• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Madebeats na The Ben biyungiye mu Bwongereza nyuma y’imyaka barebana ay’ingwe

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
October 22, 2025
in Imyidagaduro
0
Madebeats na The Ben biyungiye mu Bwongereza nyuma y’imyaka barebana ay’ingwe
0
SHARES
5
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Nyuma y’imyaka myinshi batavugana rumwe ndetse no kurebana ay’ingwe, abahanzi babiri b’Abanyarwanda bafite izina rikomeye muri muzika The Ben na Madebeats usanzwe anatunganya imiziki kanabifatikanya no kuririmba bongeye guhurira mu Bwongereza mu buryo bwashimishije abakunzi ba muzika nyarwanda.

Byari ibyishimo bikomeye ubwo amashusho yagaragazaga aba bombi bishimanye yasakazwaga ku mbuga nkoranyambaga, ari nabyo byemeje ko aba bagabo babiri bari baratandukanye, none bongeye gusubirana.

Madebeats, uzwi cyane mu gutunganya indirimbo zifite ubuhanga n’ubusanzwe wigeze gufasha The Ben mu ndirimbo zagiye zigarukwaho cyane mu myaka yashize, yagize ati: “Byari iby’agaciro kongera guhura n’umuvandimwe nyuma y’igihe kinini. Twaherukanaga mbere y’induru zatuvugwagaho, ariko ubu byose ni amahoro. Uburyo twongeye kwiyunga burerekana ko urukundo n’ubuvandimwe biruta byose.”

Ubu busabane bwabereye mu gitaramo gikomeye The Ben aherutse gukorera i Manchester, aho yanyuze abakunzi be mu ndirimbo zakunzwe nka Vazi, Fine Girl na This Is Love. Madebeats yari mu bitabiriye icyo gitaramo, maze nyuma yaho bagirana ibiganiro byimbitse byarangiye biyunze.

Abakunzi ba muzika nyarwanda babyishimiye cyane, bamwe bandika ku mbuga nkoranyambaga bavuga ko “ibikomerezwa byacu byongeye kwiyunga.”

Abasesenguzi mu bya muziki bo bavuga ko ubu buhuza bushobora kongera gutuma The Ben na Madebeats bakorana umushinga mushya, bikaba byasubizaho imbaraga z’ubuhanzi bwa muzika nyarwanda ku rwego mpuzamahanga.

The Ben asanzwe ari umuhanzi w’indirimbo z’Isi
Madebeats asanzwe atunganya indirimbo z’abahanzi

 

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

Manager Uhujimfura Jean Claude yashyizeho umucyo ku bivugwa ku mubano udasanzwe afitanye na Bwiza

Next Post

Harry Maguire igitego yatsindiye Anfield Road ni kimwe mu cyamuhinduriye amateka

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Harry Maguire igitego yatsindiye Anfield Road ni kimwe mu cyamuhinduriye amateka

Harry Maguire igitego yatsindiye Anfield Road ni kimwe mu cyamuhinduriye amateka

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Bucyanayandi Emmanuel ntatindikanya kuvuga ko Imana ariyo yabaga yamutumye

Bucyanayandi Emmanuel ntatindikanya kuvuga ko Imana ariyo yabaga yamutumye

October 22, 2025
Micky ati: “Bizamfata igihe kugira mbabarire Regis twahoze dukundana”

Micky ati: “Bizamfata igihe kugira mbabarire Regis twahoze dukundana”

October 22, 2025
Umusifuzikazi Umutoni Aline kubw’amagambo yamuvuzweho agiye kurega KNC

Umusifuzikazi Umutoni Aline kubw’amagambo yamuvuzweho agiye kurega KNC

October 22, 2025
Harry Maguire igitego yatsindiye Anfield Road ni kimwe mu cyamuhinduriye amateka

Harry Maguire igitego yatsindiye Anfield Road ni kimwe mu cyamuhinduriye amateka

October 22, 2025

Recent News

Bucyanayandi Emmanuel ntatindikanya kuvuga ko Imana ariyo yabaga yamutumye

Bucyanayandi Emmanuel ntatindikanya kuvuga ko Imana ariyo yabaga yamutumye

October 22, 2025
Micky ati: “Bizamfata igihe kugira mbabarire Regis twahoze dukundana”

Micky ati: “Bizamfata igihe kugira mbabarire Regis twahoze dukundana”

October 22, 2025
Umusifuzikazi Umutoni Aline kubw’amagambo yamuvuzweho agiye kurega KNC

Umusifuzikazi Umutoni Aline kubw’amagambo yamuvuzweho agiye kurega KNC

October 22, 2025
Harry Maguire igitego yatsindiye Anfield Road ni kimwe mu cyamuhinduriye amateka

Harry Maguire igitego yatsindiye Anfield Road ni kimwe mu cyamuhinduriye amateka

October 22, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Bucyanayandi Emmanuel ntatindikanya kuvuga ko Imana ariyo yabaga yamutumye

Bucyanayandi Emmanuel ntatindikanya kuvuga ko Imana ariyo yabaga yamutumye

October 22, 2025
Micky ati: “Bizamfata igihe kugira mbabarire Regis twahoze dukundana”

Micky ati: “Bizamfata igihe kugira mbabarire Regis twahoze dukundana”

October 22, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com