• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imikino

Lamine Yamal amaze kugira uruhare mu bitego 40 muri Barça muri uyu mwaka w’imikino 24/25

Umujyanama we avuga ko Ballon d’Or imubereye, doreko Lamine Yamal amaze kugira uruhare mu bitego 40 muri Barça muri uyu mwaka w'imikino 24/25.

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
May 12, 2025
in Imikino
0
Lamine Yamal amaze kugira uruhare mu bitego 40 muri Barça muri uyu mwaka w’imikino 24/25
0
SHARES
0
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Umukinnyi ukiri muto wa FC Barcelona, Lamine Yamal, amaze kwigaragaza nk’umwe mu bakinnyi b’ingenzi ku rwego mpuzamahanga muri iyi saison. Nubwo afite imyaka 17 gusa, amaze kugira uruhare mu bitego 40 bya Barça  harimo ibitego 16 yatsinze ubwe ndetse n’imipira 24 yatanze yavuyemo ibitego (assists), ibintu bidasanzwe ku mukinnyi muto w’imyaka ye.

Uyu musore ukomeje gufata umwanya mu ikipe ya mbere ya FC Barcelona, ari no mu bakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Espagne, yatangiye kugaragaza ubushobozi budasanzwe ku rwego mpuzamahanga.

Umujyanama we, Jorge Mendes, yatangaje ko Lamine Yamal akwiye kugerwaho n’ibihembo bikomeye ku isi y’umupira w’amaguru, harimo na Ballon d’Or, agira ati:

“Akwiriye gutwara igihembo cya Ballon d’Or nta kabuza. kandi biragaragara, ko Ballon d’Or yaba imukwiye.”

“Akwiriye gutwara igihembo cya Ballon d’Or nta kabuza. kandi biragaragara, ko Ballon d’Or yaba imukwiye

Mendes yakomeje avuga ko ibikorwa bya Yamal muri iyi saison bitangaje ndetse ari ikimenyetso cy’uko umupira w’amaguru w’Isi ufite ejo hazaza heza cyane. Yagize ati:

“Nizeye ko azatorwa kandi agatsinda kuko yakoze ibintu bitangaje. Ni ibintu byiza kandi kubona umwana w’imyaka 17 akora ibintu nk’ibi, bigaragaza ejo hazaza heza h’umukino.”

Ku myaka 17 gusa, Lamine Yamal ari gukinira ikipe ya FC Barcelona nk’umukinnyi w’ibanze, akina mu kibuga hagati no ku mpande z’ubusatirizi, aho atanga umusaruro ugaragara.

Yagiye ahabwa icyizere n’abatoza batandukanye, harimo Xavi Hernández, kubera ubuhanga afite, kwihuta, no gufata imyanzuro yihuse mu kibuga.

Abasesenguzi batandukanye bemeza ko ari umwe mu bakinnyi bafite impano karemano kandi bafite icyerekezo cyo kuzakina umupira ku rwego rwo hejuru mu myaka myinshi iri imbere.

Lamine Yamal amaze kugira uruhare mu bitego 40 muri Barça muri uyu mwaka w’imikino 24/25

Niba akomeje gukina ku rwego ariho ubu, Lamine Yamal ashobora kuzakurikira inzira z’abakinnyi nka Lionel Messi na Cristiano Ronaldo, bigeze kwitwara neza bakiri bato.

Mu gihe Ballon d’Or izatangazwa mu mpera z’uyu mwaka, benshi bari gutekereza ku bakinnyi bakomeye ku Isi barimo Jude Bellingham, Kylian Mbappé na Erling Haaland, ariko impande nyinshi ziri gutangira kwibaza niba Lamine Yamal atari we ukwiye gutoranywa nk’umukinnyi w’umwaka, bishingiye ku musaruro udasanzwe yatanze kuri FC Barcelona n’ikipe y’igihugu ya Espagne.

ADVERTISEMENT
Previous Post

Umuhanzi Nyarwanda Djazmir ubarizwa muri USA akomeje kugaragaza ubuhanga bwe mu Nganzo

Next Post

Cristiano Ronaldo Jr yatangiye urugendo rushya mu ikipe y’igihugu yabato Portugal batarengeje imyaka15

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Cristiano Ronaldo Jr yatangiye urugendo rushya mu ikipe y’igihugu yabato Portugal batarengeje imyaka15

Cristiano Ronaldo Jr yatangiye urugendo rushya mu ikipe y’igihugu yabato Portugal batarengeje imyaka15

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zihagaritse Gutunganya Bimwe mu Bisaba Green Card

March 27, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

June 27, 2025
Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

June 27, 2025
General Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda mu buryo bwa kivandimwe

General Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda mu buryo bwa kivandimwe

June 27, 2025
Urahira iki? Rugezi yasubiye mu makuba y’amasasu

Urahira iki? Rugezi yasubiye mu makuba y’amasasu

June 27, 2025

Recent News

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

June 27, 2025
Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

June 27, 2025
General Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda mu buryo bwa kivandimwe

General Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda mu buryo bwa kivandimwe

June 27, 2025
Urahira iki? Rugezi yasubiye mu makuba y’amasasu

Urahira iki? Rugezi yasubiye mu makuba y’amasasu

June 27, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

Ruhago mu Rwanda: Amateka kuva mu myaka ya za 1930 kugeza ubu

June 27, 2025
Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

Ivan Perisić yirengagije amahirwe, asinyira PSV Eindhoven

June 27, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com