• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Amavubi atangiranye imbaraga muri FIFA Series 2026 atsinda Grenada ibitego 4-0

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 28, 2026
in Imikino
0
Amavubi atangiranye imbaraga muri FIFA Series 2026 atsinda Grenada ibitego 4-0
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yatangiye neza amarushanwa ya FIFA Series 2026 itsinda Grenada ibitego 4-0 mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro ku wa Gatanu tariki ya 27 Werurwe 2026. Uyu mukino witabiriwe n’abafana benshi barimo na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, waje gushyigikira iyi kipe y’igihugu.

Amavubi yagaragaje imbaraga kuva umukino utangiye, ashaka gufungura amazamu hakiri kare, ariko Grenada igerageza kwihagararaho mu bwugarizi. Byasabye iminota y’inyongera y’igice cya mbere kugira ngo igitego cya mbere kiboneke, aho Leroy-Jacques Mickels yatsinze igitego cyiza cyashimishije abafana benshi bari muri stade.

Hashize iminota mike gusa, Kwizera Jojea yahise yongera igitego cya kabiri ku mupira yari ahawe neza na Biramahire Abeddy, bituma igice cya mbere kirangira Amavubi ayoboye n’ibitego 2-0.

Mu gice cya kabiri, Amavubi yakomeje gusatira cyane. Ku munota wa 68, kapiteni Bizimana Djihad yatsinze igitego cya gatatu, agarura ibyishimo ku bafana bari bamaze igihe batamubona atsinda. Nyuma yaho, Hakim Sahabo winjiye asimbuye yaje gutsinda igitego cya kane ku munota wa 81, asoza umukino neza.

Iyi ntsinzi yahesheje u Rwanda itike yo gukina umukino wa nyuma w’Itsinda A, aho ruzahura na Estonia yatsinze Kenya kuri penaliti. Umukino uteganyijwe ku wa Mbere kuri Stade Amahoro, mu gihe Kenya na Grenada bazahatanira umwanya wa gatatu.

Amavubi atangiranye imbaraga muri FIFA Series 2026 atsinda Grenada ibitego 4-0

ADVERTISEMENT
Previous Post

Rugerero: Inzu yagwiriye abantu batatu ihitana ubuzima bwabo

Next Post

Queen Cha yagarukanye imbaraga nshya mu muziki, nyuma y’imyaka itanu

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Queen Cha yagarukanye imbaraga nshya mu muziki, nyuma y’imyaka itanu

Queen Cha yagarukanye imbaraga nshya mu muziki, nyuma y’imyaka itanu

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Kuri Captain Ndinzabera Mayunga inshingano zikomeje kwiyongera kubera intambara ziri kubera mu Burasirazuba bwa RDC

Kuri Captain Ndinzabera Mayunga inshingano zikomeje kwiyongera kubera intambara ziri kubera mu Burasirazuba bwa RDC

March 28, 2026
Impinduka mu butasi bwa Uganda: Col Rugumayo yasimbuwe mu buryo butunguranye

Impinduka mu butasi bwa Uganda: Col Rugumayo yasimbuwe mu buryo butunguranye

March 28, 2026
Queen Cha yagarukanye imbaraga nshya mu muziki, nyuma y’imyaka itanu

Queen Cha yagarukanye imbaraga nshya mu muziki, nyuma y’imyaka itanu

March 28, 2026
Amavubi atangiranye imbaraga muri FIFA Series 2026 atsinda Grenada ibitego 4-0

Amavubi atangiranye imbaraga muri FIFA Series 2026 atsinda Grenada ibitego 4-0

March 28, 2026

Recent News

Kuri Captain Ndinzabera Mayunga inshingano zikomeje kwiyongera kubera intambara ziri kubera mu Burasirazuba bwa RDC

Kuri Captain Ndinzabera Mayunga inshingano zikomeje kwiyongera kubera intambara ziri kubera mu Burasirazuba bwa RDC

March 28, 2026
Impinduka mu butasi bwa Uganda: Col Rugumayo yasimbuwe mu buryo butunguranye

Impinduka mu butasi bwa Uganda: Col Rugumayo yasimbuwe mu buryo butunguranye

March 28, 2026
Queen Cha yagarukanye imbaraga nshya mu muziki, nyuma y’imyaka itanu

Queen Cha yagarukanye imbaraga nshya mu muziki, nyuma y’imyaka itanu

March 28, 2026
Amavubi atangiranye imbaraga muri FIFA Series 2026 atsinda Grenada ibitego 4-0

Amavubi atangiranye imbaraga muri FIFA Series 2026 atsinda Grenada ibitego 4-0

March 28, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Kuri Captain Ndinzabera Mayunga inshingano zikomeje kwiyongera kubera intambara ziri kubera mu Burasirazuba bwa RDC

Kuri Captain Ndinzabera Mayunga inshingano zikomeje kwiyongera kubera intambara ziri kubera mu Burasirazuba bwa RDC

March 28, 2026
Impinduka mu butasi bwa Uganda: Col Rugumayo yasimbuwe mu buryo butunguranye

Impinduka mu butasi bwa Uganda: Col Rugumayo yasimbuwe mu buryo butunguranye

March 28, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com