• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Intambara hagati ya Kasuku na Chita ikomeje kubura gica

"Ubugabo nyabwo si uguhisha amarangamutima, ahubwo ni uguhagarara wemye n’iyo Isi igukandamije".

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
August 25, 2025
in Imyidagaduro
0
Intambara hagati ya Kasuku na Chita ikomeje kubura gica
0
SHARES
36
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Mu magambo y’uwitwa Kasuku ati: “Nigeze kubona umugabo witwa Julias Chita umunyamakuru akomeza kunyibasira. Ariko uko igihe cyagiye gihita, umutima wanjye waje kumenya ko ibyo nabonaga byose byari ibishushanyo gusa, ko uwo nibwiraga ko ari urukuta rukomeye, ari nk’igitambambuga gihungabanywa n’umuyaga.

Abantu bamwe batwiyenzaho, bakaduca intege, bakatwambura uburenganzira bwacu bw’ibanze. Kubera ko tuboneka nk’abatagira kivurira, nk’abantu badafite uburenganzira bwo kugira ijambo, bakadukandagira uko bishakiye, bakiyumvisha ko bashobora kudukoresha icyo bashaka bitwaje ko tugaragara nk’abatagira ikinyabupfura.

Ariko ndababwiza ukuri: “Sinzareka umuntu n’umwe ambuza umunezero wanjye. Sinzareka n’uwo ari we wese ngo akureho agaciro kanjye, kuko umuntu arakora, agashaka, akanezerwa, kandi akihitiramo ubuzima bwe”.

Jay Squeezer umenyerewe ku izina rya Kasuku, Wampingo, n’andi menshi yakomeje  agira ati: Hari ababona umuntu aseka buri munsi, bagakeka ko ubuzima bwe bwose ari bwiza buhoramo ibyishimo gusa.

Nyamara mu buzima busanzwe, hari aho umuntu agera akarira, agashengurwa. Nta muntu ukwiye gushuka mugenzi we ngo kubura guhora utwumvisha ibyishimo bihoraho ari intege nke. Umugabo nyakuri ni ugerageza, akihangana, akanahisha ibikomere, kuko kuba indakemwa ni byo bita UMUGABO.

Ku ruhande rwe yakomoje ku bikorwa ‘menace’ ihambaye akorerwa n’umunyamakuru witwa Julias Chita. Akamukandamiza ku buryo rimwe na rimwe yumva n’ingingo yo kwiyahura yaba ari inzira yoroshye yo guhunga aka kababaro.

Ariko na none akibuka ko ubuzima buriya ari impano y’Imana, ko ubugabo nyabwo atari ukwigira ibigango ahubwo ari ugutsinda imiruho, ntaho wahera ngo wishinge urugendo rwo kwiyambura ubuzima.

Yakomeje abwira abamukorera menace ko ikintu gikomeye kurusha byose ari ukwibuka ko umuntu wese afite uburenganzira ku munezero, ku bwisanzure no ku buzima bwe bwite. Iyo ibyo bintu byambuwe, umuntu ashobora kuba nk’igiti cyatemwe umuzi. Ariko nanone, yavuze ko ashaka kubwira uwumva ibi ko tugomba guhaguruka, tukavuga, tukamagana, ntiduhere mu kurira mu ibanga.

Bavandimwe, mureke tuvuge ku mugaragaro ko umuntu ushaka kutubuza ubwisanzure aba aduca umutima, ariko atatubuza guharanira kuba abantu b’agaciro. N’iyo twakandamizwa, tuzakomeza tugire icyizere.

Umunyamakuru Chita bivugwa ko akorera Menace uwitwa Wamipango
“Ubugabo nyabwo si uguhisha amarangamutima, ahubwo ni uguhagarara wemye n’iyo Isi igukandamije”

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Igikombe cy’Inkera y’Abahizi cyegukanywe na Police FC ku itsinze y’ibitego byinshi

Next Post

Khalfan yerekanye urukundo rwe n’umuhanzikazi Oxygen binyuze mu ndirimbo “La Fin”

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Khalfan yerekanye urukundo rwe n’umuhanzikazi Oxygen binyuze mu ndirimbo “La Fin”

Khalfan yerekanye urukundo rwe n’umuhanzikazi Oxygen binyuze mu ndirimbo “La Fin”

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Kamonyi: Abaturage baratabaza kubera ibura ry’amazi meza

Kamonyi: Abaturage baratabaza kubera ibura ry’amazi meza

August 27, 2025
Rwamagana: Abari bameranye neza, barakozanyaho agatoki ku kandi!

Rwamagana: Abari bameranye neza, barakozanyaho agatoki ku kandi!

August 27, 2025
Kayonza: Abaturage baratabaza kubera ubujura bukabije butagira icyo busiga

Kayonza: Abaturage baratabaza kubera ubujura bukabije butagira icyo busiga

August 26, 2025
Urukiko rwa gisirikare rwa Nyamirambo rugiye gusoma umwanzuro w’urubanza rw’abaregwa 28

Urukiko rwa gisirikare rwa Nyamirambo rugiye gusoma umwanzuro w’urubanza rw’abaregwa 28

August 26, 2025

Recent News

Kamonyi: Abaturage baratabaza kubera ibura ry’amazi meza

Kamonyi: Abaturage baratabaza kubera ibura ry’amazi meza

August 27, 2025
Rwamagana: Abari bameranye neza, barakozanyaho agatoki ku kandi!

Rwamagana: Abari bameranye neza, barakozanyaho agatoki ku kandi!

August 27, 2025
Kayonza: Abaturage baratabaza kubera ubujura bukabije butagira icyo busiga

Kayonza: Abaturage baratabaza kubera ubujura bukabije butagira icyo busiga

August 26, 2025
Urukiko rwa gisirikare rwa Nyamirambo rugiye gusoma umwanzuro w’urubanza rw’abaregwa 28

Urukiko rwa gisirikare rwa Nyamirambo rugiye gusoma umwanzuro w’urubanza rw’abaregwa 28

August 26, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Kamonyi: Abaturage baratabaza kubera ibura ry’amazi meza

Kamonyi: Abaturage baratabaza kubera ibura ry’amazi meza

August 27, 2025
Rwamagana: Abari bameranye neza, barakozanyaho agatoki ku kandi!

Rwamagana: Abari bameranye neza, barakozanyaho agatoki ku kandi!

August 27, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com