• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Amakuru

Lt Gen Innocent Kabandana yitabye Imana

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
September 7, 2025
in Amakuru
0
Lt Gen Innocent Kabandana yitabye Imana
0
SHARES
25
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwatangaje ku mugaragaro ko Lt Gen Innocent Kabandana yatabarutse mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru. Yaguye mu Bitaro bya Gisirikare by’i Kanombe aho yari amaze iminsi ari kwivuriza indwara yari amaranye igihe.

Lt Gen Innocent Kabandana yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye iminsi. Yaguye muri Turkia aho yari amaze igihe yivuriza.

Amakuru y’urupfu rwe yashyizwe ahagaragara n’itangazo ryasohowe n’Ubuyobozi bukuru bwa RDF, ryemeza ko uwo muyobozi mukuru w’ingabo z’u Rwanda atakiri mu mubare w’abazima.

Lt Gen Kabandana yari umwe mu basirikare bakuru bafite amateka akomeye mu rugamba rwo kubohora igihugu, ndetse akaba yarabaye intangarugero mu buyobozi no mu murimo wo kubaka ubushobozi bw’ingabo.

Abamuzi bamurangaga nk’umusirikare w’umuhanga, udakunda amagambo menshi ahubwo uharanira gukora neza ibyo ashinzwe.

RDF yavuze ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku ngabo z’igihugu muri rusange, ndetse isaba Abanyarwanda bose kumusabira no gukomeza gushyigikira umuryango we mu bihe bikomeye urimo kunyuramo.

Amakuru ajyanye n’imihango yo kumusezeraho bwa nyuma azatangazwa mu gihe kitarambiranye, nk’uko RDF yabivuze. Abenshi mu basirikare n’abaturage bakomeje kugaragaza ko bazahora bamwibuka nk’intwari yitangiye igihugu.

 

Amakuru y’urupfu rwe yashyizwe ahagaragara n’itangazo ryasohowe n’Ubuyobozi bukuru bwa RDF
ADVERTISEMENT
Previous Post

Bimwe mu byaranze igitaramo cyahuriyemo Joni Boy na The Ben

Next Post

Ariel Wayz na Babo magingo aya barafunzwe

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Ariel Wayz na Babo magingo aya barafunzwe

Ariel Wayz na Babo magingo aya barafunzwe

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Abaturage ba Ruganda bakomeje guhungabanywa n’inzu baherutse gutuzwamo zatangiye gusenyuka

Abaturage ba Ruganda bakomeje guhungabanywa n’inzu baherutse gutuzwamo zatangiye gusenyuka

March 19, 2026
Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

March 19, 2026
Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

March 18, 2026
“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026

Recent News

Abaturage ba Ruganda bakomeje guhungabanywa n’inzu baherutse gutuzwamo zatangiye gusenyuka

Abaturage ba Ruganda bakomeje guhungabanywa n’inzu baherutse gutuzwamo zatangiye gusenyuka

March 19, 2026
Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

March 19, 2026
Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

Pep Guardiola ati: “Muri indashima, nyuma yo kubahesha igikombe cya UEFA Champions league igihembo ni ukwirukanwa?”

March 18, 2026
“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

“Nirukanwe muri korali banziza ko nta mpano mfite” – Chance wa Ben mu ntangiriro ye y’ubuhanzi

March 17, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Abaturage ba Ruganda bakomeje guhungabanywa n’inzu baherutse gutuzwamo zatangiye gusenyuka

Abaturage ba Ruganda bakomeje guhungabanywa n’inzu baherutse gutuzwamo zatangiye gusenyuka

March 19, 2026
Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

Butaro: Abaturage bavuga ko bahungira muri Uganda gushakisha kanyanga, nyuma yo guca inzoga gakondo mu gace kabo

March 19, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com