• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Ubuzima

Burya indyo nziza niyo soko y’ubuzima buzira umuze

Ti’Amo Lounge ni Bar & Restaurant yitaye ku buzima bw’abakiriya bayo.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 26, 2026
in Ubuzima
0
Burya indyo nziza niyo soko y’ubuzima buzira umuze
0
SHARES
14
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Byinshi utari uzi burya indyo nziza niyo soko y’ubuzima buzira umuze, kandi guhitamo aho ufatira amafunguro n’icyo kunywa niyo ntambwe ikomeye iganisha ku mibereho myiza. Abantu benshi bajya bibaza aho bakura amafunguro meza, ateguwe kinyamwuga, afasha umubiri gukomera kandi akaryohera ururimi. Igisubizo cy’icyo kibazo ni Ti’Amo Lounge i Remera, imbere ya Gare, hafi ya station ya ORYX.

Ti’Amo Lounge ni Bar & Restaurant yitaye ku buzima bw’abakiriya bayo, igashyira imbere isuku, ubuziranenge n’ubuhanga mu gutegura amafunguro. Aha ni ho usanga amafunguro atandukanye, ateguwe n’abatekera babifitiye ubumenyi n’uburambe, bakita ku bipimo bikwiye by’intungamubiri, bakirinda ibintu bishobora kwangiza ubuzima bw’abantu. Kuva ku mafunguro ya kinyarwanda aryoshye, kugera ku mafunguro mpuzamahanga ateguwe ku rwego rwo hejuru, Ti’Amo Lounge iguha amahitamo ajyanye n’icyo ukeneye n’icyo ukunda.

Si amafunguro gusa, ahubwo n’ibinyobwa biba byatoranyijwe neza, haba ibidasembuye n’ibisembuye, byose byujuje ubuziranenge kandi bigatangwa mu buryo bw’umwuga. Aho wicaye wumva utuje, umuziki mwiza uba ucurangirwamo, n’akazi k’abakozi bakwakira neza bigatuma ifunguro rirusha kuryoha.

Niba ushaka aho waruhukira n’inshuti, umuryango cyangwa abo mukorana, ukishimira amafunguro meza n’ibinyobwa byiza mu mwuka mwiza, Ti’Amo Lounge i Remera ni ho ugomba kwerekeza. Aha si aho gufatira amafunguro gusa, ni naho wakwidagadurira kuko bagufitiye na club.

Ti’Amo Lounge ni Bar & Restaurant yitaye ku buzima bw’abakiriya bayo
Bagufitiye aho wafatira ifunguro hasa neza

Indyo nziza niyo soko y’ubuzima buzira umuze

ADVERTISEMENT
Previous Post

Fizi: Intambara, ubuhunzi n’inzara bikomeje guhitana abaturage

Next Post

Ibyishimo byari byose kuri Cardi B ubwo yashyigikiraga umukunzi we Stefon Diggs

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Ibyishimo byari byose kuri Cardi B ubwo yashyigikiraga umukunzi we Stefon Diggs

Ibyishimo byari byose kuri Cardi B ubwo yashyigikiraga umukunzi we Stefon Diggs

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Jay-Z agiye kwizihiza imyaka 30 amaze asohoye album ye ya mbere

Jay-Z agiye kwizihiza imyaka 30 amaze asohoye album ye ya mbere

March 19, 2026
Abaturage ba Ruganda bakomeje guhungabanywa n’inzu baherutse gutuzwamo zatangiye gusenyuka

Abaturage ba Ruganda bakomeje guhungabanywa n’inzu baherutse gutuzwamo zatangiye gusenyuka

March 19, 2026
Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

March 19, 2026
Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

March 18, 2026

Recent News

Jay-Z agiye kwizihiza imyaka 30 amaze asohoye album ye ya mbere

Jay-Z agiye kwizihiza imyaka 30 amaze asohoye album ye ya mbere

March 19, 2026
Abaturage ba Ruganda bakomeje guhungabanywa n’inzu baherutse gutuzwamo zatangiye gusenyuka

Abaturage ba Ruganda bakomeje guhungabanywa n’inzu baherutse gutuzwamo zatangiye gusenyuka

March 19, 2026
Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

March 19, 2026
Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

March 18, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Jay-Z agiye kwizihiza imyaka 30 amaze asohoye album ye ya mbere

Jay-Z agiye kwizihiza imyaka 30 amaze asohoye album ye ya mbere

March 19, 2026
Abaturage ba Ruganda bakomeje guhungabanywa n’inzu baherutse gutuzwamo zatangiye gusenyuka

Abaturage ba Ruganda bakomeje guhungabanywa n’inzu baherutse gutuzwamo zatangiye gusenyuka

March 19, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com