General Sultan Makenga, yasuye inzira M23 iri kubaka
June 26, 2025
Umutwe wa Twirwaneho, ubarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) hamwe n’uwa M23, watangaje ko Ingabo z’u Burundi ziri...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za ARC, igisirikare cy’umutwe wa M23 ubarizwa mu ihuriro rya AFC, General Sultan Makenga, yasuye umuhanda uri...
Luka Modrić, umwe mu bakinnyi b’ibihe byose ba Real Madrid, ari hafi gutandukana n’iyi kipe amaze imyaka irenga icumi ayikinira....
Inka zibarirwa mu mirongo z’Umunyamulenge Pasiteri Gahungu, zari zarahawe umugabo wo mu bwoko bw’Abafulero witwa Mazembe ngo azimurarire, yazihinduye ize,...
Abasirikare b’u Burundi bamaze igihe mu Bibogobogo ho muri Teritwari ya Fizi, Intara ya Kivu y’Amajyepfo, bahavuye berekeza ku muhanda...
Barcelona yumvikanye na FC Copenhagen ku mugabo witwa Roony Bardghji. Barça izatanga miliyoni €2 nk’amafaranga y’ingenzi, hiyongereho andi azatangwa bitewe...
Manchester United yamaze gutanga ubusabe bushya ku ikipe ya Brentford isaba umukinnyi w’inararibonye Bryan Mbeumo, rutahizamu wifuzwa cyane n’umutoza Amorím....
Umugaba mukuru w’Ingabo za Uganda, General Muhoozi Kainerugaba, akaba n’umuhungu wa Perezida w’iki gihugu, Yoweri Kaguta Museveni, nyuma yo kuva...
Ikipe ya FC Barcelona iri hafi kurangiza amasezerano yo gusinyisha rutahizamu wo ku ruhande w’Umunya-Suwede, Roony Bardghji, ukinira ikipe ya...
AS Monaco irateganya ko ibizamini by’ubuzima bya rutahizamu Ansu Fati bizakorwa mu mpera z’iki cyumweru, mu gihe ibiganiro hagati yayo...
© 2024 KasukuMedia.com