• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Donald Trump yavuze ko ibyo kubabarira P. Diddy, atabiteganya ubu

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 10, 2026
in Imyidagaduro
0
Donald Trump yavuze ko ibyo kubabarira P. Diddy, atabiteganya ubu
0
SHARES
5
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gushimangira ko adateganya kubabarira umuraperi w’icyamamare Sean Combs uzwi cyane nka P. Diddy, nubwo uyu yari yaramaze kugaragaza icyizere cyo kuzahabwa imbabazi mu ntangiriro za 2026.

Mu kiganiro Trump yagiranye n’ikinyamakuru The New York Times, yavuze ko koko yakiriye ibaruwa ya P. Diddy amusaba imbabazi za Perezida, ariko ashimangira ko icyo cyifuzo kitari mu byo atekereza muri iki gihe. Yagize ati, “Nazi neza ko yabisabye, ariko ubu ntabwo ndi kubitekerezaho.”

Aya magambo aje akurikira amakuru yari yarasakaye avuga ko P. Diddy yabwiraga bagenzi be bafunganywe muri gereza ya FCI Fort Dix muri Leta ya New Jersey, mu Ugushyingo 2025, ko yizeye kuzahabwa imbabazi na Trump. Icyo gihe, TMZ yari yatangaje ko uyu muraperi yari afite icyizere cyinshi ku cyemezo cya Perezida.

P. Diddy ari kurangiza igihano cy’amezi 50 yakatiwe nyuma yo guhamwa n’ibyaha bibiri bifitanye isano n’uburaya. Nyuma gato yo gukatirwa mu Ukwakira 2025, itsinda ry’abamwunganira mu mategeko ryavuganye n’umwe mu bayobozi bakuru ba White House, basaba ko igihano cye cyagabanywa cyangwa agahabwa imbabazi burundu.

Donald Trump yavuze ko ibyo kubabarira P. Diddy, atabiteganya ubu

N’ubwo mbere Trump yari yaragaragaje ko akiri mu gushidikanya, amagambo aheruka gutangaza agaragaza ko yamaze gufata umwanzuro wa nyuma. Mu Kanama 2025, Trump yari yavuze ko kubabarira P. Diddy bitoroshye, cyane ko bigeze gusangira, ariko nyuma akaza kumuvugaho amagambo atari meza, bikaba byarazambye umubano wabo.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

Next Post

Bukayo Saka yongereye amasezerano muri Arsenal kugeza mu 2031

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Bukayo Saka yongereye amasezerano muri Arsenal kugeza mu 2031

Bukayo Saka yongereye amasezerano muri Arsenal kugeza mu 2031

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Bukayo Saka yongereye amasezerano muri Arsenal kugeza mu 2031

Bukayo Saka yongereye amasezerano muri Arsenal kugeza mu 2031

January 10, 2026
Donald Trump yavuze ko ibyo kubabarira P. Diddy, atabiteganya ubu

Donald Trump yavuze ko ibyo kubabarira P. Diddy, atabiteganya ubu

January 10, 2026
Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

January 8, 2026
Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

Burera: Abaturage bahisemo kujya bagendana amatungo yabo aho bagiye hose kubera ubwiyongere bw’ubujura

January 8, 2026

Recent News

Bukayo Saka yongereye amasezerano muri Arsenal kugeza mu 2031

Bukayo Saka yongereye amasezerano muri Arsenal kugeza mu 2031

January 10, 2026
Donald Trump yavuze ko ibyo kubabarira P. Diddy, atabiteganya ubu

Donald Trump yavuze ko ibyo kubabarira P. Diddy, atabiteganya ubu

January 10, 2026
Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

Muhanga: Umuryango w’abantu batatu utishoboye uhangayikishijwe n’ubuzima bwo kuba mu nzu yasenyutse

January 8, 2026
Cuti Romero aranenga abayobozi ba Tottenham kubura ijambo mu bihe bigoye by’ikipe

Burera: Abaturage bahisemo kujya bagendana amatungo yabo aho bagiye hose kubera ubwiyongere bw’ubujura

January 8, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Bukayo Saka yongereye amasezerano muri Arsenal kugeza mu 2031

Bukayo Saka yongereye amasezerano muri Arsenal kugeza mu 2031

January 10, 2026
Donald Trump yavuze ko ibyo kubabarira P. Diddy, atabiteganya ubu

Donald Trump yavuze ko ibyo kubabarira P. Diddy, atabiteganya ubu

January 10, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com