• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
Home Karabaye

Inkweto nshya za Balenciaga zikomeje kuvugisha benshi kubera imiterere yazo idasanzwe

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 22, 2025
in Karabaye
0
Inkweto nshya za Balenciaga zikomeje kuvugisha benshi kubera imiterere yazo idasanzwe
0
SHARES
2
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Uruganda rw’imideli rwa Balenciaga ruzwi ku rwego mpuzamahanga mu gukora imyambaro n’inkweto zihenze kandi zihariye, rwatangaje igikorwa gishya gitegerejwe n’abakurikiranira hafi iby’imideli. Mu minsi iri imbere, uru ruganda ruzashyira hanze inkweto nshya zigamije guhanga udushya mu myambarire, ariko zimaze guteza impaka ku mbuga nkoranyambaga.

Izi nkweto zigaragara nk’izidasanzwe kubera ibara ryazo, aho umuntu azahabwa amahitamo yo guhitamo ibara risa neza n’umubiri we.

Ibi byatumye abantu benshi bavuga ko byazatuma abakubona kure batekereza ko wambaye ibirenge gusa. Abakunzi b’imideli ndetse n’abasesenguzi batangaje ko uru ruganda rwongeye kwerekana ubuhanga bwarwo mu guhanga ibintu bihora bitangaje.

Ku rundi ruhande, igiciro cy’izi nkweto nacyo cyavugishije abantu benshi. Nk’uko amakuru aturuka ku ruganda rwa Balenciaga abivuga, umuguru umwe w’izi nkweto uzaba ugura $450, ni ukuvuga asaga ibihumbi 600 by’amafaranga y’u Rwanda.

Bivuze ko uzashaka kwambara impande zombi azishyura asaga miliyoni 1.2 Frw.

Ku mbuga nkoranyambaga, abantu babonye imiterere y’izi nkweto bamwe bavuze ko nta mpamvu yo kuzitakazaho ayo mafaranga, kuko bakubona bidahwitse kugura ibintu bimeze nk’ibirenge bisa n’iby’umubiri.

Umwe mu bagize icyo avuga ku rukuta rwa Instagram yagize ati: “Ubu se koko umuntu yazitanga ku isoko akishyura ayo mafaranga gusa ngo agaragaze ko akurikiye imideli?”

Gusa, nubwo hari abatunguwe n’igiciro cyazo, hari n’abandi barimo ibyamamare nka Bianca Censori, umugore wa Kanye West, bivugwa ko bazambara izi nkweto mu bikorwa bitandukanye.

Kuba izi nkweto zizambarwa n’ibyamamare, byitezwe ko bigiye kuzamura amarangamutima y’abakiri bato b’aba-Gen Z, bakunze gukunda guhanga udushya mu myambarire. Ibi bigatuma hiyongera umubare w’abazigura.

Icyakora, impuguke mu by’imideli zitangaza ko icyerekezo Balenciaga iri kuganamo kigaragaza ubushake bwo guhanga ibintu bihamye mu bwiza ariko bigasaba abakunzi b’imideli amafaranga menshi. Byitezwe ko mu gihe zizaba zashyizwe ku isoko, zizaba ziri mu bintu byifuzwa cyane ku rwego rw’Isi.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Umwana udandabirana mu mukono: Ingorane zituruka ku kureka kwandikisha intoki

Next Post

Impanuro ku bantu bagiye kwivuza indwara zo mu mutwe nyuma yo gukoresha inzego gakondo n’imisengere

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Impanuro ku bantu bagiye kwivuza indwara zo mu mutwe nyuma yo gukoresha inzego gakondo n’imisengere

Impanuro ku bantu bagiye kwivuza indwara zo mu mutwe nyuma yo gukoresha inzego gakondo n’imisengere

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

January 31, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

June 6, 2025
Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

June 6, 2025
Umuramyi Bosco Nshuti yasohoye indirimbo nshya ‘Jehovah’ mu gihe yitegura igitaramo gikomeye i Kigali

Umuramyi Bosco Nshuti yasohoye indirimbo nshya ‘Jehovah’ mu gihe yitegura igitaramo gikomeye i Kigali

June 6, 2025
Marcelin Cishambo yakiriwe muri AFC/M23 nk’umunyapolitiki mushya

Marcelin Cishambo yakiriwe muri AFC/M23 nk’umunyapolitiki mushya

June 5, 2025

Recent News

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

June 6, 2025
Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

June 6, 2025
Umuramyi Bosco Nshuti yasohoye indirimbo nshya ‘Jehovah’ mu gihe yitegura igitaramo gikomeye i Kigali

Umuramyi Bosco Nshuti yasohoye indirimbo nshya ‘Jehovah’ mu gihe yitegura igitaramo gikomeye i Kigali

June 6, 2025
Marcelin Cishambo yakiriwe muri AFC/M23 nk’umunyapolitiki mushya

Marcelin Cishambo yakiriwe muri AFC/M23 nk’umunyapolitiki mushya

June 5, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

AFC yahamagaje intumwa zayo zari i Doha muri Qatar

June 6, 2025
Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

Tshisekedi yakiriye Fayulu nyuma yo kunenga Kabila

June 6, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com