• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

G Tuff nyuma yo gusangira ifi na Wamipango byose ahise abivuga

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
October 30, 2025
in Imyidagaduro
0
G Tuff nyuma yo gusangira ifi na Wamipango byose ahise abivuga
0
SHARES
11
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 30 Ukwakira 2025, G Tuff, umwe mu banyarwenya b’imena mu Rwanda, yagaragaje ibyishimo bye bikomeye nyuma yo gusangira ifi na Wamipango uzwi cyane ku izina rya Kasuku, akaba n’umuyobozi mukuru wa Kasuku Media, mu kiganiro cyamubereye icya mbere mu mateka ye, doreko burya bwose basanzwe baziranye kuva mu buto bwabo.

Nk’uko G Tuff yabivuze, kuva yatangira kugaragara ku zindi channel mu biganiro bitandukanye, ntabwo yari asanzwe arya ifi mu gihe cy’ikiganiro, ariko kuri iyi nshuro byose byari bitandukanye.

Yagize ati: “Nagiye kenshi ku ma radio no ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye gutanga ibiganiro, ariko ni ubwa mbere ndiye ifi mu kiganiro. Kuri uyu munsi, nasanze urukundo n’icyubahiro bigaragarira mu buryo utunganyije ikiganiro, byatumye numva meze neza cyane.”

G Tuff usanzwe anarapa yavuze ko uburyo yakiriwe na Wamipango bwamushimishije, kuko atari ibintu bisanzwe mu itangazamakuru, aho akenshi abanyamakuru bareba gusa inkuru bashaka gutangaza, ariko ntibita ku buryo umushyitsi yumva yisanzuye yaba kubijyanye n’igifu.

Yongeyeho ko ubu bufatanye bushobora kuba intangiriro y’ibiganiro bishya by’urwenya, doreko yivugiye ko utabura amagambo mu gihe wariye.

Ibyiyumvo bikomeye ku bafana, bamwe bavuga ko “ifi yo kwa Wamipango itari ifi gusa, ahubwo yari isomo yatanze ku bakina umukino nk’iwo kwotsa agafi ntamafaranga bafite.” Wamipango nawe ntiyacitse intege, amusubiza mu buryo bw’urwenya agira ati: “Nta muntu ukwiye gusohoka kwa Kasuku ashonje. G Tuff yari akwiriye gusogongera ku ifi yacu!”

Uyu munsi G Tuff yagaragarije Kasuku Media ko ibyo guha umushyitsi agaciro, kumwakira neza no kumwumvisha ko afite agaciro, bishobora gutuma habaho ubusabane. Yashimiye cyane Wamipango ku buryo yamwakiriye, asanga ari ikimenyetso cy’uko urukundo n’ubusabane mu itangazamakuru bishobora guhindura uko abantu bumva ibiganiro, bikaba intangiriro y’amahirwe mashya ku mikorere n’ubufatanye mu bijyanye n’imyidagaduro.

G Tuff nyuma yo gusangira ifi na Wamipango byose yahise abivuga
G Tuff usanzwe yavuze ko uburyo yakiriwe na Wamipango bwamushimishije cyane

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Burundi: Perezida Ndayishimiye Evariste yahagaritse bitunguranye kwitabira inama yiga ku mutekano n’iterambere ry’Akarere ka Afurika y’ibiyaga bigari

Next Post

Kimisagara: Umucuruzi arashinja abanyerondo b’umwuga kumuteza ibihombo umunsi ku wundi

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Kimisagara: Umucuruzi arashinja abanyerondo b’umwuga kumuteza ibihombo umunsi ku wundi

Kimisagara: Umucuruzi arashinja abanyerondo b'umwuga kumuteza ibihombo umunsi ku wundi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Kimisagara: Umucuruzi arashinja abanyerondo b’umwuga kumuteza ibihombo umunsi ku wundi

Kimisagara: Umucuruzi arashinja abanyerondo b’umwuga kumuteza ibihombo umunsi ku wundi

October 30, 2025
G Tuff nyuma yo gusangira ifi na Wamipango byose ahise abivuga

G Tuff nyuma yo gusangira ifi na Wamipango byose ahise abivuga

October 30, 2025
Burundi: Perezida Ndayishimiye Evariste yahagaritse bitunguranye kwitabira inama yiga ku mutekano n’iterambere ry’Akarere ka Afurika y’ibiyaga bigari

Burundi: Perezida Ndayishimiye Evariste yahagaritse bitunguranye kwitabira inama yiga ku mutekano n’iterambere ry’Akarere ka Afurika y’ibiyaga bigari

October 30, 2025
Muhanga: Abaturage bamaze iminsi ibiri bategereje kubona umurambo w’umusore warohamye mu mugezi wa Nyabarongo

Muhanga: Abaturage bamaze iminsi ibiri bategereje kubona umurambo w’umusore warohamye mu mugezi wa Nyabarongo

October 30, 2025

Recent News

Kimisagara: Umucuruzi arashinja abanyerondo b’umwuga kumuteza ibihombo umunsi ku wundi

Kimisagara: Umucuruzi arashinja abanyerondo b’umwuga kumuteza ibihombo umunsi ku wundi

October 30, 2025
G Tuff nyuma yo gusangira ifi na Wamipango byose ahise abivuga

G Tuff nyuma yo gusangira ifi na Wamipango byose ahise abivuga

October 30, 2025
Burundi: Perezida Ndayishimiye Evariste yahagaritse bitunguranye kwitabira inama yiga ku mutekano n’iterambere ry’Akarere ka Afurika y’ibiyaga bigari

Burundi: Perezida Ndayishimiye Evariste yahagaritse bitunguranye kwitabira inama yiga ku mutekano n’iterambere ry’Akarere ka Afurika y’ibiyaga bigari

October 30, 2025
Muhanga: Abaturage bamaze iminsi ibiri bategereje kubona umurambo w’umusore warohamye mu mugezi wa Nyabarongo

Muhanga: Abaturage bamaze iminsi ibiri bategereje kubona umurambo w’umusore warohamye mu mugezi wa Nyabarongo

October 30, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Kimisagara: Umucuruzi arashinja abanyerondo b’umwuga kumuteza ibihombo umunsi ku wundi

Kimisagara: Umucuruzi arashinja abanyerondo b’umwuga kumuteza ibihombo umunsi ku wundi

October 30, 2025
G Tuff nyuma yo gusangira ifi na Wamipango byose ahise abivuga

G Tuff nyuma yo gusangira ifi na Wamipango byose ahise abivuga

October 30, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com