• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Kuri uyu wa Gatatu igitaramo cyiswe Takeover kiraca impaka i Timo Lounge

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
January 14, 2026
in Imyidagaduro
0
Kuri uyu wa Gatatu igitaramo cyiswe Takeover kiraca impaka i Timo Lounge
0
SHARES
1
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Muri iri joro ridasanzwe ry’uyu wa Gatatu tariki ya 14 Mutarama 2026, Timo Lounge igiye guhinduka igicumbi cy’umunezero n’imyidagaduro binyuze mu gitaramo gikomeye cyiswe “Takeover.” Ni ijoro rigenewe abakunda umuziki mwiza, n’ikirere gituje.

DJ ni Joo, umwe mu ba DJ bakunzwe cyane kubera kuvanga umuziki ugezweho n’uwa kera mu buryo buhuje abantu bose, araba ayoboye urubyiniro.

Ku rundi ruhande, iki gitaramo kirayoborwa na Queen Runner, uzwiho imiyoborere y’ubushabitsi irimo imbaraga, amagambo aryohereye n’ubushobozi bwo gufata amarangamutima y’abitabiriye igitaramo.

I Timo Lounge, hara hameze neza haba ku kinyobwa no ku ifunguro. Kuza muri Takeover ni ukwinjira mu isi irimo ibinyobwa byateguwe kinyamwuga, amafunguro aryoshye atuma urushaho kwishimira ijoro, n’ahantu heza hatuma wicara wumva utuje kandi wishimye.

Iki ni cyo gihe cyo guhamagara inshuti zawe, mugadangirira umunezero i Timo Lounge – Remera.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Ndimbati ari mu gahinda gakomeye, nyuma yo gupfusha nyina umubyara

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Kuri uyu wa Gatatu igitaramo cyiswe Takeover kiraca impaka i Timo Lounge

Kuri uyu wa Gatatu igitaramo cyiswe Takeover kiraca impaka i Timo Lounge

January 14, 2026
Ndimbati ari mu gahinda gakomeye, nyuma yo gupfusha nyina umubyara

Ndimbati ari mu gahinda gakomeye, nyuma yo gupfusha nyina umubyara

January 14, 2026
U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica gufasha gusana ibyangijwe n’inkubi y’umuyaga ‘Melissa’

U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica gufasha gusana ibyangijwe n’inkubi y’umuyaga ‘Melissa’

January 14, 2026
Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

January 13, 2026

Recent News

Kuri uyu wa Gatatu igitaramo cyiswe Takeover kiraca impaka i Timo Lounge

Kuri uyu wa Gatatu igitaramo cyiswe Takeover kiraca impaka i Timo Lounge

January 14, 2026
Ndimbati ari mu gahinda gakomeye, nyuma yo gupfusha nyina umubyara

Ndimbati ari mu gahinda gakomeye, nyuma yo gupfusha nyina umubyara

January 14, 2026
U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica gufasha gusana ibyangijwe n’inkubi y’umuyaga ‘Melissa’

U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica gufasha gusana ibyangijwe n’inkubi y’umuyaga ‘Melissa’

January 14, 2026
Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

Corneille Nangaa yatangaje ko Joseph Kabila ari mu gihugu imbere

January 13, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Kuri uyu wa Gatatu igitaramo cyiswe Takeover kiraca impaka i Timo Lounge

Kuri uyu wa Gatatu igitaramo cyiswe Takeover kiraca impaka i Timo Lounge

January 14, 2026
Ndimbati ari mu gahinda gakomeye, nyuma yo gupfusha nyina umubyara

Ndimbati ari mu gahinda gakomeye, nyuma yo gupfusha nyina umubyara

January 14, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com