• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

Jennifer Lopez aranenga abagabo bagiye mu rukundo nawe kuba batarigeze bamukunda by’ukuri.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
October 17, 2025
in Imyidagaduro
0
Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha
0
SHARES
11
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Jennifer Lopez umuhanzikazi w’imyaka 56, wamamaye cyane mu muziki no mu gukina filime, yongeye kugaragaza ko n’ubwo yabaye mu rukundo n’abagabo batandukanye b’ibyamamare, nta n’umwe muri bo wigeze amukunda by’ukuri. Lopez, umaze imyaka irenga 30 ari mu ruhando rwa muzika no gukina filime, yavuze ko mu buzima bwe bwose atigeze agira umuntu w’umugabo wamwiyegurira mu buryo buhebuje, ahubwo ngo bose bamwifuzaga nk’umuntu uzwi, ufite amafaranga n’icyubahiro.

Mu kiganiro yagiranye na Howard Stern, Jennifer Lopez yavuze ko ibyo yaburanye n’abagabo bakundanye ari urukundo rwa nyarwo.

Yagize ati: “Bampaye ibyo bafite byose. Inzu nziza, impeta zihenze, ubukwe bw’igitangaza ariko icyo nashakaga ni urukundo rutarimo kwiyoberanya. Ntabwo nigeze nikunda cyangwa ngo numve ko nkundwa by’ukuri icyo gihe.”

Lopez yamenyekanye mu rukundo n’abagabo batandukanye barimo Ben Affleck, Marc Anthony, Alex Rodriguez, Diddy (P. Diddy), Cris Judd n’abandi. N’ubwo yagiye abana n’abagabo benshi, bamwe bakamurongora abandi bakamutererana, uyu mugore avuga ko atigeze agira amahoro mu mutima we.

Abasesengura mu by’imibanire bavuga ko amagambo ya Jennifer Lopez ashobora kuba agaragaza umunaniro w’umutima w’umuntu umaze igihe kinini aharanira urukundo nyarwo ariko akarushwa n’amarangamutima n’igitutu cy’ubwamamare bwe.

Kuri ubu, uyu muhanzikazi w’imyaka 56 y’amavuko uko yabyivugiye asigaye yibanda cyane ku bikorwa bye bya muzika n’amafilime, ndetse akora ibikorwa byo gufasha abagore batishoboye n’abanyempano bashaka kuzamuka mu ruganda rwa muzika.

Jennifer Lopez, uzwi nka J.Lo, yakunze kuvuga ko n’ubwo atigeze akundwa by’ukuri, yishimira ko amaze kwiyakira, akamenya ko urukundo rwa mbere umuntu akwiriye kugira ari urwo yikunda ubwe.

Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha
ADVERTISEMENT
Previous Post

Hatagize igihinduka Badiashile agomba kugaruka mu kibuga mu Kuboza 2025

Next Post

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Ariel Wayz na Juno Kizigenza batunguye abafana ubwo basomanaga ku rubyiniro muri BK Arena

Ariel Wayz na Juno Kizigenza batunguye abafana ubwo basomanaga ku rubyiniro muri BK Arena

December 6, 2025
Ancelotti yasobanuye uko Neymar ashobora gukina Mundial ya 2026

Ancelotti yasobanuye uko Neymar ashobora gukina Mundial ya 2026

December 6, 2025
Davido yageze i Kigali aho agiye kumurikira album nshya yise ‘5ive’

Davido yageze i Kigali aho agiye kumurikira album nshya yise ‘5ive’

December 5, 2025
Ikipe y’Abahungu n’Abakobwa b’u Rwanda yerekeje muri Uganda mu marushanwa ya CAF Schools U15

Ikipe y’Abahungu n’Abakobwa b’u Rwanda yerekeje muri Uganda mu marushanwa ya CAF Schools U15

December 4, 2025

Recent News

Ariel Wayz na Juno Kizigenza batunguye abafana ubwo basomanaga ku rubyiniro muri BK Arena

Ariel Wayz na Juno Kizigenza batunguye abafana ubwo basomanaga ku rubyiniro muri BK Arena

December 6, 2025
Ancelotti yasobanuye uko Neymar ashobora gukina Mundial ya 2026

Ancelotti yasobanuye uko Neymar ashobora gukina Mundial ya 2026

December 6, 2025
Davido yageze i Kigali aho agiye kumurikira album nshya yise ‘5ive’

Davido yageze i Kigali aho agiye kumurikira album nshya yise ‘5ive’

December 5, 2025
Ikipe y’Abahungu n’Abakobwa b’u Rwanda yerekeje muri Uganda mu marushanwa ya CAF Schools U15

Ikipe y’Abahungu n’Abakobwa b’u Rwanda yerekeje muri Uganda mu marushanwa ya CAF Schools U15

December 4, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Ariel Wayz na Juno Kizigenza batunguye abafana ubwo basomanaga ku rubyiniro muri BK Arena

Ariel Wayz na Juno Kizigenza batunguye abafana ubwo basomanaga ku rubyiniro muri BK Arena

December 6, 2025
Ancelotti yasobanuye uko Neymar ashobora gukina Mundial ya 2026

Ancelotti yasobanuye uko Neymar ashobora gukina Mundial ya 2026

December 6, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com