• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Jordan Henderson yibukije abafana ba Diogo Jota, nyuma yo gutsinda igitego

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
December 15, 2025
in Imikino
0
Jordan Henderson yibukije abafana ba Diogo Jota, nyuma yo gutsinda igitego
0
SHARES
1
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Mu magambo yuzuye amarangamutima n’agahinda kavanze n’urukundo, Jordan Henderson yagaragaje ko urwibutso rwa Diogo Jota ruzahora mu mitima ya benshi, by’umwihariko abo bakinanye umupira w’amaguru. Mu mukino wabaye uherutse, Henderson yatsinze igitego kidasanzwe, maze ahita avuga ko cyari igitego yahariye inshuti ye n’umukinnyi bakundanye cyane mu ikipe imwe, Diogo Jota.

Yagize ati: “Tuzahora tumwibuka. Nta na rimwe tuzamwibagirwa. Igitego cyanjye cya mbere cyagombaga kuba icye. Ntabwo nzi gutsinda ibitego byinshi, ariko iki cyari icye.” Aya magambo yagaragaje uko umutima we wari wuzuye amarangamutima, ashimangira ko n’ubwo Jota atakiri kumwe na bo mu kibuga, akiri mu mitima yabo.

Diogo Jota yari umukinnyi wihariye, utararanzwe gusa n’impano idasanzwe mu mupira w’amaguru, ahubwo n’ubumuntu, ubunyangamugayo n’urukundo yagiraga ku bandi. Yari umuntu woroshye, wicisha bugufi, kandi wahoraga ashaka gutera imbere bagenzi be. Abakinnyi benshi bamubonagamo inshuti, n’umuvandimwe.

Igitego Henderson yatsinze cyabaye nk’ikimenyetso cy’uko urwibutso rwa Jota ruzahoraho iteka. Abafana, abakinnyi n’abakunzi b’umupira w’amaguru bose bagaragaje ko batamwibagiwe, binyuze mu marangamutima bakmeje kugaragaje n’amagambo yuzuye urukundo.

Jordan Henderson ati: “Diogo Jota azahora yibukwa nk’intwari y’umupira w’amaguru, kandi izina rye rizahora rihamagarwa n’abamukundaga bose. Mu by’ukuri, ni Diogo Jota ni “Uwibihe byose”.

Jordan Henderson yibukije abafana ba Diogo Jota, nyuma yo gutsinda igitego

ADVERTISEMENT
Previous Post

John Cena yasezeye gukina burundu imikino njyarugamba ya WWE

Next Post

Kizz Daniel n’umuryango we bishimiye umunsi mukuru wa Noheri, bagura inzu i Zanzibar

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Kizz Daniel n’umuryango we bishimiye umunsi mukuru wa Noheri, bagura inzu i Zanzibar

Kizz Daniel n’umuryango we bishimiye umunsi mukuru wa Noheri, bagura inzu i Zanzibar

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Indwara zitandura ziri mu bihitana Abanyarwanda

Indwara zitandura ziri mu bihitana Abanyarwanda

June 9, 2026
Abaturage ba Rusebeya bahangayikishijwe no kubura serivisi z’umuganga w’amenyo ku Kigo Nderabuzima cya Kabona

Abaturage ba Rusebeya bahangayikishijwe no kubura serivisi z’umuganga w’amenyo ku Kigo Nderabuzima cya Kabona

June 9, 2026
José Mourinho akomeje kuvugwa i Madrid cyane, bivugwa ko yaba agiye kuba umutoza mushya wa Real Madrid

José Mourinho akomeje kuvugwa i Madrid cyane, bivugwa ko yaba agiye kuba umutoza mushya wa Real Madrid

June 9, 2026
Amerika yageneye RDC na Uganda miliyoni 13$ zo kurwanya Ebola

Amerika yageneye RDC na Uganda miliyoni 13$ zo kurwanya Ebola

May 19, 2026

Recent News

Indwara zitandura ziri mu bihitana Abanyarwanda

Indwara zitandura ziri mu bihitana Abanyarwanda

June 9, 2026
Abaturage ba Rusebeya bahangayikishijwe no kubura serivisi z’umuganga w’amenyo ku Kigo Nderabuzima cya Kabona

Abaturage ba Rusebeya bahangayikishijwe no kubura serivisi z’umuganga w’amenyo ku Kigo Nderabuzima cya Kabona

June 9, 2026
José Mourinho akomeje kuvugwa i Madrid cyane, bivugwa ko yaba agiye kuba umutoza mushya wa Real Madrid

José Mourinho akomeje kuvugwa i Madrid cyane, bivugwa ko yaba agiye kuba umutoza mushya wa Real Madrid

June 9, 2026
Amerika yageneye RDC na Uganda miliyoni 13$ zo kurwanya Ebola

Amerika yageneye RDC na Uganda miliyoni 13$ zo kurwanya Ebola

May 19, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Indwara zitandura ziri mu bihitana Abanyarwanda

Indwara zitandura ziri mu bihitana Abanyarwanda

June 9, 2026
Abaturage ba Rusebeya bahangayikishijwe no kubura serivisi z’umuganga w’amenyo ku Kigo Nderabuzima cya Kabona

Abaturage ba Rusebeya bahangayikishijwe no kubura serivisi z’umuganga w’amenyo ku Kigo Nderabuzima cya Kabona

June 9, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com