• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Konti za X z’amakipe akomeye ku Isi zikomeje kurikoroza, nyuma yo kugaragazwa aho zashingiwe

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
November 25, 2025
in Imikino
0
Konti za X z’amakipe akomeye ku Isi zikomeje kurikoroza, nyuma yo kugaragazwa aho zashingiwe

Konti za X z’amakipe akomeye ku Isi zikomeje kurikoroza, nyuma yo kugaragazwa aho zashingiwe

0
SHARES
1
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Amakipe akomeye akina umupira w’amaguru ku Isi akomeje kuvugisha benshi nyuma yo kugaragara ko konti zabo za X (Twitter) zishingirwa mu bihugu bitandukanye n’aho akorera cyangwa akomoka. Uyu murongo mushya wo gucunga imbuga nkoranyambaga ukomeje kwerekana uburyo aya makipe arushaho gutekereza ku masoko mpuzamahanga no kongera abayakurikira ku rwego rw’Isi.

Muri ayo makipe, FC Bayern Munich yo mu Budage ifite konti yashingiwe muri Afurika y’Epfo, mu gihe Napoli yo mu Butaliyani yo yashingiwe muri Uruguay. Real Madrid, Arsenal, Manchester United na Liverpool imbuga zose zashingiwe ku mugabane w’i Burayi konti zazo zose zishingiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bikerekana uko isoko ry’ikoranabuhanga muri icyo gihugu rikomeje kwiharira imiyoborere myinshi ya platiformu ya X.

Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, konti yayo yashingiwe mu Bwongereza, naho Simba SC yo muri Tanzania yo ikaba yanditswe muri Eswatini (Swaziland). Ibi byatumye abakunzi b’aya makipe bakomeza gutangara no gukurikirana impamvu z’iyi mpinduka, byongera no guteza imbaraga mu biganiro ku mbuga nkoranyambaga.

Aya makipe akomeje guteza imbere isura yayo ku ruhando mpuzamahanga, ibi bikaba byerekana uburyo siporo igezweho isaba gukorera ku masoko menshi mu rwego rwo kwikubira abafana ku Isi hose.

Konti za X z’amakipe akomeye ku Isi zikomeje kurikoroza, nyuma yo kugaragazwa aho zashingiwe
ADVERTISEMENT
Previous Post

Tinah Beauty Shop: Aho impumuro nzinza n’uburanga bihurira

Next Post

Uvira: Abaturage barashinja Ingabo za FARDC n’umutwe wa Wazalendo kubasahura

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Uvira: Abaturage barashinja Ingabo za FARDC n’umutwe wa Wazalendo kubasahura

Uvira: Abaturage barashinja Ingabo za FARDC n'umutwe wa Wazalendo kubasahura

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Uvira: Abaturage barashinja Ingabo za FARDC n’umutwe wa Wazalendo kubasahura

Uvira: Abaturage barashinja Ingabo za FARDC n’umutwe wa Wazalendo kubasahura

November 25, 2025
Konti za X z’amakipe akomeye ku Isi zikomeje kurikoroza, nyuma yo kugaragazwa aho zashingiwe

Konti za X z’amakipe akomeye ku Isi zikomeje kurikoroza, nyuma yo kugaragazwa aho zashingiwe

November 25, 2025
Tinah Beauty Shop: Aho impumuro nzinza n’uburanga bihurira

Tinah Beauty Shop: Aho impumuro nzinza n’uburanga bihurira

November 24, 2025
Iduka ‘Rujama Phones Shop’ rikomeje korohereza abaguzi, nyuma yuko rihananuye ibiciro

Iduka ‘Rujama Phones Shop’ rikomeje korohereza abaguzi, nyuma yuko rihananuye ibiciro

November 24, 2025

Recent News

Uvira: Abaturage barashinja Ingabo za FARDC n’umutwe wa Wazalendo kubasahura

Uvira: Abaturage barashinja Ingabo za FARDC n’umutwe wa Wazalendo kubasahura

November 25, 2025
Konti za X z’amakipe akomeye ku Isi zikomeje kurikoroza, nyuma yo kugaragazwa aho zashingiwe

Konti za X z’amakipe akomeye ku Isi zikomeje kurikoroza, nyuma yo kugaragazwa aho zashingiwe

November 25, 2025
Tinah Beauty Shop: Aho impumuro nzinza n’uburanga bihurira

Tinah Beauty Shop: Aho impumuro nzinza n’uburanga bihurira

November 24, 2025
Iduka ‘Rujama Phones Shop’ rikomeje korohereza abaguzi, nyuma yuko rihananuye ibiciro

Iduka ‘Rujama Phones Shop’ rikomeje korohereza abaguzi, nyuma yuko rihananuye ibiciro

November 24, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Uvira: Abaturage barashinja Ingabo za FARDC n’umutwe wa Wazalendo kubasahura

Uvira: Abaturage barashinja Ingabo za FARDC n’umutwe wa Wazalendo kubasahura

November 25, 2025
Konti za X z’amakipe akomeye ku Isi zikomeje kurikoroza, nyuma yo kugaragazwa aho zashingiwe

Konti za X z’amakipe akomeye ku Isi zikomeje kurikoroza, nyuma yo kugaragazwa aho zashingiwe

November 25, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com