• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

FERWAFA yakiriye ikipe ya Al Hilal SC, iyizeza ubufasha mu rugendo rwa CAF

Ibi biganiro byabereye mu Rwanda byagaragaje ubushake bwo kurushaho guteza imbere umubano w’imikino hagati ya FERWAFA n'ikipe ya Al Hilal SC.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 22, 2026
in Imikino
0
FERWAFA yakiriye ikipe ya Al Hilal SC, iyizeza ubufasha mu rugendo rwa CAF
0
SHARES
1
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Perezida wa FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice, yakiriye mu cyubahiro Perezida w’Inama y’Ubutegetsi ya Al Hilal SC, Hisham Hassan Al-Sobat, mu biganiro byagarutse cyane ku bufatanye hagati y’impande zombi ndetse n’uburyo iyi kipe yakomeza gufashwa mu marushanwa ya CAF Champions League.

Ibi biganiro byabereye mu Rwanda byagaragaje ubushake bwo kurushaho guteza imbere umubano w’imikino hagati ya FERWAFA na Al Hilal, cyane cyane mu gihe iyi kipe ikomeje gukinira imikino mpuzamahanga ku butaka bw’u Rwanda. Perezida Shema Ngoga Fabrice yashimye imikoranire iriho, avuga ko u Rwanda rwiteguye gukomeza kwakira neza iyi kipe no kuyifasha mu buryo bwose bushoboka.

Mu butumwa bwe, yagaragaje ko Abanyarwanda bishimira kuba Al Hilal yarahisemo u Rwanda nk’ahantu ho kwakirira imikino yayo, anongeraho ko abafana b’umupira w’amaguru mu gihugu biteguye kuyishyigikira nk’aho ari ikipe yabo.

Ku rundi ruhande, Hisham Hassan Al-Sobat yashimiye cyane ubuyobozi bwa FERWAFA n’u Rwanda muri rusange ku bw’ubufasha bukomeje guhabwa ikipe ayoboye, agaragaza ko byayifashije kwitwara neza mu marushanwa arimo.

Perezida wa FERWAFA kandi yifurije Al Hilal amahirwe masa mu mukino uzayihuza na RS Berkane, agaragaza ko yizeye intsinzi izatuma ikomeza gutera intambwe igana kure muri iri rushanwa rikomeye ku mugabane wa Afurika. Ibi biganiro byasize icyizere cy’uko ubufatanye hagati y’impande zombi buzakomeza gutanga umusaruro ufatika.

FERWAFA yakiriye ikipe ya Al Hilal SC, iyizeza ubufasha mu rugendo rwa CAF
Ibi biganiro byabereye mu Rwanda byagaragaje ubushake bwo kurushaho guteza imbere umubano w’imikino hagati ya FERWAFA n’ikipe ya Al Hilal SC

ADVERTISEMENT
Previous Post

Riderman ni umwe mu bahanzi bakomeye basusurukije urubyiruko mu nama ya FPR Inkotanyi

Next Post

Marten de Roon yanditse amateka mashya adasanzwe mu ikipe ya Atalanta Bergamo

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Marten de Roon yanditse amateka mashya adasanzwe mu ikipe ya Atalanta Bergamo

Marten de Roon yanditse amateka mashya adasanzwe mu ikipe ya Atalanta Bergamo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi y’akaguru

Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi y’akaguru

March 23, 2026
Umusizi Le Poěte akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze Igisigo gishya yise “Siniyishe”

Umusizi Le Poěte akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze Igisigo gishya yise “Siniyishe”

March 23, 2026
Amakimbirane ari hagati ya Doja Cat na Se Dumisani Dlamini akomeje kuvugisha benshi

Amakimbirane ari hagati ya Doja Cat na Se Dumisani Dlamini akomeje kuvugisha benshi

March 23, 2026
Yategeye Arsenal gutwara igikombe cya Carabao Cup, asigara ari mu gihombo gikomeye

Yategeye Arsenal gutwara igikombe cya Carabao Cup, asigara ari mu gihombo gikomeye

March 23, 2026

Recent News

Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi y’akaguru

Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi y’akaguru

March 23, 2026
Umusizi Le Poěte akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze Igisigo gishya yise “Siniyishe”

Umusizi Le Poěte akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze Igisigo gishya yise “Siniyishe”

March 23, 2026
Amakimbirane ari hagati ya Doja Cat na Se Dumisani Dlamini akomeje kuvugisha benshi

Amakimbirane ari hagati ya Doja Cat na Se Dumisani Dlamini akomeje kuvugisha benshi

March 23, 2026
Yategeye Arsenal gutwara igikombe cya Carabao Cup, asigara ari mu gihombo gikomeye

Yategeye Arsenal gutwara igikombe cya Carabao Cup, asigara ari mu gihombo gikomeye

March 23, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi y’akaguru

Eze ntazifashishwa mu mikino ikipe y’Igihugu cy’Ubwongereza ifite, nyuma yo kugira ikibazo cy’imitsi y’akaguru

March 23, 2026
Umusizi Le Poěte akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze Igisigo gishya yise “Siniyishe”

Umusizi Le Poěte akomeje kuvugisha abatari bake, nyuma yo gushyira hanze Igisigo gishya yise “Siniyishe”

March 23, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com