• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
Home Amakuru

Amerika yakomoreye u Rwanda ku ngendo zari zarahagaritswe kubera Marburg

JaySqueezer by JaySqueezer
November 24, 2024
in Amakuru
0
Amerika yakomoreye u Rwanda ku ngendo zari zarahagaritswe kubera Marburg
0
SHARES
3
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakuyeho ingamba zo gukumira “ingendo zitari ngombwa” ku bajya mu Rwanda, yari yarashyizeho nyuma y’aho i Kigali hagaragaye abanduye icyorezo cy’indwara y’umuriro mwinshi iterwa na virusi ya Marburg.

Byatangajwe n’ikigo cya Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira indwara (CDC) n’ibiro by’iki gihugu bishinzwe ububanyi n’amahanga, ku wa 22 Ugushyingo 2024.

Iki cyorezo cyagaragaye mu Rwanda tariki ya 27 Nzeri 2024. Abantu 66 nibo bacyanduye, hakira 51, abandi 15 barapfa.

Hashize iminsi irenga 22 nta murwayi wacyo urongera kugaragara mu Rwanda.

Kugeza ubu CDC yatangaje ko yakuye u Rwanda ku rwego rwa gatatu ikarushyira ku rwego rwa kabiri rw’ubwirinzi by’iki cyorezo, bisobanuye ko hakuweho ikumirwa ry’ingendo zitari ngombwa, hagasigaraho ingamba z’ubwirinzi zisabwa abava muri Amerika bakorera ingendo mu Rwanda.

Izindi ngamba ziri mu rwego rwa kabiri zirimo kwirinda gukora ku barwayi bafite ibimenyetso bya Marburg birimo umuriro, kuribwa imikaya no gucibwamo, kwirinda gukora ku maraso n’andi matembabuzi y’abantu, kudakora ku murambo, kwirinda ahari uducurama turya imbuto nko mu
buvumo no mu birombe, kwirinda gukora ku ngangi na Chimpanzee.

Ikigo Nyafurika Gishinzwe kurwanya no gukumira indwara, Africa CDC, cyashimiye icyemezo Amerika yafashe cyo gukuraho iyi ngamba, kigaragaza ko byari ngombwa kuko u Rwanda rwahashyije iki cyorezo.

Cyagize kiti “Africa CDC yashimiye Guverinoma ya Amerika ku cyemezo yafashe cyo gukuraho ingamba y’ubuzima yo ‘Kwirinda ingendo zitari ngombwa irebana na Marburg mu Rwanda, yatangiye gushyirwaho tariki ya 7 Ukwakira 2024.”

Ubwo ubu bwandu bwagaragaraga mu Rwanda, CDC yasabye abava muri iki gihugu kwirinda gukorera ingendo zitari ngombwa mu Rwanda, inashyiraho ingamba zo gupima abava i Kigali.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Inkomoko y’ivumburwa ry’amakaramu

Next Post

Nicki Minaj yavuze impamvu yasabye Davido ko bakorana indirimbo yitwa ‘If it’s Okay’

JaySqueezer

JaySqueezer

Next Post
Nicki Minaj yavuze impamvu yasabye Davido ko bakorana indirimbo yitwa ‘If it’s Okay’

Nicki Minaj yavuze impamvu yasabye Davido ko bakorana indirimbo yitwa ‘If it’s Okay’

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

January 31, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Rugezi: Ingabo za Leta zatahukanye igihombo gikomeye mu mirwano na Twirwaneho na M23

Rugezi: Ingabo za Leta zatahukanye igihombo gikomeye mu mirwano na Twirwaneho na M23

June 2, 2025
Ubushakashatsi bwagaragaje ko abagabo bicwa n’indwara y’umutima iterwa n’agahinda kurusha abagore

Ubushakashatsi bwagaragaje ko abagabo bicwa n’indwara y’umutima iterwa n’agahinda kurusha abagore

June 2, 2025
Bosco Nshuti yiteguye gutaramira abakunzi be mu gitaramo “Unconditional Love Season” kizabera Camp Kigali

Bosco Nshuti yiteguye gutaramira abakunzi be mu gitaramo “Unconditional Love Season” kizabera Camp Kigali

June 2, 2025
Ibyo konti za IUL na 770 zikora: Uko wazigama ukunguka inyungu irambye utavunitse

Ibyo konti za IUL na 770 zikora: Uko wazigama ukunguka inyungu irambye utavunitse

June 2, 2025

Recent News

Rugezi: Ingabo za Leta zatahukanye igihombo gikomeye mu mirwano na Twirwaneho na M23

Rugezi: Ingabo za Leta zatahukanye igihombo gikomeye mu mirwano na Twirwaneho na M23

June 2, 2025
Ubushakashatsi bwagaragaje ko abagabo bicwa n’indwara y’umutima iterwa n’agahinda kurusha abagore

Ubushakashatsi bwagaragaje ko abagabo bicwa n’indwara y’umutima iterwa n’agahinda kurusha abagore

June 2, 2025
Bosco Nshuti yiteguye gutaramira abakunzi be mu gitaramo “Unconditional Love Season” kizabera Camp Kigali

Bosco Nshuti yiteguye gutaramira abakunzi be mu gitaramo “Unconditional Love Season” kizabera Camp Kigali

June 2, 2025
Ibyo konti za IUL na 770 zikora: Uko wazigama ukunguka inyungu irambye utavunitse

Ibyo konti za IUL na 770 zikora: Uko wazigama ukunguka inyungu irambye utavunitse

June 2, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Rugezi: Ingabo za Leta zatahukanye igihombo gikomeye mu mirwano na Twirwaneho na M23

Rugezi: Ingabo za Leta zatahukanye igihombo gikomeye mu mirwano na Twirwaneho na M23

June 2, 2025
Ubushakashatsi bwagaragaje ko abagabo bicwa n’indwara y’umutima iterwa n’agahinda kurusha abagore

Ubushakashatsi bwagaragaje ko abagabo bicwa n’indwara y’umutima iterwa n’agahinda kurusha abagore

June 2, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com