• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Hagati yaba bombi ninde uri mu kuri mu byo avuga

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
October 25, 2025
in Imyidagaduro
0
Micky ati: “Bizamfata igihe kugira mbabarire Regis twahoze dukundana”
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

“Nta muntu uri kamara mu buzima bwanjye!” Ni amagambo yavuzwe na Micky ubwo yasubizaga Captain Regis nyuma y’amakuru ya Ag Promoter n’umukobwa wo muri Norway yatangaje. Itangazamakuru ryo mu Rwanda ryongeye gususuruka nyuma y’iminsi micye, ubwo ku mbuga nkoranyambaga hatangiraga gucicikana amakuru y’ubukwe buteganyijwe hagati ya Igiraneza Pacifique, uzwi cyane nka Ag Promoter, n’umukobwa witwa Honorine uba mu gihugu cya Norway.

Iyi nkuru yatangajwe bwa mbere na Captain Regis, bamwe bavuga ko ari inkuru ishimishije y’urukundo yafashe indi ntera mu mahanga, abandi bakibaza uko byakakirwa n’abari basanzwe bazi amateka y’urukundo rwa kera rwa Ag Promoter na Micky, ukunzwe cyane mu myidagaduro mu Rwanda.

Micky yasubije mu magambo yuzuye amarangamutima mu gihe benshi bari bagifata nk’amakuru asanzwe, Micky yatunguye itangazamakuru asohora amagambo asa n’aho ari igisubizo ku bivugwa kuri Ag Promoter.

Ni amagambo yavugiye kuri live ku rubuga rwa Instagran, Micky yagize ati: “Hari igihe utwara imodoka ukabona amapine yarashaje kandi akenewe ko uyahindura. Rero iyo uhinduye ugashyiramo irindi, ntabwo biba bivuze ko rya rindi waryangaga.”

Aya magambo yahise akwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, abantu batangira kuyasesengura ku buryo butandukanye. Abenshi bibajije niba ari amagambo asanzwe cyangwa ari ubutumwa butaziguye bwagenewe Ag Promoter. Ubwo umunyamakuru yamubazaga niba koko ayo magambo agereranya umusore bakundanaga nk’ipine rishaje, Micky aseka agira ati: “Izi ntoki zanjye murazibona? Hari impeta mubonaho? Bivuze ko ndi njyenyine, nta muntu uri kamara mu buzima bwanjye.” Ayo magambo yateye benshi kumva nk’aho ari amagambo yo kwishongora.

Mu magambo yuzuye agahinda n’amarangamutima, Micky yagaragaje ko mu rukundo rwe rwa kera yigeze gukunda by’ukuri, ariko byose bikaza kurangira ubwo yamenyaga ko uwo yakundaga yari afite umwana yigeze guhisha. Yagize ati: “Nizeye umuntu, ariko nyuma menya ko afite umwana. Byarambabaje cyane. Iyo umuntu akubeshye ku kintu gikomeye nk’icyo, urukundo rwose warumufitiye ruhita rushira.”

Amagambo ye yateye benshi kumva akababaro ke, kuko yerekanye ukuntu umuntu ashobora kubaho yizera urukundo ariko bikarangira ari ibikomere. Amashusho y’iki kiganiro yahise asakara ku mbuga nkoranyambaga nka Instagram, TikTok, na YouTube, abantu batangira gutanga ibitekerezo byinshi. Abenshi bagaragaje impuhwe, abandi bashimira Micky kuba yirifashe ubwo yari mu bihe bigoye. “Micky ni umubyeyi w’umwana umwe, Ag Promoter nawe afite uburenganzira bwo gukunda, si icyaha gukunda uwushaka,”

Benshi bibaza niba koko ibyavuze byari ukuri cyangwa niba ari andi makuru yihishe inyuma y’ibi byose, gusa icyagaragaye ni uko Micky yahisemo kurekura akarimurori, ariko amagambo ye akagira uburemere bukomeye mu mitima y’abakunzi be. Ubutumwa bwa Micky ku bakunzi be mu gusoza ikiganiro, Micky yatanze ubutumwa bukomeye ku bantu bose bamukunda, abibutsa ko urukundo rugomba kubakwa ku kuri no ku bwizerane.

Yagize ati: “Uwo ukunda ashobora kugutera ishavu, ariko urukundo nyarwo ntirupfa, ruraruhuka gusa.”  Yongeyeho ko “urukundo atari isiganwa, ahubwo ari urugendo rurerure rukeneye kwihangana.”

Ku rundi ruhande, Micky yasigiye abakunzi be ubutumwa bukomeye bwo gukunda bakitondera abo bizera, abibutsa ko “urukundo ni urugendo, si isiganwa.” Yasoje avuga ati: “Nta muntu uri kamara mu buzima bwa muntu, keretse Imana.” 

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Lamine Yamal yahishuye amagambo akomeye mbere y’umukino wa El Clásico

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Micky ati: “Bizamfata igihe kugira mbabarire Regis twahoze dukundana”

Hagati yaba bombi ninde uri mu kuri mu byo avuga

October 25, 2025
Lamine Yamal yahishuye amagambo akomeye mbere y’umukino wa El Clásico

Lamine Yamal yahishuye amagambo akomeye mbere y’umukino wa El Clásico

October 24, 2025
Imodoka ‘Cybertruck’ zisaga ibihumbi 63 zagaragaweho ikibazo cy’amatara

Imodoka ‘Cybertruck’ zisaga ibihumbi 63 zagaragaweho ikibazo cy’amatara

October 24, 2025
Ibyamamare ku Isi bizwiho gukunda indirimbo za Meddy

Ibyamamare ku Isi bizwiho gukunda indirimbo za Meddy

October 24, 2025

Recent News

Micky ati: “Bizamfata igihe kugira mbabarire Regis twahoze dukundana”

Hagati yaba bombi ninde uri mu kuri mu byo avuga

October 25, 2025
Lamine Yamal yahishuye amagambo akomeye mbere y’umukino wa El Clásico

Lamine Yamal yahishuye amagambo akomeye mbere y’umukino wa El Clásico

October 24, 2025
Imodoka ‘Cybertruck’ zisaga ibihumbi 63 zagaragaweho ikibazo cy’amatara

Imodoka ‘Cybertruck’ zisaga ibihumbi 63 zagaragaweho ikibazo cy’amatara

October 24, 2025
Ibyamamare ku Isi bizwiho gukunda indirimbo za Meddy

Ibyamamare ku Isi bizwiho gukunda indirimbo za Meddy

October 24, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Micky ati: “Bizamfata igihe kugira mbabarire Regis twahoze dukundana”

Hagati yaba bombi ninde uri mu kuri mu byo avuga

October 25, 2025
Lamine Yamal yahishuye amagambo akomeye mbere y’umukino wa El Clásico

Lamine Yamal yahishuye amagambo akomeye mbere y’umukino wa El Clásico

October 24, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com