• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Kevin De Bruyne yatunguwe n’icyemezo cya Man City: “Ntiyongerewe amasezerano mashya”

Ni inkuru itunguranye kandi ifite aho ihurira n’ukuri k'ubuzima bw’umupira bushobora guhinduka vuba, ndetse n’uko abakinnyi n’amakipe bakenera kurebana mu maso igihe icyerekezo gihindutse.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
April 22, 2025
in Imikino
0
Kevin De Bruyne yatunguwe n’icyemezo cya Man City: “Ntiyongerewe amasezerano mashya”
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Hari byinshi byatangaje abakunzi b’umupira w’amaguru nyuma y’itangazwa ry’uko Manchester City itigeze yegera Kevin De Bruyne kugira ngo baganire ku masezerano mashya mu mwaka wose ushize. Uyu mukinnyi w’imyaka 33 y’amavuko yatangaje ko byamutunguye nawe, ariko yemera ko ari icyemezo cyafashwe n’ubuyobozi bw’ikipe.

Mu magambo ye yagize ati: “Nta na rimwe bigeze bampa andi masezerano muri uyu mwaka.” Ni icyemezo City yafashe. Byarantunguye cyane ariko ngomba kubyemera”, De Bruyne yabibwiye ikinyamakuru Daily Mail.

Uyu Munya-Belgian akaba atari kumva icyatumye ikipe imureka gutya, mu gihe we yumva ko agifite ubushobozi bwo guyikinira ku rwego rwo hejuru.

“Mu kuri, kwe yavuze ko acyeka ko ashobora kugira imikorere myiza nk’uko bigaragara, ariko adasobanukiwe ko amakipe afata ibyemezo yishakiye.”

Ni inkuru itunguranye kandi ifite aho ihurira n’ukuri k’ubuzima bw’umupira bushobora guhinduka vuba, ndetse n’uko abakinnyi n’amakipe bakenera kurebana mu maso igihe icyerekezo gihindutse

De Bruyne yakomeje ashimangira ko nubwo atagifite imyaka 25 yo gukomeza gukina ruhago, ahubwo agifite imbaraga zo guhatana kandi akiri ku rwego rwo hejuru.

Yakomeje agira ati: “Simfite imyaka 25 ukundi, ariko ndacyumva nshoboye gukora akazi kanjye nk’ukiri muto  ndafunguriwe kuri byose biza, kuko ndi kureba ibintu byose uko bihagaze.”

Icyakora, De Bruyne yavuze ko igihe kigeze ngo atangire gutekereza ku hazaza he mu buryo bwagutse, harebwa n’inyungu z’umuryango we.

Yongeraho ko areba impamvu z’imikino, umuryango n’ibindi byose hamwe, n’ibimufite icyo bimariye nwe n’umuryango we.” numva rwose ko ngifite ubushobozi bwo gukina ku rwego rwiza.”

Ibi bije mu gihe hari amakuru y’uko amakipe yo muri Arabie Saoudite, Amerika ndetse no mu Bushinwa ashobora kuba ari kumwitegereza, cyane ko ari umwe mu bakinnyi b’abahanga bagaragaje ubuhanga budasanzwe mu myaka ya vuba aha.

De Bruyne amaze imyaka irenga 8 ari ku rwego rwo hejuru muri Manchester City, aho yegukanye ibikombe byinshi birimo Premier League, FA Cup, League Cup ndetse na UEFA Champions League.

Kevin De Bruyne yatunguwe n’icyemezo cya Man City: “Ntiyongerewe amasezerano mashya”

Ni umukinnyi ukundwa cyane n’abafana kubera uburyo asoma umukino, atanga imipira ivamo ibitego ndetse no kuba ari umuyobozi mwiza mu kibuga.

Kuba atarongerewe amasezerano birigutanga icyuho gikomeye kuri City, cyane ko ari umwe mu nkingi za mwamba z’iyi kipe.

Hari impungenge ku bakunzi b’iyi kipe ku hazaza h’uyu mukinnyi, by’umwihariko niba ashobora kwerekeza mu yindi shampiyona cyangwa se kwerekeza hanze y’u Burayi.

Ni inkuru itunguranye kandi ifite aho ihurira n’ukuri k’ubuzima bw’umupira bushobora guhinduka vuba, ndetse n’uko abakinnyi n’amakipe bakenera kurebana mu maso igihe icyerekezo gihindutse.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Cuti Romero yifuza gukina muri Espagne kugira ngo yuzuze inzozi ze

Next Post

Imirwano hagati ya AFC-M23 na FARDC yongeye kwaduka i Nyangenzi muri Kivu y’Amajyepfo

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Imirwano hagati ya AFC-M23 na FARDC yongeye kwaduka i Nyangenzi muri Kivu y’Amajyepfo

Imirwano hagati ya AFC-M23 na FARDC yongeye kwaduka i Nyangenzi muri Kivu y’Amajyepfo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
“Umugabo arigira ntarindira urupfu rwa Real”, Modrić yerekeje muri AC Milan!

“Umugabo arigira ntarindira urupfu rwa Real”, Modrić yerekeje muri AC Milan!

June 25, 2025
Abasirikare b’u Burundi bavuye Bibogobogo berekeza i Baraka

Inka zibarirwa muri mirongo z’Umunyamulenge, zanyazwe zigurishwa kuri make make

June 25, 2025
Abasirikare b’u Burundi bavuye Bibogobogo berekeza i Baraka

Abasirikare b’u Burundi bavuye Bibogobogo berekeza i Baraka

June 25, 2025
Barcelona yemeye gusinyisha Roony Bardghji mu masezerano yihariye

Barcelona yemeye gusinyisha Roony Bardghji mu masezerano yihariye

June 24, 2025

Recent News

“Umugabo arigira ntarindira urupfu rwa Real”, Modrić yerekeje muri AC Milan!

“Umugabo arigira ntarindira urupfu rwa Real”, Modrić yerekeje muri AC Milan!

June 25, 2025
Abasirikare b’u Burundi bavuye Bibogobogo berekeza i Baraka

Inka zibarirwa muri mirongo z’Umunyamulenge, zanyazwe zigurishwa kuri make make

June 25, 2025
Abasirikare b’u Burundi bavuye Bibogobogo berekeza i Baraka

Abasirikare b’u Burundi bavuye Bibogobogo berekeza i Baraka

June 25, 2025
Barcelona yemeye gusinyisha Roony Bardghji mu masezerano yihariye

Barcelona yemeye gusinyisha Roony Bardghji mu masezerano yihariye

June 24, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

“Umugabo arigira ntarindira urupfu rwa Real”, Modrić yerekeje muri AC Milan!

“Umugabo arigira ntarindira urupfu rwa Real”, Modrić yerekeje muri AC Milan!

June 25, 2025
Abasirikare b’u Burundi bavuye Bibogobogo berekeza i Baraka

Inka zibarirwa muri mirongo z’Umunyamulenge, zanyazwe zigurishwa kuri make make

June 25, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com