
Previous Post

Kendrick Lamar yanditse amateka mu bihembo bya Grammy Awards

Next Post

Uhora wibaza aho wafatira amafunguro n’icyo kunywa kandi biteguwe kinyamwuga?

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Uhora wibaza aho wafatira amafunguro n’icyo kunywa kandi biteguwe kinyamwuga?

Uhora wibaza aho wafatira amafunguro n'icyo kunywa kandi biteguwe kinyamwuga?

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Uhora wibaza aho wafatira amafunguro n’icyo kunywa kandi biteguwe kinyamwuga?

Uhora wibaza aho wafatira amafunguro n’icyo kunywa kandi biteguwe kinyamwuga?

February 2, 2026
Abakunzi b’umupira w’amaguru bahora bibaza uko byari kugenda iyo Pogba yerekeza i Madrid

Abakunzi b’umupira w’amaguru bahora bibaza uko byari kugenda iyo Pogba yerekeza i Madrid

February 2, 2026
Kendrick Lamar yanditse amateka mu bihembo bya Grammy Awards

Kendrick Lamar yanditse amateka mu bihembo bya Grammy Awards

February 2, 2026
Kapiteni lan Kagame yitabiriye umukino wahuje ikipe asanzwe akinira ya Republican Guard yatsinzemo Special Operations Forces

Kapiteni lan Kagame yitabiriye umukino wahuje ikipe asanzwe akinira ya Republican Guard yatsinzemo Special Operations Forces

January 31, 2026

Recent News

Uhora wibaza aho wafatira amafunguro n’icyo kunywa kandi biteguwe kinyamwuga?

Uhora wibaza aho wafatira amafunguro n’icyo kunywa kandi biteguwe kinyamwuga?

February 2, 2026
Abakunzi b’umupira w’amaguru bahora bibaza uko byari kugenda iyo Pogba yerekeza i Madrid

Abakunzi b’umupira w’amaguru bahora bibaza uko byari kugenda iyo Pogba yerekeza i Madrid

February 2, 2026
Kendrick Lamar yanditse amateka mu bihembo bya Grammy Awards

Kendrick Lamar yanditse amateka mu bihembo bya Grammy Awards

February 2, 2026
Kapiteni lan Kagame yitabiriye umukino wahuje ikipe asanzwe akinira ya Republican Guard yatsinzemo Special Operations Forces

Kapiteni lan Kagame yitabiriye umukino wahuje ikipe asanzwe akinira ya Republican Guard yatsinzemo Special Operations Forces

January 31, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Uhora wibaza aho wafatira amafunguro n’icyo kunywa kandi biteguwe kinyamwuga?

Uhora wibaza aho wafatira amafunguro n’icyo kunywa kandi biteguwe kinyamwuga?

February 2, 2026
Abakunzi b’umupira w’amaguru bahora bibaza uko byari kugenda iyo Pogba yerekeza i Madrid

Abakunzi b’umupira w’amaguru bahora bibaza uko byari kugenda iyo Pogba yerekeza i Madrid

February 2, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com