• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Alien Skin yafatiye ingamba abanyamakuru

Umuhanzi wo muri Uganda, Alien Skin, yatangaje ko nta munyamakuru n'umwe uzinjira mu gitaramo cye ku buntu. Ni igitaramo azakora tariki 21 Gashyantare 2025.

PRINCE by PRINCE
February 11, 2025
in Imyidagaduro
0
Alien Skin yafatiye ingamba abanyamakuru
0
SHARES
5
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umuhanzi wo muri Uganda, Alien Skin, yatangaje ko nta munyamakuru n’umwe uzinjira mu gitaramo cye ku buntu. Ni igitaramo azakora tariki 21 Gashyantare 2025.

Yavuze ko ari we, ari n’abanyamakuru bose barakeneranye, ariko niba hari ushaka kuzaza mu gitaramo cye, agomba kugura itike nk’abandi bose kuko kuri iyi nshuro nta kwinjirira ubuntu hejuru y’inkuru z’ibihuha.

Ni igitaramo yagombaga gukorera muri ‘Hotel African’, ariko biza kurangira bamubwiye ko batiteguye kucyakira kubera ikibazo cy’umutekano, bituma akimurira kuri ‘Cricket Oval Lugogo’

Iki ni igitaramo gitegerejwe ku wa 21 Gashyantare 2025 kuri Logogo Cricket Oval i Kampala, nyuma y’uko cyari kubera muri Hoteli Africana ariko iyi hoteli ikavuga ko itizeye umutekano w’abafana b’uyu muhanzi.

Mu butumwa Alien Skin yashyize kuri X, yagize ati ” Nshuti banyamakuru, ndabakeneye, ariko namwe murankeneye. Twese turakeneranye, ariko rero muri iki gihe, ntabyo kwinjirira ubuntu. Niba ushaka gukurikirana igitaramo cyange, ugomba kugura itike nk’abandi bose.”

ADVERTISEMENT
Previous Post

Impanuka ikomeye ya bisi yabereye mu Murenge wa Rusiga ihitana abantu, abandi barakomereka

Next Post

Okkama n’umukunzi we bibarutse ubuheta

PRINCE

PRINCE

Next Post
Okkama n’umukunzi we bibarutse ubuheta

Okkama n'umukunzi we bibarutse ubuheta

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Dwayne ‘The Rock’ Johnson yatangaje benshi ku isura nshya mu Iserukiramuco rya Venice

Dwayne ‘The Rock’ Johnson yatangaje benshi ku isura nshya mu Iserukiramuco rya Venice

September 3, 2025
Trump arateganya kwakirira irushanwa rya UFC muri White House mu kwizihiza imyaka 250 y’ubwigenge bwa Amerika

Trump: India yemeye gukuraho imisoro ku bicuru­zwa by’Amerika

September 3, 2025
Charlie Sheen: Icyamamare cyavugaga “Winning” cyasigiye isi umurage w’ubugiraneza

Charlie Sheen: Icyamamare cyavugaga “Winning” cyasigiye isi umurage w’ubugiraneza

September 3, 2025
Fermín López yemeje ko ari i Barcelone kugeza mu mwaka wa 2029

Fermín López yemeje ko ari i Barcelone kugeza mu mwaka wa 2029

September 3, 2025

Recent News

Dwayne ‘The Rock’ Johnson yatangaje benshi ku isura nshya mu Iserukiramuco rya Venice

Dwayne ‘The Rock’ Johnson yatangaje benshi ku isura nshya mu Iserukiramuco rya Venice

September 3, 2025
Trump arateganya kwakirira irushanwa rya UFC muri White House mu kwizihiza imyaka 250 y’ubwigenge bwa Amerika

Trump: India yemeye gukuraho imisoro ku bicuru­zwa by’Amerika

September 3, 2025
Charlie Sheen: Icyamamare cyavugaga “Winning” cyasigiye isi umurage w’ubugiraneza

Charlie Sheen: Icyamamare cyavugaga “Winning” cyasigiye isi umurage w’ubugiraneza

September 3, 2025
Fermín López yemeje ko ari i Barcelone kugeza mu mwaka wa 2029

Fermín López yemeje ko ari i Barcelone kugeza mu mwaka wa 2029

September 3, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Dwayne ‘The Rock’ Johnson yatangaje benshi ku isura nshya mu Iserukiramuco rya Venice

Dwayne ‘The Rock’ Johnson yatangaje benshi ku isura nshya mu Iserukiramuco rya Venice

September 3, 2025
Trump arateganya kwakirira irushanwa rya UFC muri White House mu kwizihiza imyaka 250 y’ubwigenge bwa Amerika

Trump: India yemeye gukuraho imisoro ku bicuru­zwa by’Amerika

September 3, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com