• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Bobi Wine, Nubian Li na King Saha batangaje ubufatanye mu ndirimbo nshya.

Amafoto yabo muri studio yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, King Saha yemeza ko “hari ibiri gutogota bidamfundikiye” ariko agasiga benshi mu gihirahiro ku bisobanuro by’iyo ndirimbo yitezwe n’isi.

PRINCE by PRINCE
April 23, 2025
in Imyidagaduro
0
Bobi Wine, Nubian Li na King Saha batangaje ubufatanye mu ndirimbo nshya.
0
SHARES
8
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT
Ubufatanye mu muziki buri mu nzira hagati ya Bobi Wine, Nubian Li na King Saha nyuma yo gusangiza amafoto yo muri studio

Ku wa Mbere tariki ya 22 Mata, abahanzi bakomeye bo muri Uganda  Bobi Wine, Nubian Li, na King Saha  bashyize amafoto ku mbuga nkoranyambaga bari muri studio hamwe na producer Paddy Man, bahishura ko hari indirimbo nshya bari gukorana.

Aya mafoto yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga ku muvuduko ukomeye, asiga benshi bibaza byinshi kuri iyi ndirimbo. Nubwo amakuru yose ataratangazwa ku mugaragaro, King Saha yagize icyo abitangazaho mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ba Spark TV muri gahunda ya Daily Soup.

Mu magambo ye, yagize ati:

“Kigenda kutokota,”
ijambo ryo mu rurimi rw’Ikinyankore n’I Luganda risobanura mu buryo bwagutse ko “hari ikintu gikomeye kiri kuza.”

Saha ariko ntiyigeze atangaza byinshi kuri uwo mushinga, avuga ko bitewe n’uko harimo “umukoresha we” Bobi Wine, adashobora kuvuga byinshi.

“Si nshobora gutangaza byinshi ku bijyanye n’umukoresha wanjye (Bobi Wine), ariko nk’uko mubibona ku mafoto, mwitege umuziki.”

Nubwo atigeze atangaza itariki indirimbo izasohokeraho cyangwa ibiyirimo, King Saha yahaye abafana isezerano ko iyi ndirimbo izaba iri ku rwego rwo hejuru kandi ko izaba itegerejwe n’abatari bake.

Yashoje agira ati:

“Nimutegure popcorn, mwishyushye icyayi, kandi mutegure aho mushyira download.”

Ibi byose byerekana ko hari igikorwa gikomeye mu buryo bw’ubuhanzi hagati y’aba bahanzi batatu, bikaba biteganyijwe ko bizasiga izina mu mateka y’umuziki wa Uganda.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Pallaso yishimiye uruhare yagize mu guteza imbere abahanzi nka Spice Diana na Fik Fameica

Next Post

Ziza Bafana ashyize King Saha mu kaga nyuma yuko yasakaje ibihuha by’urukundo rwe na Winnie Wa Mummy

PRINCE

PRINCE

Next Post
Ziza Bafana ashyize King Saha mu kaga nyuma yuko yasakaje ibihuha by’urukundo rwe na Winnie Wa Mummy

Ziza Bafana ashyize King Saha mu kaga nyuma yuko yasakaje ibihuha by’urukundo rwe na Winnie Wa Mummy

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Xavi Simons yahishuye ko Chelsea Fc ariyo kipe yifuza gusa

Xavi Simons yahishuye ko Chelsea Fc ariyo kipe yifuza gusa

August 17, 2025
Imyaka itatu irihiritse Yanga yitabye Imana

Imyaka itatu irihiritse Yanga yitabye Imana

August 17, 2025
Ikipe ya Nottingham Forest yamaze gusinyisha Arnaud Kalimuendo

Ikipe ya Nottingham Forest yamaze gusinyisha Arnaud Kalimuendo

August 16, 2025
Eberechi Eze arifuza kwerekeza mu ikipe ya Tottenham

Eberechi Eze arifuza kwerekeza mu ikipe ya Tottenham

August 16, 2025

Recent News

Xavi Simons yahishuye ko Chelsea Fc ariyo kipe yifuza gusa

Xavi Simons yahishuye ko Chelsea Fc ariyo kipe yifuza gusa

August 17, 2025
Imyaka itatu irihiritse Yanga yitabye Imana

Imyaka itatu irihiritse Yanga yitabye Imana

August 17, 2025
Ikipe ya Nottingham Forest yamaze gusinyisha Arnaud Kalimuendo

Ikipe ya Nottingham Forest yamaze gusinyisha Arnaud Kalimuendo

August 16, 2025
Eberechi Eze arifuza kwerekeza mu ikipe ya Tottenham

Eberechi Eze arifuza kwerekeza mu ikipe ya Tottenham

August 16, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Xavi Simons yahishuye ko Chelsea Fc ariyo kipe yifuza gusa

Xavi Simons yahishuye ko Chelsea Fc ariyo kipe yifuza gusa

August 17, 2025
Imyaka itatu irihiritse Yanga yitabye Imana

Imyaka itatu irihiritse Yanga yitabye Imana

August 17, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com