• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Edman Ishimwe yareze indirimbo “Tunywe” avuga ko iyobya abantu, ikurwa kuri YouTube

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 24, 2025
in Imyidagaduro
0
Edman Ishimwe yareze indirimbo “Tunywe” avuga ko iyobya abantu, ikurwa kuri YouTube
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Uwitwa Edman Ishimwe, uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera ibirego bitandukanye yagiye atanga ku bantu b’ibyamamare, yongeye gukora agashya arega indirimbo “Tunywe” ya Phil Peter, Ish Kevin, na Aime Bluestone. Uyu mugabo avuga ko iyi ndirimbo ifite ubutumwa buyobya abantu, bityo ikaba idakwiye kumvikana mu ruhando rwa muzika Nyarwanda.

Ibi byatumye iyi ndirimbo, kimwe na EP ya Phil Peter yitwa Fili Piano, bikurwa ku rubuga rwa YouTube.

Iki kirego gikurikiye ibindi byinshi Edman Ishimwe yagiye ashinja abandi, harimo ikirego giherutse yagejeje kuri Polisi, avuga ko umuhanzi The Ben atwaye imodoka atambaye umukandara, bikamuviramo guhanwa.

Phil Peter yatangaje ko we n’itsinda rye bari gukora ibishoboka byose kugira ngo indirimbo “Tunywe” hamwe na EP Fili Piano bigaruke kuri YouTube. Mu itangazo yashyize hanze, yavuze ko nubwo bacyakiriye iki kibazo n’umutima utuje, bidaciye intege itsinda rihuriye kuri iyo ndirimbo, kandi bizeye ko ubutabera buzagaragaza ukuri.

Indirimbo “Tunywe” ni imwe mu zigize EP nshya ya Phil Peter, ikaba yarakiriye abakunzi ba muzika neza ubwo yari ikiri kuri YouTube.

Ku rundi ruhande, bamwe mu bakunzi ba muzika Nyarwanda bavuze ko iki kirego cya Edman Ishimwe gisa n’icyaba gifite inyungu zihariye zinyuranye n’ukuri kw’ibyo avuga.

Ni gake mu muziki Nyarwanda habaho inkubiri nk’iyi yo gukura indirimbo kuri YouTube kubera ibirego by’abaturage basanzwe, ariko iki kirego cya Edman cyongeye guha benshi impamvu yo kuganira ku buryo bw’imikorere ya za platform n’ukuntu umuhanzi ashobora kwirwanaho mu gihe ahuye n’ikibazo nk’iki.

Phil Peter yasabye abakunzi b’indirimbo ye gukomeza kumushyigikira mu buryo bwose bushoboka, anashimira abagaragaje ko badashyigikiye icyemezo cyo gukura “Tunywe” kuri YouTube. Mu gihe hategerejwe uko ibintu bizagenda, hari icyizere ko EP Fili Piano izasubira ku rubuga vuba bishoboka, kugira ngo abakunzi bayo bakomeze kuyisangiza abandi no kuyumva nta nkomyi.

Phil Peter yasabye abakunzi b’indirimbo ye gukomeza kumushyigikira mu buryo bwose bushoboka.
Edman Ishimwe yareze indirimbo “Tunywe” avuga ko iyobya abantu, ikurwa kuri YouTube.
ADVERTISEMENT
Previous Post

Abagabo Batatu b’Abashinwa bafatiwe muri DRC bacukura Zahabu mu buryo bunyuranyije n’amategeko

Next Post

Umukinnyi w’icyamamare LeBron James agiye kwandika andi mateka mu mukino w’intoranywa wa NBA

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Umukinnyi w’icyamamare LeBron James agiye kwandika andi mateka mu mukino w’intoranywa wa NBA

Umukinnyi w’icyamamare LeBron James agiye kwandika andi mateka mu mukino w’intoranywa wa NBA

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

January 31, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Cristiano Ronaldo: “Iki gikombe ni kimwe mu byanteye ibyishimo”

Cristiano Ronaldo: “Iki gikombe ni kimwe mu byanteye ibyishimo”

June 9, 2025
DR Congo yamaganye urugendo rwa EJVM i Goma

DR Congo yamaganye urugendo rwa EJVM i Goma

June 9, 2025
Ihuriro ry’ingabo za Congo ryongeye kugaba igitero mu Rugezi

Ihuriro ry’ingabo za Congo ryongeye kugaba igitero mu Rugezi

June 9, 2025
Real Madrid yemeye gusinyisha impano y’imyaka 16, Abdellah Ouazzane

Real Madrid yemeye gusinyisha impano y’imyaka 16, Abdellah Ouazzane

June 9, 2025

Recent News

Cristiano Ronaldo: “Iki gikombe ni kimwe mu byanteye ibyishimo”

Cristiano Ronaldo: “Iki gikombe ni kimwe mu byanteye ibyishimo”

June 9, 2025
DR Congo yamaganye urugendo rwa EJVM i Goma

DR Congo yamaganye urugendo rwa EJVM i Goma

June 9, 2025
Ihuriro ry’ingabo za Congo ryongeye kugaba igitero mu Rugezi

Ihuriro ry’ingabo za Congo ryongeye kugaba igitero mu Rugezi

June 9, 2025
Real Madrid yemeye gusinyisha impano y’imyaka 16, Abdellah Ouazzane

Real Madrid yemeye gusinyisha impano y’imyaka 16, Abdellah Ouazzane

June 9, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Cristiano Ronaldo: “Iki gikombe ni kimwe mu byanteye ibyishimo”

Cristiano Ronaldo: “Iki gikombe ni kimwe mu byanteye ibyishimo”

June 9, 2025
DR Congo yamaganye urugendo rwa EJVM i Goma

DR Congo yamaganye urugendo rwa EJVM i Goma

June 9, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com