• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Karabaye

I Nairobi habaye imyigaragambyo ikaze nyuma y’urupfu rw’umusore warashwe na Polisi

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
March 5, 2025
in Karabaye
0
I Nairobi habaye imyigaragambyo ikaze nyuma y’urupfu rw’umusore warashwe na Polisi
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

I Nairobi muri Kenya, habaye imyigaragambyo ikaze ubwo abaturage batwikaga imodoka ebyiri za polisi, nyuma y’uko umusore w’imyaka 17 yarashwe agapfa.

Uwo musore wari umunyeshuri mu mwaka wa gatatu w’amashuri yisumbuye yarashwe mu mutwe ku mugoroba wo ku wa 4 Gashyantare 2025, nk’uko byatangajwe n’Ikinyamakuru The Star cyandikira muri Kenya. Nyuma yo kuraswa, yahise ajyanwa kwa muganga ariko aza gushiramo umwuka aguye mu bitaro.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, abaturage barakaye bajya mu mihanda barigaragambya, bafunga imihanda minini ndetse batwika imodoka ebyiri za polisi mu rwego rwo kwerekana uburakari bwabo no gusaba ubutabera kuri urwo rupfu. Imyigaragambyo yaje gukwira ahantu henshi, igera no mu isoko rya Gikomba, ahazwiho kugira urujya n’uruza rw’abantu benshi, bikoma polisi n’ubuyobozi.

Amakuru atangwa na polisi avuga ko abapolisi bari mu gikorwa cyo gukurikirana abakekwaho gukwirakwiza ibiyobyabwenge, bagahagarika itsinda ry’urubyiruko bakekaga.

Uwo musore, umwe mu bacyekwaho ibyo bikorwa, ngo yanze guhagarara ahubwo atangira gutabaza asaba ubufasha bw’abantu bari hafi y’iyo santere, cyane cyane abari bavuye mu musigiti.

Mu itangazo polisi yasohoye, yavuze ko uwo musore yashatse kurwanya abapolisi bari bamufashe, ndetse ngo umwe muri bo yakomeretse.

Uwo mupolisi ngo yahise amurasa mu mutwe nk’uburyo bwo kwirwanaho. Nyuma y’iyo nkuru ibabaje, abaturage ntibabyakiriye neza maze bigabiza imihanda, batwika imodoka za polisi ndetse basaba ubutabera bwihuse kuri urwo rupfu rw’umunyeshuri.

Polisi yagerageje kubatatanya ikoresheje imyuka iryana mu maso ndetse inakoresha amasasu yo gutatanya abantu, ariko imyigaragambyo yakomeje gufata intera ndende.

Ibi byatumye ibikorwa by’ubucuruzi mu duce twabereyemo iyo myigaragambyo bihagarara, amaduka menshi arugwa mu gihe abacuruzi bari bafite ubwoba ko imvururu zakomeza kwangiza ibintu byabo.

Uru rupfu rw’uyu musore rumaze gukongeza uburakari mu baturage ba Nairobi, bamwe bavuga ko polisi ikoresha imbaraga z’umurengera ndetse ikwiriye gukurikiranwa ku bikorwa byayo bikunze kugwamo inzirakarengane. Abaharanira uburenganzira bwa muntu barasaba iperereza ryimbitse kuri iki kibazo, mu gihe ubuyobozi bw’igihugu nabwo bwatangaje ko buri gukurikirana ibyabaye.

ADVERTISEMENT
Previous Post

John Amanam umunyabugeni wo muri Nigeria wahinduriye ubuzima bw’abantu bafitemo ubumuga

Next Post

Umuraperi Offset yanenze bikomeye umuherwe Elon Musk, amushinja gushyigikira irondaruhu

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Umuraperi Offset yanenze bikomeye umuherwe Elon Musk, amushinja gushyigikira irondaruhu

Umuraperi Offset yanenze bikomeye umuherwe Elon Musk, amushinja gushyigikira irondaruhu

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

June 30, 2025
Indege ya PAMU yahushije Kiziba, igwa Gishigo

Indege ya PAMU yahushije Kiziba, igwa Gishigo

June 30, 2025

Recent News

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

June 30, 2025
Indege ya PAMU yahushije Kiziba, igwa Gishigo

Indege ya PAMU yahushije Kiziba, igwa Gishigo

June 30, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com