• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Karabaye

Abo muri White House bamaze kumenyesha Zelenskyy ko atagomba kuza yiyambariye uko yishakiye

Uyu munsi Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, ategerejwe muri White House aho agomba guhura na Donald Trump.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
August 18, 2025
in Karabaye
0
Abo muri White House bamaze kumenyesha Zelenskyy ko atagomba kuza yiyambariye uko yishakiye
0
SHARES
11
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Karabaye, uyu munsi Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, ategerejwe muri White House aho agomba guhura na Donald Trump. Ariko mbere y’urwo ruzinduko, abashinzwe protokole muri White House bamaze kumenyesha ibiro bya Perezida wa Ukraine ko Zelenskyy atazemererwa kwinjira no kwakirwa mu gihe azaba yambaye uko yishakiye nk’uko akunze kugaragara mu myambaro ya gisirikare.

Ibi bikaba bije nyuma y’uko habayeho gushidikanya ku rwego rw’imyitwarire n’imiturire hagati ya Perezida Zelenskyy n’abayobozi b’Amerika.

Biribukwa ko mu kwezi kwa Gashyantare muri uyu mwaka wa 2025, Zelenskyy yari yagiriye uruzinduko muri White House ariko ibintu ntibyagenze neza.

Byavuzwe ko habayeho gutongana hagati ye n’abayobozi bamwe mu biro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ndetse hagaragaramo kubwirana nabi. Impamvu nyamukuru yavuzwe icyo gihe ni uko Zelenskyy yari yinjiriye mu biro bya Perezida atambaye ikote, ibintu byafashwe nk’icyubahiro gike ku rwego rwa dipolomasi.

Ubu rero, White House yongeye kugaragaza ko igihe Zelenskyy agaruka, ategerejwe mu myambaro ikwiye ijyanye n’urwego rw’icyubahiro rw’inzu y’ubutegetsi. Uyu mwanzuro urerekana uburyo dipolomasi ishobora gusenya cyangwa se igahindura uko abayobozi bafatanya, bishingiye ku byemezo bisa n’ibito ariko bigafata intera nini mu mikoranire.

Amaso ahanzwe uru ruzinduko, kureba niba Zelenskyy azubahiriza amabwiriza mashya cyangwa se niba hazongera kubaho ishusho y’amakimbirane hagati ya White House na Ukraine.

Abo muri White House bamaze kumenyesha Zelenskyy ko atagomba kuza yiyambariye uko yishakiye
Uyu munsi Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, ategerejwe muri White House aho agomba guhura na Donald Trump
ADVERTISEMENT
Previous Post

Quincaillerie New Generation, igisubizo mu bikoresho by’ubwubatsi

Next Post

Chiesa yahishuye ko kuguma muri Liverpool ari byo kwitega!

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Chiesa yahishuye ko kuguma muri Liverpool ari byo kwitega!

Chiesa yahishuye ko kuguma muri Liverpool ari byo kwitega!

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Abegukanye Champions League bazatangira icyumweru cya UCL bonyine guhera 2027/28

Abegukanye Champions League bazatangira icyumweru cya UCL bonyine guhera 2027/28

October 14, 2025
Supermanager ntacana uwaka na radio ya SK FM

Supermanager ntacana uwaka na radio ya SK FM

October 14, 2025
Ibihugu bitanu by’Afurika byamaze kubona itike yo gukina Igikombe cy’Isi cya 2026

Ibihugu bitanu by’Afurika byamaze kubona itike yo gukina Igikombe cy’Isi cya 2026

October 13, 2025
Jurgen Klopp yavuze ko Florian Wirtz ari nk’impano y’ikinyejana mu mupira w’amaguru

Jurgen Klopp yavuze ko Florian Wirtz ari nk’impano y’ikinyejana mu mupira w’amaguru

October 12, 2025

Recent News

Abegukanye Champions League bazatangira icyumweru cya UCL bonyine guhera 2027/28

Abegukanye Champions League bazatangira icyumweru cya UCL bonyine guhera 2027/28

October 14, 2025
Supermanager ntacana uwaka na radio ya SK FM

Supermanager ntacana uwaka na radio ya SK FM

October 14, 2025
Ibihugu bitanu by’Afurika byamaze kubona itike yo gukina Igikombe cy’Isi cya 2026

Ibihugu bitanu by’Afurika byamaze kubona itike yo gukina Igikombe cy’Isi cya 2026

October 13, 2025
Jurgen Klopp yavuze ko Florian Wirtz ari nk’impano y’ikinyejana mu mupira w’amaguru

Jurgen Klopp yavuze ko Florian Wirtz ari nk’impano y’ikinyejana mu mupira w’amaguru

October 12, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Abegukanye Champions League bazatangira icyumweru cya UCL bonyine guhera 2027/28

Abegukanye Champions League bazatangira icyumweru cya UCL bonyine guhera 2027/28

October 14, 2025
Supermanager ntacana uwaka na radio ya SK FM

Supermanager ntacana uwaka na radio ya SK FM

October 14, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com