• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Manager Uhujimfura Jean Claude yashyizeho umucyo ku bivugwa ku mubano udasanzwe afitanye na Bwiza

Prince Mutabazi by Prince Mutabazi
October 21, 2025
in Imyidagaduro
0
Manager Uhujimfura Jean Claude yashyizeho umucyo ku bivugwa ku mubano udasanzwe afitanye na Bwiza
0
SHARES
11
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Mu magambo yatangarije ibitangazamakuru, Uhujimfura yavuze ko abantu bari gukabiriza ibintu kandi ko umubano bafitanye na Bwiza ushingiye gusa ku kazi, atari urukundo bafitanye adahuye n’ibyo bakora. Yagize ati: โ€œNka Bwiza we hari ibintu byinshi angomba, nkโ€™ubu mperutse kwiyicarira ahantu mbona umuntu ndamushima, ntera intambwe yo kumwegera, uwo bari kumwe aramubwira ati โ€˜wowe Bwiza arakwicaโ€™. Mbura uko ngira ndigendera.โ€

Uhujimfura yakomeje avuga ko abantu bakunda guhuza ibisa nโ€™urukundo nโ€™ibyo babona bidafite ishingiro, kugira bakunde batwike ku mbugankoranyambaga gusa ku bwanjye siko biri.

Yagize ati: โ€œBwiza agira ubuzima bwe, ntabwo ubuzima bwโ€™urukundo njye na we tubuhuza. Ntekereza ko umunsi umwe azamubereka kuko njye ndamuzi.โ€

Yakomeje asobanura ko Bwiza ari umukobwa wโ€™umuhanga, wicisha bugufi kandi ukunda umurimo, bityo ari byo bituma abantu bibeshya bakabona ko umubano wabo ari uwโ€™abakundana. Ati: โ€œIyo ukorana nโ€™umuntu mu buryo bwa hafi, abantu bahita bibwira ko harimo urukundo. Ariko njye sinjye wambere cyangwa wanyuma byabayeho. Ni ibintu bisanzwe mu myidagaduro.โ€

Uhujimfura yasabye abakunzi ba muzika nyarwanda kujya batandukanya akazi nโ€™ubuzima bwite bwโ€™abahanzi. Yasoje avuga ati: โ€œNdi umuyobozi we mu buryo bwa kinyamwuga, ntabwo ndi umukunzi we. Bwiza afite gahunda ze, kandi njye ndi hano kugira ngo dukore akazi gusa.โ€

Uhujimfura yasabye abakunzi ba muzika nyarwanda kujya batandukanya akazi nโ€™ubuzima bwite bwโ€™abahanzi
Manager Uhujimfura Jean Claude yashyizeho umucyo ku bivugwa ku mubano udasanzwe afitanye na Bwiza
Bwiza umuhanzikazi asanzwe areberererwa inyungu na Uhujimfura Jean Claude

ADVERTISEMENT
Previous Post

Hamenyekanye impamvu ibyuma byapfiriye kuri Kirikou gusa, bigashinjwa abayobozi b’igitaramo

Next Post

Madebeats na The Ben biyungiye mu Bwongereza nyuma yโ€™imyaka barebana ayโ€™ingwe

Prince Mutabazi

Prince Mutabazi

Next Post
Madebeats na The Ben biyungiye mu Bwongereza nyuma yโ€™imyaka barebana ayโ€™ingwe

Madebeats na The Ben biyungiye mu Bwongereza nyuma yโ€™imyaka barebana ayโ€™ingwe

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

โ€œUzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumvaโ€

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joลกko Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026

Recent News

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

Liam Rosenior yahakanye ibihuha bivuga ko Cole Palmer agiye kwerekeza muri Manchester United

January 28, 2026
Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

Bruce Melodie yafashe rutemikirere yerekeza muri Tanzania aho ari mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo Pom Pom

January 28, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

CAF yasesenguye ibyabaye ku mukino wa nyuma wa AFCON hagati ya Senegal na Morocco

January 28, 2026
Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

Rubavu: Abatujwe i Gora baravuga ko batishimiye imibereho babayemo, nyuma yo gutuzwa mu nzu zidafite ibikoni

January 28, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

ยฉ 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

ยฉ 2024 KasukuMedia.com