• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Imirambo y’ingabo z’Afurika y’Epfo zaguye ku rugamba muri Kongo yatahutse inyujijwe mu Rwanda

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
February 7, 2025
in Amakuru
0
Imirambo y’ingabo z’Afurika y’Epfo zaguye ku rugamba muri Kongo yatahutse inyujijwe mu Rwanda
0
SHARES
24
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Imirambo y’abasirikare b’igihugu cy’Afurika y’Epfo baguye ku rugamba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yacyuwe mu gihugu cyabo nyuma yo kunyuzwa ku mupaka wa La Corniche uhuza Goma na Rubavu.

Iyi mirambo yavanywe mu mujyi wa Goma n’imodoka za Loni, aho yagejejwe ku butaka bw’u Rwanda kugira ngo ikomeze urugendo rwayo isubizwa iwabo.

Aba basirikare bari boherejwe muri Kongo mu rwego rwo gufatikanya n’ingabo za DRC FARDC kugira bahangane na M23. Inkuru y’urupfu rw’aba basirikare yasakaye vuba, ikaba yarateye agahinda gakomeye mu gihugu cyabo no mu miryango yabo yari ibategereje.

Biteganyijwe ko imihango yo gusezera kuri iyi mirambo izakorwa mu gihugu cy’Afurika y’Epfo, aho abayobozi bakuru b’ingabo ndetse n’abahagarariye leta bazatanga icyubahiro cyabo bwa nyuma kuri aba basirikare baguye ku rugamba.

Mu gihe u Rwanda rwari ruciyeho iyi mirambo, ubuyobozi bw’iki gihugu bwagaragaje ko rwifatanyije n’Afurika y’Epfo mu kababaro, kuko urupfu rw’umusirikare ari igihombo gikomeye ku gihugu cye n’umuryango we muri rusange.

Imirambo yavanywe mu mujyi wa Goma n’imodoka za Loni, aho yagejejwe ku butaka bw’u Rwanda kugira ngo ikomeze urugendo rwayo isubizwa iwabo.

 

 

 

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Impamvu Sergio Ramos agiye kuzajya yambara nimero 93 mu kipe ya CF Monterrey

Next Post

Urubanza rwa gisirikare: Sgt Minani Gervais yakatiwe burundu kubw’icyaha aregwa cy’ubwicanyi

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Urubanza rwa gisirikare: Sgt Minani Gervais yakatiwe burundu kubw’icyaha aregwa cy’ubwicanyi

Urubanza rwa gisirikare: Sgt Minani Gervais yakatiwe burundu kubw'icyaha aregwa cy'ubwicanyi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

June 30, 2025
Indege ya PAMU yahushije Kiziba, igwa Gishigo

Indege ya PAMU yahushije Kiziba, igwa Gishigo

June 30, 2025
Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

June 27, 2025
Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

June 27, 2025

Recent News

Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

June 30, 2025
Indege ya PAMU yahushije Kiziba, igwa Gishigo

Indege ya PAMU yahushije Kiziba, igwa Gishigo

June 30, 2025
Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

June 27, 2025
Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

June 27, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

Imbwa zirwaniye igufwa, Gitumba ihinduka ituro ry’imirambo

June 30, 2025
Indege ya PAMU yahushije Kiziba, igwa Gishigo

Indege ya PAMU yahushije Kiziba, igwa Gishigo

June 30, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com