Nyuma y’imyaka 8 muri White House, Barack Obama yemeye ko atari yorohewe mu rugo, ubu ari gukora ibishoboka byose ngo...
Read moreHari benshi mu bahanzi bagiye baririmba ku rupfu, bakabigaragaza nk’ikintu gikomeye ubwonko bw’umuntu butabasha gusobanukirwa. Bagaragaza ko ari cyo kibi...
Read moreKuri uyu wa Kane, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yageze mu murwa mukuru wa Sudani y’Epfo, Juba, mu ruzinduko...
Read moreMu gihe ingaruka z’izamuka ry’ibiciro ryatewe n’imisoro yashyizweho na Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, zikomeje kumvikana ku...
Read moreUmuhanga mu by’isanzure wa NASA, Barry "Butch" Wilmore, yagarutse ku Isi nyuma yo kumara amezi icyenda atunguwe n’ibibazo by'ubumenyi bw’ikirere...
Read moreKuri uyu wa karindwi, taliki 30 Werurwe 2025, itsinda ry’abatabazi ryihutirwa ryatangiye kwinjira mu gace ka Myanmar kageramiwe cyane n’umutingito...
Read moreAbaturage bo mu Karere ka Gisagara baratabaza basaba ko bakwishyurwa amafaranga y’ingurane ku mitungo yabo yangijwe n’ikorwa ry’umuyoboro w’amashanyarazi, kuko...
Read moreMu cyumweru gishize, ingabo za Sudani (SAF) zongereye ibikorwa bya gisirikare bigamije kwigarurira ibice bikomeye by’umurwa mukuru Khartoum, birimo Ingoro...
Read moreMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, umujyi wa Kampala muri Uganda wibasiwe n'imvura nyinshi yateje umwuzure, bigatuma ibikorwa bitandukanye...
Read moreYokne’am, Israel – Umugabo ukekwaho ibikorwa by’iterabwoba yarashwe n’inzego z’umutekano za Israel ku wa mbere mu gitondo nyuma yo gutera...
Read more
© 2024 KasukuMedia.com