• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Byimana: Umugabo yisunze itama rimwe ry’icyuma rimukoraho

Kugeza ubu, Benimana arimo kuvurirwa kwa muganga, aho abaganga bavuga ko atari mu buryo bukomeye cyane, ariko aracyakeneye iminsi yo kwitabwaho kugira asubira mu buzima buzima.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
October 16, 2025
in Amakuru, Karabaye
0
Byimana: Umugabo yisunze itama rimwe ry’icyuma rimukoraho
0
SHARES
32
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Ahagana ku isaha ya saa moya n’iminota 55 za mu gitondo kuri uyu wa Kane, tariki ya 16 Ukwakira 2025, nibwo mu Mudugudu wa Byimana, Akagari ka Kigarama, Umurenge wa Kigarama mu Karere ka Kicukiro, habereye impanuka itunguranye. Ubwo umuturage witwa Benimana Jean Claude, w’imyaka 34 y’amavuko, yikubise hasi bikomeye nyuma yo kwisunga itama rimwe ry’icupa rizwi ku izina ry’“icyuma”, rikamugaruka.

Kasuku Media ubwo yageraga ahabereye iyo mpanuka, yaganiriye n’abaraho bayibwira ko Benimana yari ari mu rugo rwe agerageza gusoma kuri kamwe maze ahita agwa agacuho.

Abaturanyi be bahise batabaza ubuyobozi bw’Akagari ndetse n’abashinzwe ubuzima, bamujyana ku Kigo Nderabuzima cya Gikondo ahasanzwe hazwi nko kwa Padiri i Gikondo ‘Vincent Pallotti’ kugira ngo yitabweho byihuse. Ubuyobozi bw’Akagari bwemeje iby’iyi mpanuka, busaba abaturage kwirinda kunywa ibidahwanye n’imbaraga bafite.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kigarama, Louise, yagize ati: “Abaturage bakwiye gukoresha uburyo butekanye igihe bashaka gusoma kuri kamwe.”

Kugeza ubu, Benimana arimo kuvurirwa kwa muganga, aho abaganga bavuga ko atari mu buryo bukomeye cyane, ariko aracyakeneye iminsi yo kwitabwaho kugira asubira mu buzima buzima.

Kugeza ubu, Benimana arimo kuvurirwa, aho abaganga bavuga ko atari mu buryo bukomeye cyane.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Abaturage ba Rusororo baratunga agatoki abayobozi babasaba inzoga nk’ikiguzi kugira serivisi ikorwe neza

Next Post

Imodoka ya Alliah Cool igura arenga miliyoni 200 z’amafaranga y’u Rwanda, ikomeje kuvugisha amangambure abatari bake

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Imodoka ya Alliah Cool igura arenga miliyoni 200 z’amafaranga y’u Rwanda, ikomeje kuvugisha amangambure abatari bake

Imodoka ya Alliah Cool igura arenga miliyoni 200 z'amafaranga y'u Rwanda, ikomeje kuvugisha amangambure abatari bake

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Dj Brian na Nicolas Peks ni bamwe mu bari bususurutse igitaramo “PULSE SATURDAY”

Dj Brian na Nicolas Peks ni bamwe mu bari bususurutse igitaramo “PULSE SATURDAY”

January 31, 2026
CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026

Recent News

Dj Brian na Nicolas Peks ni bamwe mu bari bususurutse igitaramo “PULSE SATURDAY”

Dj Brian na Nicolas Peks ni bamwe mu bari bususurutse igitaramo “PULSE SATURDAY”

January 31, 2026
CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Dj Brian na Nicolas Peks ni bamwe mu bari bususurutse igitaramo “PULSE SATURDAY”

Dj Brian na Nicolas Peks ni bamwe mu bari bususurutse igitaramo “PULSE SATURDAY”

January 31, 2026
CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com