• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Jorrel Hato yamaze kwerekeza i Stamford Bridge iwabo wa Chelsea

Uyu mukinnyi ukiri muto w’imyaka 18, wakinaga mu bwugarizi bwa Ajax, yasinye amasezerano y’imyaka irindwi azageza muri Kamena 2032, mu masezerano afite agaciro ka miliyoni €43.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
August 3, 2025
in Imikino
0
Jorrel Hato yamaze kwerekeza i Stamford Bridge iwabo wa Chelsea
0
SHARES
7
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Jorrel Hato yerekeje muri Chelsea igihe yamurikaga umwambaro mushya urimo ikirabya cy’izahira! Iki kirango gikomeye kizakomeza kugaragara ku mwambaro wa Chelsea kugeza mu 2029, kuko kigenerwa gusa ikipe yegukanye Club World Cup kandi kikamara imyaka ine kigaragara ku myambaro y’iyo kipe yegukanye icyo gikombe gikomeye mpuzamahanga.

Uyu mukinnyi ukiri muto w’imyaka 18, wakinaga mu bwugarizi bwa Ajax, yasinye amasezerano y’imyaka irindwi azageza muri Kamena 2032, mu masezerano afite agaciro ka miliyoni €43.

Yaje gufatanya n’abandi bakinnyi bato bafite impano, Chelsea yagiye isinyisha kugira ngo yubake ejo hazaza heza, harimo Ugochukwu, Kendry Páez, Angelo Gabriel n’abandi.

Mu ijambo rye rya mbere nk’umukinnyi wa Chelsea, yagize ati: “Nishimye cyane, ndanezerewe kuba ndi hano. Chelsea ni ho hantu heza kuri njye ho gukomeza kwiyubaka, niyo mpamvu nishimiye cyane kuba ndi hano!”

Uyu mukinnyi azwiho gukina gusoma umukino, n’imbaraga mu kurinda ubusatirizi bw’izamu. Abasesenguzi b’imikino bavuga ko ashobora kuba kimwe mu byuma bizashingira ho Chelsea y’ejo hazaza. Abafana ba Chelsea nabo bakiriye Hato bishimye, cyane cyane babonye ko umwambaro we mushya wagaragaragaho ikirango gihesha ishema ikipe yatwaye igikombe cy’Isi cyamaclub.

Chelsea, mu gukomeza gahunda yayo yo gusubira ku rwego rwo hejuru, ikomeje gushora mu rubyiruko. Amasezerano ya Hato ni indi ntambwe igaragaza ejo hazaza hitezweho byinshi.

Jorrel Hato yamaze kwerekeza i Stamford Bridge iwabo wa Chelsea
ADVERTISEMENT
Previous Post

Ikipe Paris Saint-Germain vuba aha irasinyisha myugariro Ilya Zabarnyi

Next Post

Muri DRC umugabo yakubiswe byo gupfa kubw’igikorwa kigayitse cyo gufata kungufu umwana muto

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Muri DRC umugabo yakubiswe byo gupfa kubw’igikorwa kigayitse cyo gufata kungufu umwana muto

Muri DRC umugabo yakubiswe byo gupfa kubw'igikorwa kigayitse cyo gufata kungufu umwana muto

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

March 19, 2026
Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

March 18, 2026
“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026
Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

March 17, 2026

Recent News

Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

March 19, 2026
Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

March 18, 2026
“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026
Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

Abatuye Rukoko mu Manegeka barasaba ko bakwimurwa byihuse

March 17, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

March 19, 2026
Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

March 18, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com