• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Ibya Regis na Micky bibaye bibi cyane, Karabo K’imana Patrick avuze amabanga akomeye mwahishwe.

Regis ibintu yavuze kuri Micky, uko Ddumba na Killiman babasesenguye: Micky we ntacyo aratangaza mu buryo bweruye.

PRINCE by PRINCE
July 14, 2025
in Imyidagaduro, Karabaye, Urukundo
0
Ibya Regis na Micky bibaye bibi cyane, Karabo K’imana Patrick avuze amabanga akomeye mwahishwe.

Captain Regis na Micky

0
SHARES
24
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT
Captain Regis

Regis wongeye kuvugisha benshi nyuma yo gushyira hanze ikiganiro  avugako “ Micky ari umugome ariwe wafungishije nyina. Agaragaza ko yarahari byose biba. Ikiganiro cyahishuye byinshi byari bikiri mu bwiru hagati y’aba bombi, kikagaragaza uburyo ubucuti bushobora kuvamo ubugambanyi bukomeye.

Mu buryo busekeje ariko buhishura ibikomere, Regis yagaragaje amarangamutima ye agaragaza ukuntu Micky yamuvuzeho ibintu bitari byiza, aho bivugwa ko ari we wagize uruhare mu ifungwa rya nyina. Ibi byose bikajyana n’amagambo akomeye Regis yavuze, ashinja Micky ubugome no kuba yarakoresheje amakuru ye bwite kugira ngo amugireho ingaruka mbi mu buzima.

Inkuru yatangiye Regis avuga ko yari ahari byose bibera – “Narimpari ntabanga”  avuga ko atari umushyitsi ahubwo yari mu rugamba rw’ubuzima rwe, aho inshuti yagombaga kumuba hafi yamuhindutse umwanzi. Regis yavuze ko Micky yamugambaniye igihe bari bamaranye imyaka bamufataga nk’uwizewe, ariko nyuma akamushyira hanze, akamushinja ibintu bikomeye.

Muri ayo magambo yuzuyemo umujinya, Regis yasobanuye uburyo ibintu byose byatangiye ari urukundo n’ubwizerane, ariko bikarangira bisenywe n’ishyari, ubwikunde n’amabanga yasohotse atari akwiye kumenyekana.

Micky Rww

Karabo Kimana yatanze igitekerezo ku makimbirane ari hagati ya Regis na Micky, agira ati:
“Regis arimo kubaka ubuzima bwe bushya, ntimukomeze kumucanga.”
Yakomeje agira ati: “Regis, urabizi ko ngufitiye icyubahiro, ariko nk’uko wigeze kugira umutima ushyira ibintu ku murongo mbere, ndagusaba kureka kugendera ku by’abakobwa gusa ngo ubishingireho ubuzima bwawe.”

Karabo kimana Patrick

Mu rwego rwo kurushaho gusobanukirwa n’ibyabaye, abamenyerewe mu gukurikirana imyidagaduro nka Ddumba na Killiman batangiye gukora isesengura ryimbitse ku by’aya makimbirane. Mu kiganiro cyabo gikunzwe kuri YouTube, aba bombi bagarutse ku mateka y’urukundo rwa Micky na Regis, n’icyabayeho nyuma y’uko bivumbuye ko hari ibihishe inyuma.

Killiman yagize ati:

“Abantu bagira byinshi bitabashyira mu kuri. Ibi byose byatangiye igihe Micky yabonye ko Regis atakimwubaha nk’uko byahoze. Hari ibyo yagerageje kwihanganira, ariko byarushijeho kumurushya.”

Ddumba nawe yunzemo agira ati:

“Regis yahisemo inzira yo kwigira nyamwigendaho, aragenda. Micky we yabuze amahoro, agerageza kwisobanura imbere y’abamukurikirana.”

Aba basore bombi basabye abantu gukura isomo mu byabaye, kuko kenshi imibanire y’abantu ifatwa nk’iy’imikino, nyamara igira ingaruka zikomeye ku mutima n’ubuzima.

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Umuherwe Coach Gael ni muntu ki?

Next Post

Semuhungu Eric yahishuye ko yifuza kubyara impanga ebyiri ariko ataryamanye n’igitsina gore

PRINCE

PRINCE

Next Post
Semuhungu Eric yahishuye ko yifuza kubyara impanga ebyiri ariko ataryamanye n’igitsina gore

Semuhungu Eric yahishuye ko yifuza kubyara impanga ebyiri ariko ataryamanye n’igitsina gore

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Semuhungu Eric yahishuye ko yifuza kubyara impanga ebyiri ariko ataryamanye n’igitsina gore

Semuhungu Eric yahishuye ko yifuza kubyara impanga ebyiri ariko ataryamanye n’igitsina gore

July 14, 2025
Ibya Regis na Micky bibaye bibi cyane, Karabo K’imana Patrick avuze amabanga akomeye mwahishwe.

Ibya Regis na Micky bibaye bibi cyane, Karabo K’imana Patrick avuze amabanga akomeye mwahishwe.

July 14, 2025
Umuherwe Coach Gael ni muntu ki?

Umuherwe Coach Gael ni muntu ki?

July 14, 2025
João Pedro yerekanye ko shampiyona nitangira azakora ibirenze

João Pedro yerekanye ko shampiyona nitangira azakora ibirenze

July 14, 2025

Recent News

Semuhungu Eric yahishuye ko yifuza kubyara impanga ebyiri ariko ataryamanye n’igitsina gore

Semuhungu Eric yahishuye ko yifuza kubyara impanga ebyiri ariko ataryamanye n’igitsina gore

July 14, 2025
Ibya Regis na Micky bibaye bibi cyane, Karabo K’imana Patrick avuze amabanga akomeye mwahishwe.

Ibya Regis na Micky bibaye bibi cyane, Karabo K’imana Patrick avuze amabanga akomeye mwahishwe.

July 14, 2025
Umuherwe Coach Gael ni muntu ki?

Umuherwe Coach Gael ni muntu ki?

July 14, 2025
João Pedro yerekanye ko shampiyona nitangira azakora ibirenze

João Pedro yerekanye ko shampiyona nitangira azakora ibirenze

July 14, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Semuhungu Eric yahishuye ko yifuza kubyara impanga ebyiri ariko ataryamanye n’igitsina gore

Semuhungu Eric yahishuye ko yifuza kubyara impanga ebyiri ariko ataryamanye n’igitsina gore

July 14, 2025
Ibya Regis na Micky bibaye bibi cyane, Karabo K’imana Patrick avuze amabanga akomeye mwahishwe.

Ibya Regis na Micky bibaye bibi cyane, Karabo K’imana Patrick avuze amabanga akomeye mwahishwe.

July 14, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com