• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Chloe Bailey yeruriye Burna Boy urukundo mu ruhame, nyuma y’igihe bakwepakwepa

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
February 10, 2025
in Imyidagaduro
0
Chloe Bailey yeruriye Burna Boy urukundo mu ruhame, nyuma y’igihe bakwepakwepa
0
SHARES
1
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Cyera kabaye, umuhanzikazi w’Umunyamerika Chloe Bailey yeruriye Burna Boy urukundo bari mu ruhame, nyuma y’igihe kinini aba bombi bakwepakwepa kuvuga ku mubano wabo. Ibi byabaye nyuma y’amakuru amaze iminsi acicikana avuga ko aba bombi bagirana ibihe byihariye, ariko bakanga kugira icyo batangaza ku by’urukundo rwabo.

Burna Boy na Chloe bakomeje kugirana ibihe byiza muri Nigeria, aho uyu muhanzikazi amaze igihe asura Burna Boy mu buryo butuma benshi bibaza byinshi.

Mu Ukuboza 2024, inkuru y’urukundo rwabo yongeye kuvugwa cyane ubwo Chloe yagaragaraga muri Nigeria, aho yari yagiye gusura Burna Boy.

Nubwo icyo gihe bombi batigeze bemera cyangwa ngo bahakane iby’urukundo rwabo, ibihe bagiranaga byatumaga abantu benshi bakeka ko hari ikintu kirenze ubucuti busanzwe kibahuza.

Mu kiganiro yakoreye kuri Radio The Breakfast Club yo muri Amerika muri Mutarama 2025, Chloe Bailey yongeye kubazwa kuri ayo makuru. Umunyamakuru yamubajije niba koko akundana na Burna Boy, maze asubiza agira ati: “Ndi umuntu mukuru, Burna na we ni umuntu mukuru. Nta cyaha kirimo gukunda cyangwa gukundwa.”

Mu kiganiro yakoreye kuri Radio The Breakfast Club yo muri Amerika muri Mutarama 2025, Chloe Bailey yongeye kubazwa kuri ayo makuru niba koko yaba akundana na Burna Boy.

Aya magambo ye ntiyasobanuye byeruye niba ari mu rukundo n’uyu muhanzi wo muri Nigeria, ariko yahaye abafana babo icyizere ko bashobora kuba bari mu mubano udasanzwe.

Iby’urukundo rwa Burna Boy na Chloe bikomeje gufata indi ntera, cyane ko muri iyi minsi aba bombi bagaragaza ubushuti budasanzwe. Hari amashusho yabonetse agaragaza Chloe ari kumwe na Burna Boy mu birori bitandukanye, ndetse hari n’igihe bagaragara bafatanye akaboko, bituma abakunzi babo barushaho kwemeza ko hagati yabo harimo urukundo.

Mu gihe Burna Boy na Chloe batari barigeze bemera ku mugaragaro ko bakundana, ubu amagambo Chloe yavuze asa n’aho ari ikimenyetso gikomeye cy’uko hari ikintu gikomeye kiri hagati yabo.

Abakunzi babo baracyategereje niba umwe muri bo azavuga byeruye ko bakundana, cyangwa niba bazakomeza kugenda babyirinda.

Ese koko Burna Boy na Chloe Bailey bari mu rukundo, cyangwa ni ubushuti busanzwe? Ibi ni byo abakunzi babo bakomeje kwibaza, ariko ikigaragara ni uko bombi bahorana ibihe byiza, kandi ibyo bikomeje gutuma urukundo rwabo rukekwa kurushaho.

Iby’urukundo rwa Burna Boy na Chloe bikomeje gufata indi ntera, cyane ko muri iyi minsi aba bombi bagaragaza ubushuti budasanzwe.
ADVERTISEMENT
Previous Post

Ubuyobozi bushya bwa Trump bwamaganye imfashanyo z’iterambere, bitera impungenge ku Isi hose, harimo na Vatikani

Next Post

Umubyinnyi wa Kendrick Lamar yajyanwe amaguru adakora hasi nyuma yo kwerekana ibendera rya Palestine

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Umubyinnyi wa Kendrick Lamar yajyanwe amaguru adakora hasi nyuma yo kwerekana ibendera rya Palestine

Umubyinnyi wa Kendrick Lamar yajyanwe amaguru adakora hasi nyuma yo kwerekana ibendera rya Palestine

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Toni Rüdiger yagarutse nyuma y’imvune ikomeye yaramaranye igihe

Toni Rüdiger yagarutse nyuma y’imvune ikomeye yaramaranye igihe

June 22, 2025
Santi Cazorla yanditse amateka mashya hamwe na Real Oviedo

Santi Cazorla yanditse amateka mashya hamwe na Real Oviedo

June 22, 2025
Ubutumwa bwa Messi bushimangira ku cyubahiro aha Cristiano

Ubutumwa bwa Messi bushimangira ku cyubahiro aha Cristiano

June 20, 2025
Jay-Squeeser WA MIPANGO yikomye Roben Ngabo kubyo yavuze kuri Tom Close

Jay-Squeeser WA MIPANGO yikomye Roben Ngabo kubyo yavuze kuri Tom Close

June 20, 2025

Recent News

Toni Rüdiger yagarutse nyuma y’imvune ikomeye yaramaranye igihe

Toni Rüdiger yagarutse nyuma y’imvune ikomeye yaramaranye igihe

June 22, 2025
Santi Cazorla yanditse amateka mashya hamwe na Real Oviedo

Santi Cazorla yanditse amateka mashya hamwe na Real Oviedo

June 22, 2025
Ubutumwa bwa Messi bushimangira ku cyubahiro aha Cristiano

Ubutumwa bwa Messi bushimangira ku cyubahiro aha Cristiano

June 20, 2025
Jay-Squeeser WA MIPANGO yikomye Roben Ngabo kubyo yavuze kuri Tom Close

Jay-Squeeser WA MIPANGO yikomye Roben Ngabo kubyo yavuze kuri Tom Close

June 20, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Toni Rüdiger yagarutse nyuma y’imvune ikomeye yaramaranye igihe

Toni Rüdiger yagarutse nyuma y’imvune ikomeye yaramaranye igihe

June 22, 2025
Santi Cazorla yanditse amateka mashya hamwe na Real Oviedo

Santi Cazorla yanditse amateka mashya hamwe na Real Oviedo

June 22, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com