Urukiko rwo muri Romania rwahamije umuraperi w’Umunyamerika Wiz Khalifa icyaha cyo gutunga no gukoresha ibiyobyabwenge mu buryo bunyuranyije n’amategeko, rumukatira...
Read moreUwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama, yashyize ahagaragara urutonde rw’indirimbo zamunyuze cyane mu mwaka wa...
Read moreMu kiganiro Sunday Choice Live, umuyobozi wa East African Promoters, Muyoboke Alex, yashimangiye ko umuhanzi The Ben ari umwe mu...
Read moreIcyamamare mu muziki, Simba Diamond Platnumz, akomeje gutangaza benshi binyuze mu buryo ahuza umuziki n’imideli, agaragaza ko ari umwe mu...
Read moreMiss Jolly Mutesi yatangaje ko atishimiye amagambo y’umunyamakuru Karegeya Omar Jean Baptiste wanenze inkunga aherutse guha Miss Nishimwe Naomie, yayinyujije...
Read moreUmunyamakuru Kayitesi Yvonne wamamaye ku izina rya Tessy yakorewe ibirori byihariye byo gusezera ku bukumi, bizwi nka Bridal Shower, mu...
Read moreJaysqueezer, uzwi cyane ku mazina zina nka Kasuku, Wamipango n'andi menshi atandukanye yateganyije igikorwa cyihariye cyo gusangira umunsi mukuru wa...
Read moreUmuhanzi ukunzwe mu Rwanda no hanze yarwo, Bruce Melodie, yamaze gushyira hanze amashusho y'ukuntu indirimbo nshya yitwa “Munyakazi” izaba imeze...
Read moreMu gihe iminsi mikuru ya Noheli itaratangira ku mugaragaro, umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Bill Nass, yamaze kwerekana ko urukundo arufata...
Read moreUmuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Nigeria, Kizz Daniel, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo kugaragaza ibyishimo byihariye we n’umuryango we bagize muri...
Read more
© 2024 KasukuMedia.com