• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Arne Slot yasabye Salah gufata intambwe ya mbere mu kwiyunga nawe

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
December 10, 2025
in Imikino
0
Arne Slot yasabye Salah gufata intambwe ya mbere mu kwiyunga nawe
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Liverpool FC, nyuma yo gutsinda Inter Milan i San Siro, umutoza wa Liverpool Arne Slot yongeye gutanga imvugo ikomeje gukurura impaka nyinshi ku kibazo kiri hagati ye na rutahizamu Mohamed Salah, uherutse gusigwa hanze yโ€™urugendo rwโ€™iyo mikino itoroshye. Slot yavuze ko ikibazo atari icyโ€™umutoza gusa cyangwa icyโ€™ikipe, ahubwo ko na Salah ubwe agomba gutekereza ku ruhare rwe mu byabaye.

Mu magambo ye bwite, Arne Slot yagize ati: โ€œBuri muntu agira amakosa mu buzima, ariko ikibazo cya mbere ni iki: ese umukinnyi na we atekereza ko yaba yarakoze ikosa?โ€. Iyi mvugo yahise yongera ubushyamirane burimo guhangayikisha abafana, cyane cyane abo muri Afurika bahora bashyigikira Mo Salah.

Slot yakomeje avuga ko ikibazo gikurikira gikomeye kurushaho: โ€œEse ubuyobozi cyangwa umutoza ni bo bagomba gutangira intambwe yo kubana neza, cyangwa Salah ni we ugomba gufata iya mbere? Icyo na cyo ni ikindi kibazo gikomeye tugomba kwibonera ibisubizo.โ€

Nubwo hari abatekerezaga ko umubano wโ€™aba bombi ushobora kuba wararangiriye aho, Slot yahise asobanura ko bitarajya ku rwego rwo kutavugana na Salah burundu. Ati: โ€œSinigeze mvuga ko ntazongera kuvugana na Mohamed Salah. Oya, ibyo ntabwo nabivuze kandi sibyo.โ€

Iyi mvugo yahise isiga urujijo, ariko inatanga icyizere ko hari inzira yo kugarura amahoro hagati yโ€™umukinnyi nโ€™umutoza, hagamijwe gukomeza imbaraga za Liverpool FC mu gihe cyโ€™imikino isigaye.

Arne Slot yasabye Salah gufata intambwe ya mbere mu kwiyunga nawe
ADVERTISEMENT
Previous Post

Neymar Jr yasobanuye ukuntu yasabye ubufasha bwโ€™uko yasuzumwa mu mutwe

Next Post

Irasubiza Alliance na Matthew Ferris baritegura kwibaruka imfura yabo

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Irasubiza Alliance na Matthew Ferris baritegura kwibaruka imfura yabo

Irasubiza Alliance na Matthew Ferris baritegura kwibaruka imfura yabo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Dj Brian na Nicolas Peks ni bamwe mu bari bususurutse igitaramo “PULSE SATURDAY”

Dj Brian na Nicolas Peks ni bamwe mu bari bususurutse igitaramo “PULSE SATURDAY”

January 31, 2026
CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026

Recent News

Dj Brian na Nicolas Peks ni bamwe mu bari bususurutse igitaramo “PULSE SATURDAY”

Dj Brian na Nicolas Peks ni bamwe mu bari bususurutse igitaramo “PULSE SATURDAY”

January 31, 2026
CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Dj Brian na Nicolas Peks ni bamwe mu bari bususurutse igitaramo “PULSE SATURDAY”

Dj Brian na Nicolas Peks ni bamwe mu bari bususurutse igitaramo “PULSE SATURDAY”

January 31, 2026
CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

ยฉ 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

ยฉ 2024 KasukuMedia.com