• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Igihembo Ballon d’Or gihabwa umukinnyi wahize abandi ku Isi gikomeje guteza impaka nyinshi!

Abayobozi b'amakipe akomeye ku Isi, Laporta na Al-Khelaifi bakomeje gushyamirana k'uzegukana igihembo nyamukuru gihabwa n'umukinnyi wahize abandi ku Isi 'Ballon d’Or'.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
August 13, 2025
in Imikino
0
Igihembo Ballon d’Or gihabwa umukinnyi wahize abandi ku Isi gikomeje guteza impaka nyinshi!
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Perezida wa FC Barcelona, Joan Laporta, yongeye kotsa igitutu mu biganiro bijyanye na Ballon d’Or, avuga ko umukinnyi uzayitwara akwiye kuba akina muri FC Barcelona. Mu magambo ye, Laporta yagize ati: “Uzatwara Ballon d’Or akwiye kuva mu ikipe ya Barcelona.”

Ibi yabivuze mu gihe Perezida wa Paris Saint Germain, Nasser Al-Khelaifi, nawe yahise atanga igitekerezo kigaragaza ko afite icyizere gikomeye ku mukinnyi we, Ousmane Dembélé.

Nasser yagize ati: “Ousmane Dembélé aramutse adahawe Ballon d’Or, haba harimo ikibazo.” Aya magambo yombi agaragaza ko impaka z’ikipe zikomeye hagati y’aba baperezida bombi zikomeje gufata indi ntera, cyane ko bombi bafite ubushake bwo guhesha agaciro abakinnyi babo.

Si ubwa mbere Laporta atangaje amagambo akomeretsa umutima w’abafana ba PSG. Aherutse no gutangaza ko bifuza kuzahura na Paris Saint Germain muri uyu mwaka w’imikino, kugira ngo impaka z’ikipe zikomeye hagati yabo zicike mu kibuga.

Ati: “Ndatekereza ko kuzahura na PSG byaba ari uburyo bwiza bwo kurangiza ibi biganiro mu buryo bw’umupira w’amaguru, doreko tutari ku rwego rumwe rw’imikinire.”

Impaka nk’izi zisanzwe zongerera umunyu ku mupira w’amaguru w’i Burayi, cyane cyane iyo zivugwa n’abayobozi b’amakipe akomeye. Mu gihe PSG na Barcelona byahura, ntakabuza byaba umukino utegerejwe na benshi ku isi, kuko uzaba uhuje ikipe ifite amateka akomeye mu Burayi n’indi iri kugenda yigaragaza nk’imbaraga nshya mu ruhando rw’umupira w’amaguru.

Perezida wa FC Barcelona, Joan Laporta, yongeye kotsa igitutu mu biganiro bijyanye na Ballon d’Or, avuga ko umukinnyi uzayitwara akwiye kuba akina muri FC Barcelona
Nasser yagize ati: “Ousmane Dembélé aramutse adahawe Ballon d’Or, haba harimo ikibazo gikomeye.”
ADVERTISEMENT
Previous Post

Umutoza Mikel Arteta yatangiye gukorana na Under Armour nk’Ambasaderi mpuzamahanga n’umuyobozi w’ibikorwa

Next Post

Umunyakenya w’imyaka 42 avuze ko ari imfura ya Elon Musk, asaba DNA byihutirwa

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Umunyakenya w’imyaka 42 avuze ko ari imfura ya Elon Musk, asaba DNA byihutirwa

Umunyakenya w’imyaka 42 avuze ko ari imfura ya Elon Musk, asaba DNA byihutirwa

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Ese Noneho abariye cash za APR FC Barafungwa cg Barataha?

Ese Noneho abariye cash za APR FC Barafungwa cg Barataha?

August 13, 2025
Spice Diana atangaje uko ubutumwa bwa Instagram bwa Sheebah bwabateje amakimbirane.

Spice Diana atangaje uko ubutumwa bwa Instagram bwa Sheebah bwabateje amakimbirane.

August 13, 2025
Umunyakenya w’imyaka 42 avuze ko ari imfura ya Elon Musk, asaba DNA byihutirwa

Umunyakenya w’imyaka 42 avuze ko ari imfura ya Elon Musk, asaba DNA byihutirwa

August 13, 2025
Igihembo Ballon d’Or gihabwa umukinnyi wahize abandi ku Isi gikomeje guteza impaka nyinshi!

Igihembo Ballon d’Or gihabwa umukinnyi wahize abandi ku Isi gikomeje guteza impaka nyinshi!

August 13, 2025

Recent News

Ese Noneho abariye cash za APR FC Barafungwa cg Barataha?

Ese Noneho abariye cash za APR FC Barafungwa cg Barataha?

August 13, 2025
Spice Diana atangaje uko ubutumwa bwa Instagram bwa Sheebah bwabateje amakimbirane.

Spice Diana atangaje uko ubutumwa bwa Instagram bwa Sheebah bwabateje amakimbirane.

August 13, 2025
Umunyakenya w’imyaka 42 avuze ko ari imfura ya Elon Musk, asaba DNA byihutirwa

Umunyakenya w’imyaka 42 avuze ko ari imfura ya Elon Musk, asaba DNA byihutirwa

August 13, 2025
Igihembo Ballon d’Or gihabwa umukinnyi wahize abandi ku Isi gikomeje guteza impaka nyinshi!

Igihembo Ballon d’Or gihabwa umukinnyi wahize abandi ku Isi gikomeje guteza impaka nyinshi!

August 13, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Ese Noneho abariye cash za APR FC Barafungwa cg Barataha?

Ese Noneho abariye cash za APR FC Barafungwa cg Barataha?

August 13, 2025
Spice Diana atangaje uko ubutumwa bwa Instagram bwa Sheebah bwabateje amakimbirane.

Spice Diana atangaje uko ubutumwa bwa Instagram bwa Sheebah bwabateje amakimbirane.

August 13, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com