• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Abasore batatu b’Abanyarwanda bagiye gukina mu Budage

JaySqueezer by JaySqueezer
December 22, 2024
in Imikino
0
Abasore batatu b’Abanyarwanda bagiye gukina mu Budage
0
SHARES
14
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Nyuma yo gutsinda igeragezwa bari bamazemo iminsi mu Irerero rya Bayern Munich, abana batatu b’Abanyarwanda bamaze gushimwa n’iyi kipe ndetse bahawe nimero bazambara mu marushanwa y’i Burayi.

Tariki ya 14 Nzeri 2024, ni bwo Irumva Nerson, David Okoce na Ndayishimiye Barthazar bahagurutse mu Rwanda berekeza i Munich mu Budage.

Aba bana bose, bari bagiye mu igeragezwa, aho mu gihe bagombaga kwitwara neza, bari guhita bahabwa amahirwe yo kuguma mu makipe y’abato ya Bayern Munich.

Ni na ko byaje kugenda, aba bana babigiriyemo umugisha maze bose barashimwa ndetse bahabwa nimero bazambara umwaka utaha.

Uretse kuguma mu makipe y’abato ya Bayern Munich, aba bana bazanashakirwa andi makipe i Burayi bakinamo mu gihe baba bakomeje kuzamura urwego.

Academy ya Beyern Munich isanzwe itoranya abana bagaragaza impano kurusha abandi muri ruhago, ikaba amahirwe yo kuyikarishya bigendanye n’amasezerano u Rwanda rufitanye na FC Bayern Munich yo mu Cyiciro cya Mbere mu Budage.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Perezida Tshisekedi yagiriye uruzinduko muri Congo Brazzaville

Next Post

RIB yafunze abayobozi bakekwaho gutanga amasoko mu buryo bunyuranyije n’amategeko

JaySqueezer

JaySqueezer

Next Post
RIB yafunze abayobozi bakekwaho gutanga amasoko mu buryo bunyuranyije n’amategeko

RIB yafunze abayobozi bakekwaho gutanga amasoko mu buryo bunyuranyije n’amategeko

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Umuhanzi Nyarwanda Uzwi nka Chris Hat yasohoye Indirimbo Nshya ( Tsalala)

Umuhanzi Nyarwanda Uzwi nka Chris Hat yasohoye Indirimbo Nshya ( Tsalala)

February 6, 2026
Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

February 6, 2026
Gemini ikomeje kurusha OpenAI icyizere mu ishoramari rya AI

Gemini ikomeje kurusha OpenAI icyizere mu ishoramari rya AI

February 6, 2026
Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atitabiriye ibihembo bya Grammy Awards 2026

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atitabiriye ibihembo bya Grammy Awards 2026

February 6, 2026

Recent News

Umuhanzi Nyarwanda Uzwi nka Chris Hat yasohoye Indirimbo Nshya ( Tsalala)

Umuhanzi Nyarwanda Uzwi nka Chris Hat yasohoye Indirimbo Nshya ( Tsalala)

February 6, 2026
Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

February 6, 2026
Gemini ikomeje kurusha OpenAI icyizere mu ishoramari rya AI

Gemini ikomeje kurusha OpenAI icyizere mu ishoramari rya AI

February 6, 2026
Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atitabiriye ibihembo bya Grammy Awards 2026

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atitabiriye ibihembo bya Grammy Awards 2026

February 6, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Umuhanzi Nyarwanda Uzwi nka Chris Hat yasohoye Indirimbo Nshya ( Tsalala)

Umuhanzi Nyarwanda Uzwi nka Chris Hat yasohoye Indirimbo Nshya ( Tsalala)

February 6, 2026
Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

February 6, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com