Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.

Miss Muyango Claudine wabaye Nyampinga uberwa n’amafoto muri Miss Rwanda 2019, aherutse kuvugira ku rubuga rwa TikTok amagambo yatumye benshi bongera kwibaza ku mibereho ye y’ubu. Yavuze ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amafaranga no gushaka amahoro yo mu mutima.
Yagize ati: “Reka nkubwire Pastor, urabizi ko ngukunda, ariko ibintu by’abagabo ube ubinkuye mu bwonko. Ndishakira amafaranga. Iby’abagabo narabibonye, narakunze, ndakunda, ariko aho byangejeje, nari mpfuye.”
Yakomeje agira ati: “Ni ukubona umuntu agenda. Ni ukuri nari mpfuye. Abantu bakabona umugabo witonda, bakavuga ngo Muyango yakoze ibi n’ibi, ariko uwababwira agahinda kose nanyuzemo… noneho umugabo aje hano nta kibi yavuga.”
Muyango Claudine yavuze ko icyo abura muri iki gihe ari amahoro yo mu mutima, n’ubwo yemeza ko ibindi byose abifite. Ati: “Nta kintu na kimwe mbuze. Imana yampaye gusa neza, impa guhagarara ku mwana wanjye, impa amafaranga, ni ukuri ndashima Imana.”
Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026, Kimenyi Yves yagaragaye mu kiganiro cyanyuze kuri TikTok aganira n’inshuti ye Yago Pon Dat.
Iki kiganiro cyibanze ku rugendo rwe mu mupira w’amaguru no ku buzima bwe bwo muri iki gihe, aho yahisemo kwinjira mu bucuruzi bwo gutumiza no gucuruza imodoka azikuye mu Bushinwa.
N’ubwo ikiganiro cyari kigamije kugaruka ku bucuruzi, ibibazo by’abacyitabiriye byibanze cyane ku mibereho ye y’urugo na Miss Muyango Claudine.
Yago Pon Dat wari uyoboye ikiganiro, yavuze ko atiteguye kubaza Kimenyi ku rugo rwe, ariko amuha umwanya wo kwisobanurira niba yumva hari icyo yabitangaho.
Yago yagize ati “Ibi byose ndashaka ko ari wowe ubyivugira. Ntabwo ari ikibazo, ariko abantu benshi barashaka kumenya ibijyanye n’urugo rwawe. Ibijyanye n’umuryango wawe. N’uburenganzira bwawe, bwo kubivugaho cyangwa ntubivugeho, ariko njyewe impamvu nkubwiye gutya ntabwo ndi mu murongo mwiza wo ku kubuza ibintu bijyanye n’urugo rwawe, kuko nanjye ubwanjye nta kintu njya mbivugaho (iby’urugo rwe) […]” Hari abibaza ese Kimenyi na Muyango baratandukanye koko? Ese bakoze ‘Divorce’? […]”
Yavuze ko hari abibaza niba Kimenyi Yves na Miss Muyango baratandukanye cyangwa se niba barahanyes gatanya.
Mu gusubiza kuri ibyo bibazo byose, Kimenyi Yves yavuze ko nta byinshi yiteguye kuvuga ku buzima bwe bwite, ariko ahamya ko umubano we n’umugore we umeze neza. Yagize ati: “Ibyo ng’ibyo byose rwose nta kintu mbivugaho pe pe pe. Gusa, ibintu bimeze neza.”
Iri jambo rye ryasize benshi basobanukiwe ko, n’ubwo hari byinshi byagiye bivugwa, we yemeza ko urugo rwe ruhagaze neza.
Kimenyi Yves yemeje ko umubano we na Miss Muyango Claudine uhagaze neza, n’ubwo hashize igihe havugwa inkuru zitandukanye ku buzima bwabo bw’urugo, avuga ko nta byinshi yiteguye kuwuvugaho uretse ko “ibintu bimeze neza
Miss Muyango Claudine aherutse gutangaza ko muri iki gihe yibanze ku gushaka amahoro yo mu mutima no kwishakira amafaranga, avuga ko yanyuze mu bihe bikomeye by’urukundo ariko ubu akishimira aho ageze n’inkunga ahabwa n’Imana.















