• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Isabel dos Santos yanenze icyemezo cya Leta y’u Bwongereza cyo kumufatira ibihano

JaySqueezer by JaySqueezer
December 17, 2024
in Amakuru
0
Isabel dos Santos yanenze icyemezo cya Leta y’u Bwongereza cyo kumufatira ibihano
0
SHARES
10
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Isabel dos Santos ni umushoramari ukomoka muri Angola, akaba umukobwa w’uwahoze ari Perezida wa Angola, José Eduardo dos Santos. Yize mu Bwongereza, aho yarangije amasomo ye muri King’s College London.

Ku bijyanye n’amakuru mashya, ejo bundi, tariki ya 16 Ukuboza 2024, BBC yatangaje ko Isabel dos Santos yanenze icyemezo cya Leta y’u Bwongereza cyo kumufatira ibihano bijyanye no gukoresha nabi umutungo wa rubanda.

Yavuze ko ibyo bihano byamutunguye kuko atigeze ahamwa n’ibyaha bya ruswa mu nkiko z’ibihugu byose.

Leta y’u Bwongereza yari yamufatiye ibihano birimo gufatira imitungo ye no kumubuza kwinjira mu gihugu, imushinja kunyereza umutungo wa Angola.

Isabel dos Santos we avuga ko ari ugushaka kumuharabika bikorwa na Leta ya Angola, kandi ko nta perereza ryimbitse ryigeze rikorwa cyangwa ngo ahabwe umwanya wo kwisobanura.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Amahirwe adasanzwe yo kwiga mu Bushinwa muri 2025: Buruse yuzuye ku Banyarwanda

Next Post

Muri Kenya, Jacktone Odhiambo yakatiwe igifungo cy’imyaka 50 kubera ubwicanyi

JaySqueezer

JaySqueezer

Next Post
Muri Kenya, Jacktone Odhiambo yakatiwe igifungo cy’imyaka 50 kubera ubwicanyi

Muri Kenya, Jacktone Odhiambo yakatiwe igifungo cy'imyaka 50 kubera ubwicanyi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Rufonsina umukinnyi wa filime wabwirwaga ko arwaye SIDA, arenda kwibaruka

Rufonsina umukinnyi wa filime wabwirwaga ko arwaye SIDA, arenda kwibaruka

July 9, 2025
U Rwanda rukomeje kunenga BBC igitangazamakuru cyo mu Bwongereza gushyigikira FDLR

U Rwanda rukomeje kunenga BBC igitangazamakuru cyo mu Bwongereza gushyigikira FDLR

July 9, 2025
Amakuru y’ibinyoma akomeje gukwirakwira ko Rodrygo na Al Nassr bafitanye imishyikirano

Amakuru y’ibinyoma akomeje gukwirakwira ko Rodrygo na Al Nassr bafitanye imishyikirano

July 9, 2025
Icyorezo cy’ubushita bw’inkende gikomeje kwibasira abaturage bo muri RDC

Icyorezo cy’ubushita bw’inkende gikomeje kwibasira abaturage bo muri RDC

July 8, 2025

Recent News

Rufonsina umukinnyi wa filime wabwirwaga ko arwaye SIDA, arenda kwibaruka

Rufonsina umukinnyi wa filime wabwirwaga ko arwaye SIDA, arenda kwibaruka

July 9, 2025
U Rwanda rukomeje kunenga BBC igitangazamakuru cyo mu Bwongereza gushyigikira FDLR

U Rwanda rukomeje kunenga BBC igitangazamakuru cyo mu Bwongereza gushyigikira FDLR

July 9, 2025
Amakuru y’ibinyoma akomeje gukwirakwira ko Rodrygo na Al Nassr bafitanye imishyikirano

Amakuru y’ibinyoma akomeje gukwirakwira ko Rodrygo na Al Nassr bafitanye imishyikirano

July 9, 2025
Icyorezo cy’ubushita bw’inkende gikomeje kwibasira abaturage bo muri RDC

Icyorezo cy’ubushita bw’inkende gikomeje kwibasira abaturage bo muri RDC

July 8, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Rufonsina umukinnyi wa filime wabwirwaga ko arwaye SIDA, arenda kwibaruka

Rufonsina umukinnyi wa filime wabwirwaga ko arwaye SIDA, arenda kwibaruka

July 9, 2025
U Rwanda rukomeje kunenga BBC igitangazamakuru cyo mu Bwongereza gushyigikira FDLR

U Rwanda rukomeje kunenga BBC igitangazamakuru cyo mu Bwongereza gushyigikira FDLR

July 9, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com