• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Manager Uhujimfura Jean Claude yashyizeho umucyo ku bivugwa ku mubano udasanzwe afitanye na Bwiza

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
October 21, 2025
in Imyidagaduro
0
Manager Uhujimfura Jean Claude yashyizeho umucyo ku bivugwa ku mubano udasanzwe afitanye na Bwiza
0
SHARES
5
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Mu magambo yatangarije ibitangazamakuru, Uhujimfura yavuze ko abantu bari gukabiriza ibintu kandi ko umubano bafitanye na Bwiza ushingiye gusa ku kazi, atari urukundo bafitanye adahuye n’ibyo bakora. Yagize ati: “Nka Bwiza we hari ibintu byinshi angomba, nk’ubu mperutse kwiyicarira ahantu mbona umuntu ndamushima, ntera intambwe yo kumwegera, uwo bari kumwe aramubwira ati ‘wowe Bwiza arakwica’. Mbura uko ngira ndigendera.”

Uhujimfura yakomeje avuga ko abantu bakunda guhuza ibisa n’urukundo n’ibyo babona bidafite ishingiro, kugira bakunde batwike ku mbugankoranyambaga gusa ku bwanjye siko biri.

Yagize ati: “Bwiza agira ubuzima bwe, ntabwo ubuzima bw’urukundo njye na we tubuhuza. Ntekereza ko umunsi umwe azamubereka kuko njye ndamuzi.”

Yakomeje asobanura ko Bwiza ari umukobwa w’umuhanga, wicisha bugufi kandi ukunda umurimo, bityo ari byo bituma abantu bibeshya bakabona ko umubano wabo ari uw’abakundana. Ati: “Iyo ukorana n’umuntu mu buryo bwa hafi, abantu bahita bibwira ko harimo urukundo. Ariko njye sinjye wambere cyangwa wanyuma byabayeho. Ni ibintu bisanzwe mu myidagaduro.”

Uhujimfura yasabye abakunzi ba muzika nyarwanda kujya batandukanya akazi n’ubuzima bwite bw’abahanzi. Yasoje avuga ati: “Ndi umuyobozi we mu buryo bwa kinyamwuga, ntabwo ndi umukunzi we. Bwiza afite gahunda ze, kandi njye ndi hano kugira ngo dukore akazi gusa.”

Uhujimfura yasabye abakunzi ba muzika nyarwanda kujya batandukanya akazi n’ubuzima bwite bw’abahanzi
Manager Uhujimfura Jean Claude yashyizeho umucyo ku bivugwa ku mubano udasanzwe afitanye na Bwiza
Bwiza umuhanzikazi asanzwe areberererwa inyungu na Uhujimfura Jean Claude

ADVERTISEMENT
Previous Post

Hamenyekanye impamvu ibyuma byapfiriye kuri Kirikou gusa, bigashinjwa abayobozi b’igitaramo

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

Blandine Uwajeneza: Umukobwa wambara inkweto ndende zo ku rubyiniro agakiza ubuzima bwa bantu mu bitaro

June 10, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Manager Uhujimfura Jean Claude yashyizeho umucyo ku bivugwa ku mubano udasanzwe afitanye na Bwiza

Manager Uhujimfura Jean Claude yashyizeho umucyo ku bivugwa ku mubano udasanzwe afitanye na Bwiza

October 21, 2025
Hamenyekanye impamvu ibyuma byapfiriye kuri Kirikou gusa, bigashinjwa abayobozi b’igitaramo

Hamenyekanye impamvu ibyuma byapfiriye kuri Kirikou gusa, bigashinjwa abayobozi b’igitaramo

October 21, 2025
Rutsiro: Abacukuzi batatu barimo umwana w’imyaka 16 bagwiriwe n’ikirombe

Rutsiro: Abacukuzi batatu barimo umwana w’imyaka 16 bagwiriwe n’ikirombe

October 20, 2025
Gatsibo: Umugabo waketswe ko yibye inka, yishwe atewe imisumari mu mutwe

Gatsibo: Umugabo waketswe ko yibye inka, yishwe atewe imisumari mu mutwe

October 20, 2025

Recent News

Manager Uhujimfura Jean Claude yashyizeho umucyo ku bivugwa ku mubano udasanzwe afitanye na Bwiza

Manager Uhujimfura Jean Claude yashyizeho umucyo ku bivugwa ku mubano udasanzwe afitanye na Bwiza

October 21, 2025
Hamenyekanye impamvu ibyuma byapfiriye kuri Kirikou gusa, bigashinjwa abayobozi b’igitaramo

Hamenyekanye impamvu ibyuma byapfiriye kuri Kirikou gusa, bigashinjwa abayobozi b’igitaramo

October 21, 2025
Rutsiro: Abacukuzi batatu barimo umwana w’imyaka 16 bagwiriwe n’ikirombe

Rutsiro: Abacukuzi batatu barimo umwana w’imyaka 16 bagwiriwe n’ikirombe

October 20, 2025
Gatsibo: Umugabo waketswe ko yibye inka, yishwe atewe imisumari mu mutwe

Gatsibo: Umugabo waketswe ko yibye inka, yishwe atewe imisumari mu mutwe

October 20, 2025
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Manager Uhujimfura Jean Claude yashyizeho umucyo ku bivugwa ku mubano udasanzwe afitanye na Bwiza

Manager Uhujimfura Jean Claude yashyizeho umucyo ku bivugwa ku mubano udasanzwe afitanye na Bwiza

October 21, 2025
Hamenyekanye impamvu ibyuma byapfiriye kuri Kirikou gusa, bigashinjwa abayobozi b’igitaramo

Hamenyekanye impamvu ibyuma byapfiriye kuri Kirikou gusa, bigashinjwa abayobozi b’igitaramo

October 21, 2025
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com