• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
ADVERTISEMENT
Home Amakuru

Barack Obama Avuga ko ari gukora ibishoboka byose ngo yisubize umugore we Michelle Obama.

Nyuma y’imyaka 8 muri White House, Barack Obama yemeye ko atari yorohewe mu rugo, ubu ari gukora ibishoboka byose ngo yisubize umutima wa Michelle.

PRINCE WAZIEL by PRINCE WAZIEL
April 5, 2025
in Amakuru, Urukundo
0
Barack Obama Avuga ko ari gukora ibishoboka byose ngo yisubize umugore we Michelle Obama.

Nyuma y’imyaka 8 muri White House, Barack Obama yemeye ko atari yorohewe mu rugo, ubu ari gukora ibishoboka byose ngo yisubize umutima wa Michelle.

0
SHARES
16
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT
Nyuma y’imyaka 8 muri White House, Barack Obama yemeye ko atari yorohewe mu rugo, ubu ari gukora ibishoboka byose ngo yisubize umutima wa Michelle.

Barack Obama yeruye ku bijyanye n’umubano we n’umugore we Michelle Obama anagaragaza bimwe mu bibazo bagize mu rugo.

Uyu wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yari ari kuganira n’abanyeshuri bo ku ishuri rya Hamilton College ku wa Kane, ubwo yababwiraga ati: “Mfite umwenda ukomeye ku mugore wanjye” nyuma y’imyaka 8 bamaze mu ngoro y’umukuru w’igihugu (White House).

Barack yakomeje agira ati: “Maze igihe ngerageza kwivanamo uwo mwobo, mbikora rimwe na rimwe dukora ibintu byiza, bishimishije.”

Obama yagaragaje uko ibintu byari byifashe mu rugo rwe na Michelle ubwo yasubizaga ikibazo yari abajijwe na Perezida wa Hamilton College, Steven Tepper, wari umubajije ibyo amaze iminsi akora.

Obama yavuze ko umwanya we wose awumara akora kuri Obama Foundation no kurangiza igice cya kabiri cy’igitabo cye cya memori y’ubuperezida … ndetse yananonejeho urwenya avuga ko bisa nko kwandika impapuro za kaminuza 50!

Barack na Michelle bashakanye kuva mu 1992 … ariko muri uyu mwaka ntabwo bakunze kugaragara bari kumwe kenshi, nubwo Obama avuga ko akomeje kugerageza gukora ibintu bishimishije bari kumwe.

Nk’ukwezi kwa Werurwe gusa, Barack yagaragaye wenyine yareba umukino wa Los Angeles Clippers, ndetse no ku meza muri L.A. atari kumwe na Michelle. yanitabiriye umuhango wo gusezera kuri Jimmy Carter n’irahira rya Donald Trump rya 2025 atari kumwe n’umugore we.

Biragaragara ko Barrack Obama agomba gukomeza gucukura ashaka uko yisubiza Michelle!

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Bayanni, Boy Spyce na Magixx bageze Uganda baje gutaramira abakunzi babo muri Ndere Cultural Center!

Next Post

Agahinda gakabije: impanuka ikomeye yishe abantu 13 ku muhanda wa Sotik–Kericho

PRINCE WAZIEL

PRINCE WAZIEL

Next Post
Agahinda gakabije: impanuka ikomeye yishe abantu 13 ku muhanda wa Sotik–Kericho

Agahinda gakabije: impanuka ikomeye yishe abantu 13 ku muhanda wa Sotik–Kericho

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

January 31, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Umukinnyi wa filime ya “Madden” Yeguye azize ijambo ry’ivange n’ubwambure bugaragara, amazon irabihakana

Umukinnyi wa filime ya “Madden” Yeguye azize ijambo ry’ivange n’ubwambure bugaragara, amazon irabihakana

May 21, 2025
Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

May 21, 2025
Impamvu z’ingenzi zigutera kurushaho guhoberana kenshi

Impamvu z’ingenzi zigutera kurushaho guhoberana kenshi

May 21, 2025
CNDD-FDD rimwe mu mashyaka agize ubutegetsi bw’Uburundi rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji

CNDD-FDD rimwe mu mashyaka agize ubutegetsi bw’Uburundi rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji

May 21, 2025

Recent News

Umukinnyi wa filime ya “Madden” Yeguye azize ijambo ry’ivange n’ubwambure bugaragara, amazon irabihakana

Umukinnyi wa filime ya “Madden” Yeguye azize ijambo ry’ivange n’ubwambure bugaragara, amazon irabihakana

May 21, 2025
Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

May 21, 2025
Impamvu z’ingenzi zigutera kurushaho guhoberana kenshi

Impamvu z’ingenzi zigutera kurushaho guhoberana kenshi

May 21, 2025
CNDD-FDD rimwe mu mashyaka agize ubutegetsi bw’Uburundi rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji

CNDD-FDD rimwe mu mashyaka agize ubutegetsi bw’Uburundi rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji

May 21, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Umukinnyi wa filime ya “Madden” Yeguye azize ijambo ry’ivange n’ubwambure bugaragara, amazon irabihakana

Umukinnyi wa filime ya “Madden” Yeguye azize ijambo ry’ivange n’ubwambure bugaragara, amazon irabihakana

May 21, 2025
Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

Hagati ya Tottenham na Man United ni nde uragaragaza ko ari hejuru y’undi?

May 21, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com