• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Diamond Platnumz yatangaje ko yifuza kurongora

JaySqueezer by JaySqueezer
December 1, 2024
in Imyidagaduro
0
Diamond Platnumz yatangaje ko yifuza kurongora
0
SHARES
8
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umuhanzi w’icyamamare Diamond Platnumz yatunguye benshi ku mbuga nkoranyambaga ubwo yasabaga Imana umugisha kugira ngo areke kuba ingaragu agashyingirwa.

Mu butumwa yashyize hanze, yagize ati: “Mana, ntabwo nzi ibyo uri kunteganyiriza, ariko ndambiwe kuba ingaragu. Ndakwinginze mpa umugisha unampe ubukwe.”

Aya magambo yahise avugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, bamwe bamugaya bamwibutsa ko abo babanye mu gihe cyashize batigeze barambana.

Hari n’ababonye ko ari uburyo bwo gushaka kuvugwa cyane, mu rwego rwo kwamamaza indirimbo ye aherutse gusohorana na Zuchu.

Ibi byatangajwe nyuma y’uko Diamond na Zuchu batangaje ko batandukanye mu bwumvikane, ariko bakemeza ko bazakomeza gukorana nk’ibisanzwe.

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Amateka ya karere ka Gasabo

Next Post

Abantu barenga 50 barapfuye abandi benshi baburirwa irengero

JaySqueezer

JaySqueezer

Next Post
Abantu barenga 50 barapfuye abandi benshi baburirwa irengero

Abantu barenga 50 barapfuye abandi benshi baburirwa irengero

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Brussels Airlines yananiwe kugwa ku kibuga cy’indege cy’i Bujumbura incuro 5 zikurikirana

Brussels Airlines yananiwe kugwa ku kibuga cy’indege cy’i Bujumbura incuro 5 zikurikirana

December 11, 2025
Rutsiro: Umupolisi yarashe umugabo n’umukozi wa DASSO

Rutsiro: Umupolisi yarashe umugabo n’umukozi wa DASSO

December 10, 2025
Al Hilal yandikiye CAF isaba kwimurira imikino yayo muri Libya aho kuyikinira mu Rwanda

Al Hilal yandikiye CAF isaba kwimurira imikino yayo muri Libya aho kuyikinira mu Rwanda

December 10, 2025
Indirimbo ivugwaho ubujura: Marina n’ubuyobozi bwe basobanura uko byagenze mu myaka ine bayimaranye

Indirimbo ivugwaho ubujura: Marina n’ubuyobozi bwe basobanura uko byagenze mu myaka ine bayimaranye

December 10, 2025

Recent News

Brussels Airlines yananiwe kugwa ku kibuga cy’indege cy’i Bujumbura incuro 5 zikurikirana

Brussels Airlines yananiwe kugwa ku kibuga cy’indege cy’i Bujumbura incuro 5 zikurikirana

December 11, 2025
Rutsiro: Umupolisi yarashe umugabo n’umukozi wa DASSO

Rutsiro: Umupolisi yarashe umugabo n’umukozi wa DASSO

December 10, 2025
Al Hilal yandikiye CAF isaba kwimurira imikino yayo muri Libya aho kuyikinira mu Rwanda

Al Hilal yandikiye CAF isaba kwimurira imikino yayo muri Libya aho kuyikinira mu Rwanda

December 10, 2025
Indirimbo ivugwaho ubujura: Marina n’ubuyobozi bwe basobanura uko byagenze mu myaka ine bayimaranye

Indirimbo ivugwaho ubujura: Marina n’ubuyobozi bwe basobanura uko byagenze mu myaka ine bayimaranye

December 10, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Brussels Airlines yananiwe kugwa ku kibuga cy’indege cy’i Bujumbura incuro 5 zikurikirana

Brussels Airlines yananiwe kugwa ku kibuga cy’indege cy’i Bujumbura incuro 5 zikurikirana

December 11, 2025
Rutsiro: Umupolisi yarashe umugabo n’umukozi wa DASSO

Rutsiro: Umupolisi yarashe umugabo n’umukozi wa DASSO

December 10, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com