Mu gihe imyambaro ikomeje kuba kimwe mu bintu bigaragaza isura yβumuntu, iduka N1 Peter Style Rwanda ryubatse izina rikomeye mu mujyi wa Kigali, i Nyamirambo, aho rifasha abantu benshi kwambara neza kandi mu buryo bugezweho. Aho igitsina gabo gihuriza ku magambo amwe: βIyo ushaka kwambara neza, ujya muri N1 Peter Style Rwanda.β Aha ni ho benshi muri twe duhitamo guhaha kubera serivisi nziza, ibiciro byoroheje, nβimyambaro igezweho ituruka mu bihugu bitandukanye. Uhasanga amakabutura, amakoti, amasweater, inkweto zigezweho ndetse nβimyenda yβabagabo yβubwiza budasanzwe.
Muri N1 Peter Style Rwanda isura nβumwimerere wβimyambarire yβAbanyarwanda bβiki gihe. Uhereye ku rubyiruko rukunda kwambara mu buryo bwa street fashion kugeza ku bantu bakunda imyambarire yβuburanga, buri wese abona imubereye.
Si ibyo gusa, ubufatanye bwiza hagati yβabakozi bβiri duka nβabakiriya bwatumye rihinduka ahantu abantu baganira ku bijyanye nβimideli nβimyambarire igezweho.
Nkβuko abahatembera babyivugira, N1 Peter Style Rwanda ni iduka rifasha buri muntu kwiyumvamo icyizere no kugaragaza isura nshya mu myambarire. Ku muntu ushaka gusura iri duka, ashobora cyangwa akeneye ibindi bisobanuro birambuye yahamagara kuri nimero ya +250 788 793 522.

















