• Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us
Kasuku Media
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection
No Result
View All Result
Kasuku Media
No Result
View All Result
Home Imyidagaduro

Marina yahakanye yivuye inyuma ibyo kwibagisha ikibuno

JaySqueezer by JaySqueezer
December 3, 2024
in Imyidagaduro
0
Marina yahakanye yivuye inyuma ibyo kwibagisha ikibuno
0
SHARES
50
VIEWS
WhatsAppShare on FacebookShare on Twitter
ADVERTISEMENT

Ni amakuru amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye avuga ko mu minsi yashize Marina yagiye muri Nigeria kwibagisha ikibuno.

Umuhanzikazi Marina yahakanye amakuru y’ibimaze iminsi bivugwa ko yibagishije akongeresha ikibuno.

Uyu muhanzikazi aganira n’ibitangazamakuru byo mu Rwanda  ko kwibagusha ikibuno, avuga ko atari ibintu yakora Yagize ati “Ukuri ni uko ntakora ibyo bintu, Imana ibindinde.”

Mu buryo bwo gutebya Marina yakomeje avuga ko nubwo abantu bakomeje kuvuga ko yibagishije ikibuno atariko bimeze ahubwo we azi ko yananutse.

Ati “Ahubwo narananutse niko imfura zibyibuha, iyo unanutse unanuka munda wabyibuha ukabyibuha ikibuno, sinzi impamvu batabyumva.”

 

ADVERTISEMENT
Previous Post

DRC: Abantu10 bapfuye abandi bashimutwa mu gitero cya ADF

Next Post

Fro Eli yarahiriye guhangamura abahanzi bakomeje gupfubya umuziki Nyarwanda

JaySqueezer

JaySqueezer

Next Post
Fro Eli yarahiriye guhangamura abahanzi bakomeje gupfubya umuziki Nyarwanda

Fro Eli yarahiriye guhangamura abahanzi bakomeje gupfubya umuziki Nyarwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IFOTO Y’UMUNSI



  • Trending
  • Comments
  • Latest
“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

“Uzacyena iteka nuramuka ukomereje aha: Ukuri guteye ubwoba abagabo benshi banga kwumva”

April 17, 2025
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ikuyeho Uburenganzira bw’Agateganyo ku Bimukira barenga 530,000

March 22, 2025
Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

Arsenal yatangiye ibiganiro byo gushaka Eberechi Eze

June 30, 2025
Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

Joško Gvardiol wa Manchester City yasubije Jurgen Klopp watutse irushanwa rya FIFA Club World Cup

July 1, 2025
Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

Atletico Mineiro na Botafogo,ni nde uhesha ishema Brezil?

9
Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

Urugendo rwa Perezida Joe Biden muri Angola rwibanze ku ngingo eshatu z’ingenzi

4
Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

Uyu munsi haraca uwambaye hagati y’ikipe ya Arsenal Fc na Manchester United

3
Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

Ishyamba si ryeru kwa Kanye West na Bianca Censori

2
Umuti urinda kwandura Virusi itera Sida uzatangira gukoreshwa mu Rwanda muri uyu mwaka wa 2026

Umuti urinda kwandura Virusi itera Sida uzatangira gukoreshwa mu Rwanda muri uyu mwaka wa 2026

January 15, 2026
Abarimo DJ Caspi, DJ Lou, Chelina Doll na Jesa ni bamwe mu bazitabira ‘First Class Friday’

Abarimo DJ Caspi, DJ Lou, Chelina Doll na Jesa ni bamwe mu bazitabira ‘First Class Friday’

January 15, 2026
Perezida Évariste Ndayishimiye yavuze ko ejo hazaza h’umuntu hagenwa n’Imana, yirinda kwemeza ko aziyamamaza muri 2027

Perezida Évariste Ndayishimiye yavuze ko ejo hazaza h’umuntu hagenwa n’Imana, yirinda kwemeza ko aziyamamaza muri 2027

January 15, 2026
Ibitaramo ni byinshi byaguciyeho, iki cyo ntikigucike

Ibitaramo ni byinshi byaguciyeho, iki cyo ntikigucike

January 15, 2026

Recent News

Umuti urinda kwandura Virusi itera Sida uzatangira gukoreshwa mu Rwanda muri uyu mwaka wa 2026

Umuti urinda kwandura Virusi itera Sida uzatangira gukoreshwa mu Rwanda muri uyu mwaka wa 2026

January 15, 2026
Abarimo DJ Caspi, DJ Lou, Chelina Doll na Jesa ni bamwe mu bazitabira ‘First Class Friday’

Abarimo DJ Caspi, DJ Lou, Chelina Doll na Jesa ni bamwe mu bazitabira ‘First Class Friday’

January 15, 2026
Perezida Évariste Ndayishimiye yavuze ko ejo hazaza h’umuntu hagenwa n’Imana, yirinda kwemeza ko aziyamamaza muri 2027

Perezida Évariste Ndayishimiye yavuze ko ejo hazaza h’umuntu hagenwa n’Imana, yirinda kwemeza ko aziyamamaza muri 2027

January 15, 2026
Ibitaramo ni byinshi byaguciyeho, iki cyo ntikigucike

Ibitaramo ni byinshi byaguciyeho, iki cyo ntikigucike

January 15, 2026
ADVERTISEMENT
Kasuku Media

Tubagezaho amakuru acukumbuye avugwa mu Rwanda, mu karere no mu mahanga mbere y'abandi!

Ibirimo

  • Amakuru
  • Ibindi
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Iyobokamana
  • Karabaye
  • Kasuku Breakfast
  • Politike
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo
  • World

Amakuru Mashya

Umuti urinda kwandura Virusi itera Sida uzatangira gukoreshwa mu Rwanda muri uyu mwaka wa 2026

Umuti urinda kwandura Virusi itera Sida uzatangira gukoreshwa mu Rwanda muri uyu mwaka wa 2026

January 15, 2026
Abarimo DJ Caspi, DJ Lou, Chelina Doll na Jesa ni bamwe mu bazitabira ‘First Class Friday’

Abarimo DJ Caspi, DJ Lou, Chelina Doll na Jesa ni bamwe mu bazitabira ‘First Class Friday’

January 15, 2026
  • Love Connection
  • About Us
  • Services
  • Privacy Policy
  • Terms and Conditions
  • Team Members
  • TV
  • Advertise With Us
  • Contact Us

© 2024 KasukuMedia.com

No Result
View All Result
  • Home
  • Amakuru
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politike
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • KASUKU MEDIA TV
  • AGASOBANUYE
  • Love Connection

© 2024 KasukuMedia.com