• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Gicumbi yaserereje Fuadi, burya yacuruje inkwi

Mu gihe benshi babakunda ku majwi yabo ku gususurutsa abumva radiyo mu rubuga rw'imikino, hari abandi babafata nk’abanyuze mu nzira zitoroshye kugira ngo bagere aho bageze ubu.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
September 16, 2025
in Imikino
0
Gicumbi yaserereje Fuadi, burya yacuruje inkwi
0
SHARES
13
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Mu gihe benshi babakunda ku majwi yabo ku gususurutsa abumva radiyo mu rubuga rw’imikino, hari abandi babafata nk’abanyuze mu nzira zitoroshye kugira ngo bagere aho bageze ubu. Uwitwa Fuadi Uwihanganye, azwi cyane ku radiyo ya BB FM ndetse akaba yaranakoze kuri Radio10, yigeze guca mu rugendo rw’ubuzima rutoroshye, aho mugenzi we Gicumbi yamuserereje mu kiganiro ati yanacuruje inkwi kugira ngo abone ibimutunga ndetse abashe no gukomeza urugendo rwe rw’ubuzima.

Umunyamakuru Benjamin Gicumbi we avuga ko mu karere ka Gicumbi, ari ko gace kabaye intangiriro y’uru rugendo rw’itanagazamakuru ry’imikino. Hari aho bigeze bakavuga ko “yasererejwe na Gicumbi,” bikaba bisobanura uburyo ubuzima bwaho bwamuhaye isomo rikomeye, rumwe mu rufunguzo rwamufashije kuba uwo abantu bazi uyu munsi.

Benjamin Gicumbi mu gutebya kwinshi icyo gihe Fuadi yibuka uburyo yahoranaga inzozi, akavuga ko n’ubwo acuruza inkwi cyangwa akora imirimo yoroheje, hari umunsi azaba ari kumwe n’ibyamamare mu itangazamakuru. Icyo cyizere cyamubereye nk’intwaro yo kudacika intege.

Ubusanzwe, benshi bibwira ko inzira yo kugera ku rwego rw’umunyamakuru ukomeye bibanzirizwa n’amashuri yisumbuye cyangwa amahirwe atagira ingano. Nyamara urugero rwa Fuadi rwerekana ko ubushake, ubushobozi bwo kwihangana, ndetse n’ubutwari bwo kwihanganira inzira nyinshi zimwe yanaciyemo bishobora guhindura ubuzima bw’umuntu.

Uretse ibyo, urugendo rwe ni isomo rikomeye ku rubyiruko: ko umuntu atagomba gusuzugura imirimo iciriritse cyangwa iyoroheje, kuko ishobora kuba ishuri ry’ubuzima ritanga isomo ritazibagirana.

Fuadi ati: “Gicumbi yigeze kutwakira muri Restaurant kubera ikoti rinini yari yambaye ngira ngo abana n’ubumuga bwo kutagira amaboko”
Gicumbi yaserereje Fuadi, burya yacuruje inkwi

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Mucyo Antha yavuze ku kababaro yatewe na Rayon Sports nyuma yo kuyibera umuhuza n’umukinnyi Bring Bello

Next Post

“Kirazira ntawe ushobora gutwita ari mu igororero”

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
“Kirazira ntawe ushobora gutwita ari mu igororero”

"Kirazira ntawe ushobora gutwita ari mu igororero"

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

March 18, 2026
“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026
Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

March 17, 2026
Muhanga: Umugore arasaba ubutabera, nyuma yo kwamburwa urugo yubatse

Muhanga: Umugore arasaba ubutabera, nyuma yo kwamburwa urugo yubatse

March 17, 2026

Recent News

Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

March 18, 2026
“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026
Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

March 17, 2026
Muhanga: Umugore arasaba ubutabera, nyuma yo kwamburwa urugo yubatse

Muhanga: Umugore arasaba ubutabera, nyuma yo kwamburwa urugo yubatse

March 17, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

March 18, 2026
“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com