• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
ADVERTISEMENT
Home Politike

Gen. Muhoozi Kainerugaba yasabye Jay Z kwisobanura ku mubano we na Beyoncé

Gen. Muhoozi ni umusirikare ukunze kugira imvugo zitavugwaho rumwe, akoresha cyane Twitter mu gutanga ibitekerezo ku ngingo zitandukanye, zirimo politiki

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 25, 2025
in Politike
0
Gen. Muhoozi Kainerugaba yasabye Jay Z kwisobanura ku mubano we na Beyoncé
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Mu butumwa aheruka gutangaza ku mbuga nkoranyambaga, Gen. Muhoozi Kainerugaba, umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, yavuze ko Jay Z agomba kwishyikiriza Uganda agasaba imbabazi kubera gushyingiranwa na Beyoncé, umugore avuga ko ari uwe.

Iri tangazo ryatunguye benshi, cyane ko Beyoncé na Jay Z ari bamwe mu byamamare bikomeye ku isi, bazwiho kugira urukundo rukomeye rumaze imyaka irenga icumi.

Nubwo amagambo ya Gen. Muhoozi yafatiriwe nk’urwenya n’abatari bacye, hari ababonye ko ashobora kuba afite ubutumwa bwimbitse kuri politiki cyangwa ubusabane bw’ibihugu byombi.

Gen. Muhoozi ni umusirikare ukunze kugira imvugo zitavugwaho rumwe, akoresha cyane Twitter mu gutanga ibitekerezo ku ngingo zitandukanye, zirimo politiki.

Gen. Muhoozi ni umusirikare ukunze kugira imvugo zitavugwaho rumwe, akoresha cyane Twitter mu gutanga ibitekerezo ku ngingo zitandukanye, zirimo politiki, ubuyobozi n’ibikorwa by’ingabo. Mu bihe byashize, yagaragaje gushimangira ubusabane bwa Uganda n’ibihugu bikomeye nka’Uburusiya , Ubushinwa, ariko ntibimubuza no kugira amagambo asekeje ku byamamare bya Amerika.

Mu gihe bamwe bafashe aya magambo ye nk’uburyo bwo gukomeza gukundwa n’urubyiruko rukoresha imbuga nkoranyambaga, abandi bibajije niba nta butumwa bwa politiki buyihishe inyuma. Hari abemeza ko uburyo akoresha mu itumanaho ari bumwe mu buryo bwe bwo kwigarurira imbaga no gushimangira igitekerezo cye mu buryo butaziguye.

Mu gihe Beyoncé ataragira icyo atangaza kuri aya magambo, bamwe mu bafana be batangaje ko batunguwe ndetse basaba Jay Z kudaha agaciro iki gitekerezo.

Nyamara, ibi bisa n’ibihuje n’imvugo za Gen. Muhoozi mu bihe bitandukanye, aho yakunze kuvuga ku byamamare by’amahanga, agira uruhare mu biganiro bikomeye kuri Twitter.

Nubwo atagaragaje ko afite indi gahunda yerekeye Jay Z na Beyoncé, iyi mvugo yongereye ibiganiro kuri internet, byatumye abantu batangira kuganira ku bijyanye n’uburyo abayobozi bamwe bifashisha imbuga nkoranyambaga mu gutanga ibitekerezo byabo no kuganira ku bintu bidasanzwe.

Nyamara, ibi bisa n’ibihuje n’imvugo za Gen. Muhoozi mu bihe bitandukanye, aho yakunze kuvuga ku byamamare by’amahanga, agira uruhare mu biganiro bikomeye kuri Twitter.
ADVERTISEMENT
Previous Post

Kat Abughazaleh, umunyamakuru wa TikTok ushaka impinduka muri Politiki ya Amerika

Next Post

Szoboszlai na Arda Güler mu ntambara y’Amagambo nk’iya Muhire Kevin na Niyibizi Ramadhan

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Szoboszlai na Arda Güler mu ntambara y’Amagambo nk’iya Muhire Kevin na Niyibizi Ramadhan

Szoboszlai na Arda Güler mu ntambara y'Amagambo nk'iya Muhire Kevin na Niyibizi Ramadhan

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

January 31, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

May 17, 2025
Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

May 17, 2025
Inka zirenga 40 z’Abanyamulenge zanyazwe n’ingabo za Leta muri Minembwe

Inka zirenga 40 z’Abanyamulenge zanyazwe n’ingabo za Leta muri Minembwe

May 17, 2025
Kivu y’Amajyepfo: Umusaza w’Umunyamulenge w’imyaka 60 yiciwe mu gitero cyagabwe na FRDC

Kivu y’Amajyepfo: Umusaza w’Umunyamulenge w’imyaka 60 yiciwe mu gitero cyagabwe na FRDC

May 17, 2025

Recent News

Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

May 17, 2025
Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

May 17, 2025
Inka zirenga 40 z’Abanyamulenge zanyazwe n’ingabo za Leta muri Minembwe

Inka zirenga 40 z’Abanyamulenge zanyazwe n’ingabo za Leta muri Minembwe

May 17, 2025
Kivu y’Amajyepfo: Umusaza w’Umunyamulenge w’imyaka 60 yiciwe mu gitero cyagabwe na FRDC

Kivu y’Amajyepfo: Umusaza w’Umunyamulenge w’imyaka 60 yiciwe mu gitero cyagabwe na FRDC

May 17, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

Dean Huijsen yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Real Madrid, nyuma yo gusoza ibizamini by’ubuzima i Londres

May 17, 2025
Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

Wazalendo bahawe ibikoresho bya gisirikare n’amafaranga nyuma yo guhura n’abakuru b’ingabo za RDC n’u Burundi

May 17, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com