• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

KNC ati: “Gukina n’ikipe ya nyuma ni nko guhura n’ikipe ya mbere ku rutonde rwa Shampiyona

Perezida wa Gasogi United KNC, yatangaje ko gukina n’ikipe iri ku mwanya wa nyuma ku rutonde rwa Shampiyona y'u Rwanda Premier League bingana no guhura n’ikipe ya mbere.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
February 9, 2026
in Imikino
0
KNC ati: “Gukina n’ikipe ya nyuma ni nko guhura n’ikipe ya mbere ku rutonde rwa Shampiyona
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles (KNC), yatangaje ko gukina n’ikipe iri ku mwanya wa nyuma ku rutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda Premier League bingana no guhura n’ikipe ya mbere, ashimangira ko mu mupira w’amaguru nta mukino woroshye ubaho. Ibi yabitangaje nyuma y’umukino warangiye anganya igitego 1-1 na AS Muhanga, mu mukino w’umunsi wa 18 wa shampiyona.

Uyu mukino wabereye mu rugo rwa AS Muhanga, witabiriwe n’abafana benshi bari bashyigikiye ikipe yabo yari iri mu bihe bikomeye. AS Muhanga yinjiye mu mukino iri ku mwanya wa nyuma n’amanota 12, ifite intego yo gutsinda Gasogi United kugira ngo izamuke mu myanya, igere ku manota 15, isige inyuma amakipe arimo Etincelles FC, Amagaju FC na Rutsiro FC zose zari zifite amanota 14.

Niyonizeye Teresphore ni we wafunguye amazamu ku ruhande rwa AS Muhanga, atsinda igitego cyiza mu gice cya mbere, bituma abafana bishimira cyane uko ikipe yabo yari yitwaye. Gasogi United yakomeje gushaka uko yakwishyura, iza kubigeraho mu gice cya kabiri, ubwo Ndikumana Dany yatsindaga igitego ku makosa ya ba myugariro ba AS Muhanga, Gihozo Chaste na Rugwiro Kevin, bananiwe kumvikana ku mupira wari uje mu rubuga rw’amahina.

Nyuma y’umukino, KNC yashimangiye ko amakipe ari mu myanya ya nyuma ahora akinira ubuzima, bityo guhura biba bisaba imbaraga nk’izisabwa mu gukina n’ayoboye urutonde. Yasoje ashimangira ko Gasogi United igomba gukomeza kwitwararika buri mukino, kuko amanota yose aba ari ingenzi mu rugendo rwa shampiyona.

KNC ati: “Gukina n’ikipe ya nyuma ni nko guhura n’ikipe ya mbere ku rutonde rwa Shampiyona
ADVERTISEMENT
Previous Post

Umuherwe Jimmy Lai w’imyaka 78 yakatiwe igifungo cy’imyaka 20 i Hong Kong

Next Post

Bad Bunny mu ijoro ryakeye yaraye aririmbye mu karuhuko k’igice cya mbere cy’umukino wa Super Bowl

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Bad Bunny mu ijoro ryakeye yaraye aririmbye mu karuhuko k’igice cya mbere cy’umukino wa Super Bowl

Bad Bunny mu ijoro ryakeye yaraye aririmbye mu karuhuko k'igice cya mbere cy'umukino wa Super Bowl

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Bad Bunny mu ijoro ryakeye yaraye aririmbye mu karuhuko k’igice cya mbere cy’umukino wa Super Bowl

Bad Bunny mu ijoro ryakeye yaraye aririmbye mu karuhuko k’igice cya mbere cy’umukino wa Super Bowl

February 9, 2026
KNC ati: “Gukina n’ikipe ya nyuma ni nko guhura n’ikipe ya mbere ku rutonde rwa Shampiyona

KNC ati: “Gukina n’ikipe ya nyuma ni nko guhura n’ikipe ya mbere ku rutonde rwa Shampiyona

February 9, 2026
Umuherwe Jimmy Lai w’imyaka 78 yakatiwe igifungo cy’imyaka 20 i Hong Kong

Umuherwe Jimmy Lai w’imyaka 78 yakatiwe igifungo cy’imyaka 20 i Hong Kong

February 9, 2026
Elon Musk yatangaje umushinga wo kubaka umujyi ku Kwezi

Elon Musk yatangaje umushinga wo kubaka umujyi ku Kwezi

February 9, 2026

Recent News

Bad Bunny mu ijoro ryakeye yaraye aririmbye mu karuhuko k’igice cya mbere cy’umukino wa Super Bowl

Bad Bunny mu ijoro ryakeye yaraye aririmbye mu karuhuko k’igice cya mbere cy’umukino wa Super Bowl

February 9, 2026
KNC ati: “Gukina n’ikipe ya nyuma ni nko guhura n’ikipe ya mbere ku rutonde rwa Shampiyona

KNC ati: “Gukina n’ikipe ya nyuma ni nko guhura n’ikipe ya mbere ku rutonde rwa Shampiyona

February 9, 2026
Umuherwe Jimmy Lai w’imyaka 78 yakatiwe igifungo cy’imyaka 20 i Hong Kong

Umuherwe Jimmy Lai w’imyaka 78 yakatiwe igifungo cy’imyaka 20 i Hong Kong

February 9, 2026
Elon Musk yatangaje umushinga wo kubaka umujyi ku Kwezi

Elon Musk yatangaje umushinga wo kubaka umujyi ku Kwezi

February 9, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Bad Bunny mu ijoro ryakeye yaraye aririmbye mu karuhuko k’igice cya mbere cy’umukino wa Super Bowl

Bad Bunny mu ijoro ryakeye yaraye aririmbye mu karuhuko k’igice cya mbere cy’umukino wa Super Bowl

February 9, 2026
KNC ati: “Gukina n’ikipe ya nyuma ni nko guhura n’ikipe ya mbere ku rutonde rwa Shampiyona

KNC ati: “Gukina n’ikipe ya nyuma ni nko guhura n’ikipe ya mbere ku rutonde rwa Shampiyona

February 9, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com