• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Kanye West yahakanye ibyo guhatiriza umugore we kwambara impenure

Umuraperi w’icyamamare Kanye West yateye utwatsi ibivugwa n’abantu benshi bamushinja gukandamiza no guhatiriza umugore we, Bianca Censori

PRINCE by PRINCE
February 9, 2025
in Imyidagaduro
0
Kanye West yahakanye ibyo guhatiriza umugore we kwambara impenure
0
SHARES
4
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umuraperi w’icyamamare Kanye West yateye utwatsi ibivugwa n’abantu benshi bamushinja gukandamiza no guhatiriza umugore we, Bianca Censori, kwambara imyenda imugaragaza imyanya y’ibanga. Ibi byavuzwe nyuma y’uko aba bombi bagaragaye ku itapi itukura mu birori bikomeye bya Grammy Awards, aho Bianca yari yambaye imyenda idasanzwe itavuzweho rumwe.

Mu butumwa Kanye West yanyujije ku rubuga X, yagaragaje ko nubwo ari umugabo wa Bianca, adashobora kumutegeka kwambara uko adashaka. Yagize ati: “Bianca ni umugore wanjye kandi mfite uburenganzira ku buzima bwe, ariko ntabwo namuhatiye kwambara iriya myenda. Ni we wayihisemo ubwe, ahubwo mbere yo kuyambara yaransabye inama nanjye ndabyemera.”

Nubwo Kanye ahakana uruhare rwe mu guhitamo imyambarire y’umugore we, hari abemeza ko ibi ari uburyo bwe bwo gukomeza kuvugwa no gutuma umugore we atajya kure y’itangazamakuru. Si ubwa mbere Bianca Censori agaragara yambaye imyenda imugaragaza cyane, bikaba byaratumye bamwe mu baharanira uburenganzira bw’abagore batangira gukorera ubuvugizi uyu mugore, bavuga ko ashobora kuba ari guhura n’igitutu gikomeye cyo kumvira umugabo we.

Ibi byose bikomeje gutera impaka ndende ku mbuga nkoranyambaga, aho bamwe bashyigikira Kanye West bavuga ko umuntu mukuru agomba kwihitiramo uko yambara, mu gihe abandi bamushinja gukoresha ububasha bwe mu guhindura uko umugore we agaragara imbere y’isi n’abantu.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Imideli Myiza Kurusha indi ku Red carpet mu bihembo bya Critics Choice Awards 2025

Next Post

Abanyathailandi Bari Barafashwe Mpiri muri Gaza Barekuwe Nyuma yo Gufungurwa

PRINCE

PRINCE

Next Post
Abanyathailandi Bari Barafashwe Mpiri muri Gaza Barekuwe Nyuma yo Gufungurwa

Abanyathailandi Bari Barafashwe Mpiri muri Gaza Barekuwe Nyuma yo Gufungurwa

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

July 11, 2025
Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

July 11, 2025
Zulay Pogba yerekanye urukundo rudasanzwe afitiye umugabo we Paul Pogba, ahakana ibyo kumutererana.

Zulay Pogba yerekanye urukundo rudasanzwe afitiye umugabo we Paul Pogba, ahakana ibyo kumutererana.

July 11, 2025

Recent News

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

July 11, 2025
Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

Noni Madueke agiye kwerekeza mu ikipe ya Arsenal ku kayabo kangana n’amafaranga £50M

July 11, 2025
Zulay Pogba yerekanye urukundo rudasanzwe afitiye umugabo we Paul Pogba, ahakana ibyo kumutererana.

Zulay Pogba yerekanye urukundo rudasanzwe afitiye umugabo we Paul Pogba, ahakana ibyo kumutererana.

July 11, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

Arsène Wenger yahaye igisubizo gikomeye Jurgen Klopp wanenze igikombe cy’Isi cy’amakipe.

July 11, 2025
Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

Hagaragaye urubuga rushya rugiye guhangana na WhatsApp

July 11, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com