• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

Jennifer Lopez aranenga abagabo bagiye mu rukundo nawe kuba batarigeze bamukunda byโ€™ukuri.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
October 17, 2025
in Imyidagaduro
0
Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha
0
SHARES
10
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Jennifer Lopez umuhanzikazi w’imyaka 56, wamamaye cyane mu muziki no mu gukina filime, yongeye kugaragaza ko nโ€™ubwo yabaye mu rukundo nโ€™abagabo batandukanye bโ€™ibyamamare, nta nโ€™umwe muri bo wigeze amukunda byโ€™ukuri. Lopez, umaze imyaka irenga 30 ari mu ruhando rwa muzika no gukina filime, yavuze ko mu buzima bwe bwose atigeze agira umuntu wโ€™umugabo wamwiyegurira mu buryo buhebuje, ahubwo ngo bose bamwifuzaga nkโ€™umuntu uzwi, ufite amafaranga nโ€™icyubahiro.

Mu kiganiro yagiranye na Howard Stern, Jennifer Lopez yavuze ko ibyo yaburanye nโ€™abagabo bakundanye ari urukundo rwa nyarwo.

Yagize ati: โ€œBampaye ibyo bafite byose. Inzu nziza, impeta zihenze, ubukwe bwโ€™igitangaza ariko icyo nashakaga ni urukundo rutarimo kwiyoberanya. Ntabwo nigeze nikunda cyangwa ngo numve ko nkundwa byโ€™ukuri icyo gihe.โ€

Lopez yamenyekanye mu rukundo nโ€™abagabo batandukanye barimo Ben Affleck, Marc Anthony, Alex Rodriguez, Diddy (P. Diddy), Cris Judd nโ€™abandi. Nโ€™ubwo yagiye abana nโ€™abagabo benshi, bamwe bakamurongora abandi bakamutererana, uyu mugore avuga ko atigeze agira amahoro mu mutima we.

Abasesengura mu byโ€™imibanire bavuga ko amagambo ya Jennifer Lopez ashobora kuba agaragaza umunaniro wโ€™umutima wโ€™umuntu umaze igihe kinini aharanira urukundo nyarwo ariko akarushwa nโ€™amarangamutima nโ€™igitutu cyโ€™ubwamamare bwe.

Kuri ubu, uyu muhanzikazi wโ€™imyaka 56 y’amavuko uko yabyivugiye asigaye yibanda cyane ku bikorwa bye bya muzika nโ€™amafilime, ndetse akora ibikorwa byo gufasha abagore batishoboye nโ€™abanyempano bashaka kuzamuka mu ruganda rwa muzika.

Jennifer Lopez, uzwi nka J.Lo, yakunze kuvuga ko nโ€™ubwo atigeze akundwa byโ€™ukuri, yishimira ko amaze kwiyakira, akamenya ko urukundo rwa mbere umuntu akwiriye kugira ari urwo yikunda ubwe.

Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha
ADVERTISEMENT
Previous Post

Hatagize igihinduka Badiashile agomba kugaruka mu kibuga mu Kuboza 2025

Next Post

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

October 17, 2025
Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

October 17, 2025
Hatagize igihinduka Badiashile agomba kugaruka mu kibuga mu Kuboza 2025

Hatagize igihinduka Badiashile agomba kugaruka mu kibuga mu Kuboza 2025

October 17, 2025
Nyuma y’ibyifuzo yarafite, hagiye gushingwa Foundation Ingabire Marie Immaculรฉe

Nyuma y’ibyifuzo yarafite, hagiye gushingwa Foundation Ingabire Marie Immaculรฉe

October 17, 2025

Recent News

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

October 17, 2025
Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

October 17, 2025
Hatagize igihinduka Badiashile agomba kugaruka mu kibuga mu Kuboza 2025

Hatagize igihinduka Badiashile agomba kugaruka mu kibuga mu Kuboza 2025

October 17, 2025
Nyuma y’ibyifuzo yarafite, hagiye gushingwa Foundation Ingabire Marie Immaculรฉe

Nyuma y’ibyifuzo yarafite, hagiye gushingwa Foundation Ingabire Marie Immaculรฉe

October 17, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

5K Etienne yasoje kaminuza, amurika umushinga uhanitse mu ikoranabuhanga

October 17, 2025
Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

Jennifer Lopez kuri we iby’urukundo abifata nk’ibihuha

October 17, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

ยฉ 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

ยฉ 2024 KasukuMedia.com