• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Alien Skin yafatiye ingamba abanyamakuru

Umuhanzi wo muri Uganda, Alien Skin, yatangaje ko nta munyamakuru n'umwe uzinjira mu gitaramo cye ku buntu. Ni igitaramo azakora tariki 21 Gashyantare 2025.

PRINCE WAZIEL by PRINCE WAZIEL
February 11, 2025
in Imyidagaduro
0
Alien Skin yafatiye ingamba abanyamakuru
0
SHARES
5
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umuhanzi wo muri Uganda, Alien Skin, yatangaje ko nta munyamakuru n’umwe uzinjira mu gitaramo cye ku buntu. Ni igitaramo azakora tariki 21 Gashyantare 2025.

Yavuze ko ari we, ari n’abanyamakuru bose barakeneranye, ariko niba hari ushaka kuzaza mu gitaramo cye, agomba kugura itike nk’abandi bose kuko kuri iyi nshuro nta kwinjirira ubuntu hejuru y’inkuru z’ibihuha.

Ni igitaramo yagombaga gukorera muri ‘Hotel African’, ariko biza kurangira bamubwiye ko batiteguye kucyakira kubera ikibazo cy’umutekano, bituma akimurira kuri ‘Cricket Oval Lugogo’

Iki ni igitaramo gitegerejwe ku wa 21 Gashyantare 2025 kuri Logogo Cricket Oval i Kampala, nyuma y’uko cyari kubera muri Hoteli Africana ariko iyi hoteli ikavuga ko itizeye umutekano w’abafana b’uyu muhanzi.

Mu butumwa Alien Skin yashyize kuri X, yagize ati ” Nshuti banyamakuru, ndabakeneye, ariko namwe murankeneye. Twese turakeneranye, ariko rero muri iki gihe, ntabyo kwinjirira ubuntu. Niba ushaka gukurikirana igitaramo cyange, ugomba kugura itike nk’abandi bose.”

ADVERTISEMENT
Previous Post

Impanuka ikomeye ya bisi yabereye mu Murenge wa Rusiga ihitana abantu, abandi barakomereka

Next Post

Okkama n’umukunzi we bibarutse ubuheta

PRINCE WAZIEL

PRINCE WAZIEL

Next Post
Okkama n’umukunzi we bibarutse ubuheta

Okkama n'umukunzi we bibarutse ubuheta

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Ubutumwa bwa Messi bushimangira ku cyubahiro aha Cristiano

Ubutumwa bwa Messi bushimangira ku cyubahiro aha Cristiano

June 20, 2025
Jay-Squeeser WA MIPANGO yikomye Roben Ngabo kubyo yavuze kuri Tom Close

Jay-Squeeser WA MIPANGO yikomye Roben Ngabo kubyo yavuze kuri Tom Close

June 20, 2025
Umunyarwenya Etienne atumiye Abanyarwanda muri JOY’S COMEDY SHOW mu gitaramo cy’iseka rusange

Umunyarwenya Etienne atumiye Abanyarwanda muri JOY’S COMEDY SHOW mu gitaramo cy’iseka rusange

June 20, 2025
Florian Wirtz yiteguye gusinyira Liverpool vuba bidatinze

Florian Wirtz yiteguye gusinyira Liverpool vuba bidatinze

June 19, 2025

Recent News

Ubutumwa bwa Messi bushimangira ku cyubahiro aha Cristiano

Ubutumwa bwa Messi bushimangira ku cyubahiro aha Cristiano

June 20, 2025
Jay-Squeeser WA MIPANGO yikomye Roben Ngabo kubyo yavuze kuri Tom Close

Jay-Squeeser WA MIPANGO yikomye Roben Ngabo kubyo yavuze kuri Tom Close

June 20, 2025
Umunyarwenya Etienne atumiye Abanyarwanda muri JOY’S COMEDY SHOW mu gitaramo cy’iseka rusange

Umunyarwenya Etienne atumiye Abanyarwanda muri JOY’S COMEDY SHOW mu gitaramo cy’iseka rusange

June 20, 2025
Florian Wirtz yiteguye gusinyira Liverpool vuba bidatinze

Florian Wirtz yiteguye gusinyira Liverpool vuba bidatinze

June 19, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Ubutumwa bwa Messi bushimangira ku cyubahiro aha Cristiano

Ubutumwa bwa Messi bushimangira ku cyubahiro aha Cristiano

June 20, 2025
Jay-Squeeser WA MIPANGO yikomye Roben Ngabo kubyo yavuze kuri Tom Close

Jay-Squeeser WA MIPANGO yikomye Roben Ngabo kubyo yavuze kuri Tom Close

June 20, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com