• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi y’akaguru

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 23, 2026
in Imikino
0
Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi y’akaguru
0
SHARES
5
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umukinnyi ukina mu kibuga hagati mu ikipe ya Arsenal uzwi cyane Eberechi Eze yamaze gukurwa mu bakinnyi b’Ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza bagomba kwitabira imikino ya gicuti, nyuma yo kugira imvune mu mitsi y’akaguru (calf injury). Ibi byemejwe n’ikipe ya Arsenal FC, aho uyu mukinnyi abarizwa muri iyi minsi.

Eze ntiyabashije gukina umukino wa nyuma ikipe ye yakinnye ejo hashize, bitewe n’iyo mvune yamubayeho mu myitozo. Abaganga b’ikipe batangaje ko azongera gusuzumwa mu minsi iri hagati ya 6 na 7, kugira ngo hamenyekane uko ubuzima bwe buhagaze ndetse n’igihe azagarukira mu kibuga.

Ku ruhande rw’ikipe y’u Bwongereza, umutoza mushya Thomas Tuchel yahise afata icyemezo cyo gushaka umusimbura. Uyu mutoza yahamagaye umukinnyi w’inyuma ku ruhande ukinira Newcastle United FC, ari we Harvey Barnes, kugira ngo aze gufasha icyuho cya Eberechi Eze muri iyo mikino ya gicuti iri imbere.

Izi mpinduka zabaye mu gihe ikipe y’u Bwongereza iri kwitegura gukomeza kugerageza abakinnyi bayo bashya no kubaka ikipe ikomeye izahangana mu marushanwa ari imbere. Kuba umukinnyi ukomeye nka Eberechi Eze avuyemo bishobora kugira ingaruka ku buryo ikipe yitwara, ariko na none biha amahirwe Barnes yo kwigaragaza no kwerekana ubushobozi bwe.

Abafana bategereje kureba niba Barnes azabyaza umusaruro aya mahirwe ahawe, mu gihe Eze we azaba ari kwibanda ku gukira neza kugira ngo agaruke mu kibuga afite imbaraga nshya.

Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira imvune mu mitsi y’akaguru
Umukinnyi w’inyuma ku ruhande ukinira Newcastle United FC, Harvey Barnes niwe wahamagawe mu gukuraho icyuho cya Eze, nyuma y’imvune yagize

ADVERTISEMENT
Previous Post

Umusizi Le PoΔ›te akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze Igisigo gishya yise “Siniyishe”

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
β€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

β€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
JoΕ‘ko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

JoΕ‘ko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi y’akaguru

Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi y’akaguru

March 23, 2026
Umusizi Le PoΔ›te akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze Igisigo gishya yise “Siniyishe”

Umusizi Le PoΔ›te akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze Igisigo gishya yise “Siniyishe”

March 23, 2026
Amakimbirane ari hagati ya Doja Cat na Se Dumisani Dlamini akomeje kuvugisha benshi

Amakimbirane ari hagati ya Doja Cat na Se Dumisani Dlamini akomeje kuvugisha benshi

March 23, 2026
Yategeye Arsenal gutwara igikombe cya Carabao Cup, asigara ari mu gihombo gikomeye

Yategeye Arsenal gutwara igikombe cya Carabao Cup, asigara ari mu gihombo gikomeye

March 23, 2026

Recent News

Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi y’akaguru

Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi y’akaguru

March 23, 2026
Umusizi Le PoΔ›te akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze Igisigo gishya yise “Siniyishe”

Umusizi Le PoΔ›te akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze Igisigo gishya yise “Siniyishe”

March 23, 2026
Amakimbirane ari hagati ya Doja Cat na Se Dumisani Dlamini akomeje kuvugisha benshi

Amakimbirane ari hagati ya Doja Cat na Se Dumisani Dlamini akomeje kuvugisha benshi

March 23, 2026
Yategeye Arsenal gutwara igikombe cya Carabao Cup, asigara ari mu gihombo gikomeye

Yategeye Arsenal gutwara igikombe cya Carabao Cup, asigara ari mu gihombo gikomeye

March 23, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi y’akaguru

Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi y’akaguru

March 23, 2026
Umusizi Le PoΔ›te akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze Igisigo gishya yise “Siniyishe”

Umusizi Le PoΔ›te akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze Igisigo gishya yise “Siniyishe”

March 23, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

Β© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

Β© 2024 KasukuMedia.com