• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media Shop
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media Shop
No Result
View All Result
ADVERTISEMENT
Home Imikino

Jorginho yemeranyije na Flamengo, agiye gutandukana na Arsenal!

Nyuma y’igihe bivugwa mu binyamakuru byo mu Bwongereza n’ibyo muri Brazil, birangiye Jorginho, umukinnyi wo hagati w’Ubwongereza ukomoka mu Butaliyani, yemeye kuva muri Arsenal.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
May 6, 2025
in Imikino
0
Jorginho yemeranyije na Flamengo, agiye gutandukana na Arsenal!
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Nyuma y’igihe bivugwa mu binyamakuru byo mu Bwongereza n’ibyo muri Brazil, birangiye Jorginho, umukinnyi wo hagati w’Ubwongereza ukomoka mu Butaliyani, yemeye kuva muri Arsenal agasinyira ikipe ya Flamengo yo muri Brazil ku buntu (free transfer). Amasezerano y’uyu mukinnyi azamugeza muri 2028 muri iyi kipe y’igihangange muri Amerika y’Epfo.

Uyu mugambi watangiye kuvugwa kuva muri Mutarama 2025, ariko kuri ubu byemejwe ko impande zombi zamaze kumvikana mu magambo, hakaba hasigaye gusa ko umukinnyi ashyira umukono ku masezerano nk’uko byatangajwe na @venecasagrande, umunyamakuru wizewe mu by’imikino muri Brazil.

Jorginho, wakiniye amakipe akomeye arimo Napoli, Chelsea ndetse na Arsenal, azaba agiye kongera imbaraga mu kibuga hagati cya Flamengo, ahazaba hari indi mirimo yo gufasha ikipe kugera ku ntego zayo zirimo gutwara Copa Libertadores no kugaruka ku isonga muri shampiyona ya Brazil.

Uyu mukinnyi yavuye muri Arsenal nk’umukinnyi w’ikigenga (free agent) nyuma yo kurangiza amasezerano ye, mu gihe mugenzi we bakinana hagati, Thomas Partey, we akomeje ibiganiro byo kongera amasezerano n’iyi kipe yo mu Bwongereza.

Kuba Jorginho agiye gutandukana n’umupira w’i Burayi akerekeza muri Amerika y’Epfo, ni icyemezo cyafashwe, naba mucungira byahafi mu bijyanye n’imikinire ye, dore ko muri Arsenal atari akibona umwanya uhagije bitewe n’izamuka ry’abakinnyi bakiri bato nka Declan Rice.

Abasesenguzi benshi bemeza ko iyi ari intsinzi kuri Flamengo, kubona umukinnyi ufite ubunararibonye n’ibikombe bikomeye, harimo Champions League yatwaye ari muri Chelsea ndetse na Euro 2020 yegukanye n’Ubutaliyani.

Ni intambwe ikomeye kuri Jorginho ushaka kugaragaza ko agifite byinshi byo gutanga, ndetse no kurushaho kuba umuyobozi muri iyi kipe ifite abafana benshi muri Amerika y’Epfo.

Jorginho yemeranyije na Flamengo, agiye gutandukana na Arsenal!
ADVERTISEMENT
Previous Post

M23 yigaruriye indiri y’abarwanyi ba FDLR na Wazalendo muri Kivu y’Amajyaruguru, yerekeza Ituri

Next Post

Al Hilal yashyize Bruno Fernandes ku isonga y’abakinnyi bifuza kugura muri iyi mpeshyi

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Al Hilal yashyize Bruno Fernandes ku isonga y’abakinnyi bifuza kugura muri iyi mpeshyi

Al Hilal yashyize Bruno Fernandes ku isonga y’abakinnyi bifuza kugura muri iyi mpeshyi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

Semuhungu Eric yirukanye General Benda muri Crue ye yaba Traffic Jam

January 31, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Chiboo akomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga nyuma yo gusohora indirimbo nshya “VAZI”

Chiboo akomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga nyuma yo gusohora indirimbo nshya “VAZI”

May 9, 2025
Kanye West yandikiye Kim Kardashian ibaruwa ikomerera amushinja gukoresha abana babo no kwirengagiza inshingano.

Kanye West yandikiye Kim Kardashian ibaruwa ikomerera amushinja gukoresha abana babo no kwirengagiza inshingano.

May 9, 2025
Abunganira Diddy babwiye urukiko ko yari afitanye urugomo na Cassie: “Bombi barakubitanye”

Abunganira Diddy babwiye urukiko ko yari afitanye urugomo na Cassie: “Bombi barakubitanye”

May 9, 2025
Inzozi za United muri Europa League

Inzozi za United muri Europa League

May 9, 2025

Recent News

Chiboo akomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga nyuma yo gusohora indirimbo nshya “VAZI”

Chiboo akomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga nyuma yo gusohora indirimbo nshya “VAZI”

May 9, 2025
Kanye West yandikiye Kim Kardashian ibaruwa ikomerera amushinja gukoresha abana babo no kwirengagiza inshingano.

Kanye West yandikiye Kim Kardashian ibaruwa ikomerera amushinja gukoresha abana babo no kwirengagiza inshingano.

May 9, 2025
Abunganira Diddy babwiye urukiko ko yari afitanye urugomo na Cassie: “Bombi barakubitanye”

Abunganira Diddy babwiye urukiko ko yari afitanye urugomo na Cassie: “Bombi barakubitanye”

May 9, 2025
Inzozi za United muri Europa League

Inzozi za United muri Europa League

May 9, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media Shop

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Chiboo akomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga nyuma yo gusohora indirimbo nshya “VAZI”

Chiboo akomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga nyuma yo gusohora indirimbo nshya “VAZI”

May 9, 2025
Kanye West yandikiye Kim Kardashian ibaruwa ikomerera amushinja gukoresha abana babo no kwirengagiza inshingano.

Kanye West yandikiye Kim Kardashian ibaruwa ikomerera amushinja gukoresha abana babo no kwirengagiza inshingano.

May 9, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Karabaye
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com