• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Politike

Amagambo ya Trump ku gufata Gaza ateye impugenge’ kandi ‘ashobora gutera akavuyo mu karere

Umuyobozi wa Hamas, Sami Abu Zuhri, yatangaje ko amagambo ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ku bijyanye no gufata ubuyobozi bwa Gaza ari "ubusazi" ndetse ateye impugenge."

PRINCE by PRINCE
February 5, 2025
in Politike
0
Amagambo ya Trump ku gufata Gaza ateye impugenge’ kandi ‘ashobora gutera akavuyo mu karere
0
SHARES
40
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umuyobozi wa Hamas, Sami Abu Zuhri, yatangaje ko amagambo ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ku bijyanye no gufata ubuyobozi bwa Gaza ari “ubusazi” ndetse ateye impugenge.”
Sami Abu Zuhri yakomeje agira ati”Amagambo ya Trump ku byifuzo byo kugenzura Gaza ni ubusazi ndetse ateye impugenge, kandi ibitekerezo nk’ibi bishobora guteza umutekano mucye mu karere,” Abu Zuhri yabwiye Reuters.


Ibi bitangajwe nyuma y’amasaha Trump avuze ko ashaka ko Amerika “ifata ubuyobozi bwa Gaza” ndetse ikayigira iyayo kugira ngo iyubake nyuma yo gusenywa n’intambara imaze amezi 15.
Mu kiganiro n’abanyamakuru mu cyumba cy’Uburasirazuba bw’Ingoro y’Umukuru w’Igihugu, tariki ya 4 Gashyantare 2025, i Washington, Trump yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika “izafata Gaza,” kandi “izakora akazi gakomeye” mu kuyubaka bundi bushya.

“Tuzayiyobora kandi tuzaba dufite inshingano zo gukuraho ibisasu byose byateje ibyago hamwe n’ibindi bikoresho by’intambara biri aho… tugakuraho inyubako zasenyutse, tukahatunganya [tukahagorora] ndetse tugateza imbere ubukungu buzatanga akazi kenshi n’amacumbi ku batuye ako gace,” Trump yavuze ubwo yari kumwe na Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu.
Trump ntiyasobanuye neza abo ayo meza y’akazi azaba agenewe, kuko yanagaragaje ko ashaka ko Abanyapalestina bose bavanwa muri Gaza.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Ukuri kw’imibare y’abaguye mu mujyi wa Goma

Next Post

Elon Musk yavuze ko azahura n’ingaruka zitazigera zishira niba OpenAI itahagaritswe. Umucamanza wa leta ushinzwe urubanza rwe yavuze ko ibyo ari “ugukabya.”

PRINCE

PRINCE

Next Post
Elon Musk yavuze ko azahura n’ingaruka zitazigera zishira niba OpenAI itahagaritswe. Umucamanza wa leta ushinzwe urubanza rwe yavuze ko ibyo ari “ugukabya.”

Elon Musk yavuze ko azahura n’ingaruka zitazigera zishira niba OpenAI itahagaritswe. Umucamanza wa leta ushinzwe urubanza rwe yavuze ko ibyo ari "ugukabya."

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

January 13, 2026
Eddy Kenzo yasubiye ku ntebe y’ishuri

Eddy Kenzo yasubiye ku ntebe y’ishuri

January 13, 2026
Ikipe ya AS Roma yamaze kwibikaho umusore w’imyaka 18 y’amavuko

Ikipe ya AS Roma yamaze kwibikaho umusore w’imyaka 18 y’amavuko

January 13, 2026
Real Madrid yemeje Álvaro Arbeloa nk’umutoza mushya asimbuye Xabi Alonso wamaze guhambira utwe

Real Madrid yemeje Álvaro Arbeloa nk’umutoza mushya asimbuye Xabi Alonso wamaze guhambira utwe

January 13, 2026

Recent News

Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

January 13, 2026
Eddy Kenzo yasubiye ku ntebe y’ishuri

Eddy Kenzo yasubiye ku ntebe y’ishuri

January 13, 2026
Ikipe ya AS Roma yamaze kwibikaho umusore w’imyaka 18 y’amavuko

Ikipe ya AS Roma yamaze kwibikaho umusore w’imyaka 18 y’amavuko

January 13, 2026
Real Madrid yemeje Álvaro Arbeloa nk’umutoza mushya asimbuye Xabi Alonso wamaze guhambira utwe

Real Madrid yemeje Álvaro Arbeloa nk’umutoza mushya asimbuye Xabi Alonso wamaze guhambira utwe

January 13, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

January 13, 2026
Eddy Kenzo yasubiye ku ntebe y’ishuri

Eddy Kenzo yasubiye ku ntebe y’ishuri

January 13, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com