• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Anknown ashinja Daddy Andre kumwambura miliyoni 1, asaba kwishyurwa cyangwa agasubizwa indirimbo

Umuhanzi Anknown yavuze ko yahaye Daddy Andre amafaranga yizigamiye agamije kumufasha kuzamura umuziki we, ariko nyuma Andre akamubura, telefoni ye ntikabe yongera kwitaba. Anknown asaba ubutabera, yibutsa abahanzi bakizamuka kwirinda gushukwa no kugwa mu mitego y’abafite amazina.

PRINCE by PRINCE
May 12, 2025
in Imyidagaduro
0
Anknown ashinja Daddy Andre kumwambura miliyoni 1, asaba kwishyurwa cyangwa agasubizwa indirimbo

Umuhanzi Anknown ashinja Daddy Andre kumwambura miliyoni, asaba kwishyurwa cyangwa agasubizwa indirimbo

0
SHARES
6
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT
Anknown asabye Daddy Andre kumwishyura nyuma yo kumushinja kumwambura amafaranga y’indirimbo

Umuhanzi ukizamuka Anknown yagaragaye avuga ko umuririmbyi akaba n’umuhanga mu gutunganya indirimbo, Daddy Andre, yamwatse amafaranga hanyuma agahita amubura atamuhaye indirimbo bari bumvikanyeho.

Mu kiganiro yagiranye n’ikiganiro The Deep Talk, Anknown yasobanuye uko yagerageje kwizigamira amafaranga miliyoni imwe y’amashilingi (Shs 1 million), agira ngo ayashore mu muziki we uri gutangira, by’umwihariko akorana na Daddy Andre, umwe mu bahanzi yakundaga akanamwubaha.

“Namusanze turaganira. Yansabye amafaranga yose rimwe. Ubundi tuba dusanzwe dutanga 50% mbere, ariko twamuhaye yose uko yayasabye,” Anknown yagize atya.

Icyo gihe, Daddy Andre bivugwa ko yakoreraga muri studio ya Spice Diana izwi nka 32 Records. Ibi byabaye mbere y’uko Anknown yinjira mu muziki ku rwego rusange.

Nyuma yo gutanga amafaranga, ibintu byahise bifata indi ntera idashimishije.

“Yabuze nk’abachwezi. Twagerageje kumuhamagara telefoni iba ifunze. Simbizi niba yarabujije numero yanjye, ariko twakomeje kugerageza ndetse tunasubira kuri studio ya 32. Batubwiye ko atariho akorera ko twakoze ikosa rikomeye ryo kutamusaba fagitire.”

Nubwo yahuye n’akaga ko kwamburwa, Anknown yemeye ko icyamuteye kwizera Daddy Andre ari uburyo yamukundaga.

“Narakundaga Andre, numvaga ari umuntu w’inyangamugayo. Kugeza ubu ndacyamuririra indirimbo yanjye,” Anknown yasoje avuga.

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Taylor Swift na Travis Kelce bahakanye ibihuha by’itandukana babonetse basohokanye i Philadelphia

Next Post

Umuhanzi Nyarwanda Djazmir ubarizwa muri USA akomeje kugaragaza ubuhanga bwe mu Nganzo

PRINCE

PRINCE

Next Post
Umuhanzi Nyarwanda Djazmir ubarizwa muri USA akomeje kugaragaza ubuhanga bwe mu Nganzo

Umuhanzi Nyarwanda Djazmir ubarizwa muri USA akomeje kugaragaza ubuhanga bwe mu Nganzo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026
Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

March 17, 2026
Muhanga: Umugore arasaba ubutabera, nyuma yo kwamburwa urugo yubatse

Muhanga: Umugore arasaba ubutabera, nyuma yo kwamburwa urugo yubatse

March 17, 2026
Ese harabaho remontada idasanzwe, nyuma y’uko amakipe akomeye yagiye akubitwa umufiririzo

Ese harabaho remontada idasanzwe, nyuma y’uko amakipe akomeye yagiye akubitwa umufiririzo

March 17, 2026

Recent News

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026
Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

March 17, 2026
Muhanga: Umugore arasaba ubutabera, nyuma yo kwamburwa urugo yubatse

Muhanga: Umugore arasaba ubutabera, nyuma yo kwamburwa urugo yubatse

March 17, 2026
Ese harabaho remontada idasanzwe, nyuma y’uko amakipe akomeye yagiye akubitwa umufiririzo

Ese harabaho remontada idasanzwe, nyuma y’uko amakipe akomeye yagiye akubitwa umufiririzo

March 17, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026
Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

March 17, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com