• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. 

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
February 6, 2026
in Imyidagaduro
0
Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT
Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

Mu myaka ibiri ishize, urugo rwa Kimenyi Yves na Miss Muyango rwagiye ruvugwa cyane mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bagiye batanga ibitekerezo ku mubano wabo, bituma bakomeza kugaragara ku mpapuro za mbere z’ibitangazamakuru bitandukanye.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.

Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”

Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”

Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”

Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.

Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.

N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.

Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.

Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”

Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.

Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”

Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.

Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza

Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Gemini ikomeje kurusha OpenAI icyizere mu ishoramari rya AI

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

February 6, 2026
Gemini ikomeje kurusha OpenAI icyizere mu ishoramari rya AI

Gemini ikomeje kurusha OpenAI icyizere mu ishoramari rya AI

February 6, 2026
Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atitabiriye ibihembo bya Grammy Awards 2026

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atitabiriye ibihembo bya Grammy Awards 2026

February 6, 2026
Ishimwe Anicet abaye umukinnyi wa gatanu w’Umunyarwanda ugiye gukina muri Libya

Ishimwe Anicet abaye umukinnyi wa gatanu w’Umunyarwanda ugiye gukina muri Libya

February 6, 2026

Recent News

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

February 6, 2026
Gemini ikomeje kurusha OpenAI icyizere mu ishoramari rya AI

Gemini ikomeje kurusha OpenAI icyizere mu ishoramari rya AI

February 6, 2026
Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atitabiriye ibihembo bya Grammy Awards 2026

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atitabiriye ibihembo bya Grammy Awards 2026

February 6, 2026
Ishimwe Anicet abaye umukinnyi wa gatanu w’Umunyarwanda ugiye gukina muri Libya

Ishimwe Anicet abaye umukinnyi wa gatanu w’Umunyarwanda ugiye gukina muri Libya

February 6, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

Kimenyi Yves yatangaje ko umubano we na Miss Muyango uhagaze neza

February 6, 2026
Gemini ikomeje kurusha OpenAI icyizere mu ishoramari rya AI

Gemini ikomeje kurusha OpenAI icyizere mu ishoramari rya AI

February 6, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com